Home News Iperereza ry’ABONGEREZA M16 rivuga ko,ryaburijemo umugambi mu bisha w’umwakagara

Iperereza ry’ABONGEREZA M16 rivuga ko,ryaburijemo umugambi mu bisha w’umwakagara

0

Amakuru ikinyamakuru inyangeNewss.com,kimaze iminsi gikora iperereza ry’imbitse,kurugendo rw’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa ubalizwa mu gihugu cy’America, IWASHINGTON DC umurwa mukuru w’America.

Iperereza ryimbitse rigaragaza ko,Umwami w’uRwanda avuye mu gihugu cy’UBWONGEREZA (UNITED KINGDOM) aho yari yatumiwe na mugenzi we Umwami Kazi ELIZABETH ll kugirango baganire uburyo yamushyigikira gutaha agasubira muri gakondo ye yitwa uRwagasabo!

Amakuru dufitiye za gihamya zibigaragaza,nta bwo bikiri ibanga kubijyanye nimitahukire y’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,kuko ubu amakuru yabaye ikimenya bose ubwo ibitangaza makuru byose bikomeye ku isi byashyiraga ahagaragara inkuru y’urugendo rw’Umwami w’uRwanda mu gihugu cy’UBwongereza babinyujije kuri satellite TV.

Amakuru avuga ko,ibiro by’Iperereza ryo mu Bwongereza byitwa M15,M16, bamenye amakuru aturutse I Kigali yuko umwakagara ashaka kwivugana Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa, ubwo yari murugendo mu gihugu cy’Ubwongereza, (UNITED KINGDOM)  maze umutekano wa Nyir’uRwanda bawitaho cyane kurushaho ku buryo bukomeye cyane.

Amakuru avuga ko,inzego z’umutekano zakoze ibishoboka byose kugirango zirinde umutekano w’Umwami w’uRwanda, maze amazina yabo ntibigeze bayakoresha ahubwo bahawe amazina mashya kandi ntabwo bigeze barara muri hotel iminsi irenga [2] kuko bahitaga babimura kubera ko abakagara bari batangatanze hirya no hino kugirango barebe yuko babasha gusohoza umugambi mubisha ariko Uhoraho abasha kuburizamo imigambi yincakura kugeza ubwo urugendo rwarangiye abakagara bagikanuye amaso bataramenya hotel Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa nabajyanama be,baciriwemo  alinda agaruka muri America amahoro batarabutswe!

Amakuru akomeza avugako,umugambanyi mukuru Gakwaya Jean Marie atigeze ajyana na Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,muri urwo rugendo,ngo kuko yari yizeye yuko gahunda yo kumushimuta yamaze gutunganywa.Amakuru avuga ko,ngo yavuze ko atajyanye n’Umwami kubera Passport ye yarangiye akaza cyakora yaje gusaba indi Passport aza kuyibona kumunota wa nyuma bagaruka bavuye murugendo.Tekereza nawe nk’umuntu wumudiplomate ukomeye nkuriya nigute ashobora kwibagirwa yuko Passport ye yarangiye (Expired) kandi nubundi asanzwe ategura ingendo za Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa asanzwe akorera hirya no hino ku isi mu bihugu bitandukanye birimo u bwami bugendera ku itegekonshinga?Abakagara bazajye babeshya Abashinwa batazi ikinyarwanda usibye ko,nacyo mur’iyiminsi bakimenye kubera amaeyeri yinda!

Mwibuke ko,ubuhanuzi bwo mu gice cya (33);(34) bwavugaga ko,Umwami w’uRwanda agiye kugira urugendo,ariko abakagara bazaba biteguye kuzahura nawe muri urwo rugendo bityo bagakora ibshoboka byose bagahumanya ibyo kunywa by’Umwami nyir’uRwanda kugirango narangiza urwo rugendo azahite atanga yigire uwabo wa twese ariko ubuhanuzi bwavuze yuko ngo Uhoraho nawe yari yabukereye maze aburizamo imigambi yabo ntiyatungana akaba ariyo mpamvu nyamukuru twahamagaje amasengesho y’ikuba gahu twasenze kandi murabona yuko yagize umusaruro mwiza.

Amakuru aturuka mu biro bikuru by’Iperereza mu murwa mukuru wa Kigali,aravuga yuko,ngo umwakagara ubu ameze nkurwaye cyane kubamubonye ubwo yafungura ya nzu yubatse yakataraboneka yitwa KIGALI CONVETION CENTER (KCC) iyo nzu ikaba ikubiyemo aho bazajya bakorera inama zinyuranye,ikaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu benshi batandukanye yaba abaje kuhakorera inama,cyangwa se abashyitsi baturutse hirya no hino ku isi bagendereye urwagasabo.

Kubigaragara umwakagara amaze kubaka za hotel nyinshi mu murwa wa Kigali afatanije n’Abashinwa (CHINA)  yarangiza akazibitirira akavuga ko arabashora mali baje gushora  akazibitirira akavuga ko arabashora mali baje gushora  akazibitirira akavuga ko arabashora mali baje gushora imali muri gakondo yacu nyamara ahubwo arabakozi bahawe imilimo yo kubaka no gucunga izo hotel kugirango bitamenyekana yuko,ar’iz’umwakagaraimali muri gakondo yacu nyamara ahubwo arabakozi bahawe imilimo yo kubaka no gucunga izo hotel kugirango bitamenyekana yuko,ar’iz’umwakagara.

Iyi nzu hamwe nizindi zose zishobora kutazasigara mu gihe umwakagara azaba akuwe  ku ngoma kubera ubutegetsi bubi bw’igitugu.Kandi ibyo yubatse byose byanze bikunze bizamukurikira kuko ari ko yavuze ko azarusiga uko yarusanze.Biravugwa ko,umwakagara yagaragaye asa numurawayi ubwo yafunguraga iyo nzu kumugaragaro, ngo ntabwo yaranezerewe  nk’uko ubusanzwe yajyaga abigaragaza iyo yabaga agiye gushyira ahagaragara igikorwa nkicyo yitiriye abanyarwanda kandi ntaho bahuriye nacyo, ndetse na diskuru ye ntabwo uko abantu bari bayiteze ari ko bayibonye, ngo yarasuherewe cyane ubona  ko yaba yatangiye kubona amarembera ye,ubundi yajyaga ngo abyumvisha amatwi,ariko noneho amaze kubyibonera.

Ntagshidikanya yuko,imizi umwakagara Gakwaya Jean Marie yari yarashoye mu nteko y’ibwami bw’uRwanda,Uhoraho atazabura kuyitema yose akayicamo kabili maze igiti kikazuma gihagaze uko cyakabaye kizaba gisigaje kurimbuka kuko ntarufatiro kizaba gisigaranye ng’uko uko Uwiteka akora kubo akunda abitaho kandi akabagirira neza nk’uko abyifuza.

Ikinyamakuru inyangeNews cyashatse kuvugana numwe mubagize inteko y’ibwami ariko ntibyashoboka,duhitamo kwitabaza izi video zigaragaza uruzinduko rwa Nyir’uRwanda mu gihugu cy’Ubwongereza (UNITED KINGDOM)  kugirango mubashe kureba no kumva kandi murusheho gusobanukirwa neza iby’urugendo rwe.Reka dutegereze ijambo ry’Ubuhanuzi rizaduha vuba igisubizo kumwanzuro Ijuru kubijyanye na bagambanyi [3] bavuzwe mu buhanuzi bagiye kwinjira mu butayu bugufiya

Mwibuke yuko ubuhanuzi bundi buvuga ko,Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,yagaragaye ataha ajya kwima ingoma,aherejwe na bantu batarenze [2] burya ubuhanuzi buvuga akazabaho.None se niba inteko y’ibwami yaramaze kwinjirwamo na ngese ubwo urumva gutaha ku Mwami w’uRwanda kutaaba gukomeye cyane?Ninde azizera niba ari uko bimeze!? Byose igisubizo n’Ijambo ry’Uhoraho.

Abanyarwanda bakwiye kuba bibaza impamvu Uwiteka ahora yitayeho cyane ku bwami bw’uRwanda.Ndetse n’Umwami w’uRwanda sinzi niba abitekerezaho,uburyo Uhoraho amwitayeho cyane kurusha ibintu byose,kuko nta nyandiko nimwe y’ubuhanuzi wasanga itamuvugamo.Iki nikibazo nibajije uyu munsi nubwo bwose nalinzi igisubizo,ariko nibajije nimba Nyir’uRwanda nawe yaba yibaza uko na byibajije.Network yadutengushye ariko twabashakiye link mwabonaho izo video.

https://www.dropbox.com/sh/y4sosbns9kxlsia/AACMhe73wiU-_XK9Q1CA0TW4a?dl=0 ;

https://www.dropbox.com/s/1y5jq76hnbc8wqw/hm%20kigeli%20teaser.mp4?dl=0

 

Save

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar