Home Justice Inzu ya Adolf Hitler muri Austria yafashwe na leta

Inzu ya Adolf Hitler muri Austria yafashwe na leta

0

Muri iki cyumweru turangije leta y’Austria yatangaje yuko yamaze gufatira ibyemezo inzu yahoze ar’iya Adolf Hitler kubera iyo nzu ngo yibutsa abantu amateka mabi bityo bakaba barasabye uwarushinzwe kureberera iyo nzu ko yavugururwa ariko aza kubyanga maze bahitamo gufata ibyemezo ntakuka ubu bakaba bagiye kuyitunganya kugirango ayo mateka yibagirane.

Adolf Hitler yavutse mu mwaka wa 1889 ahitwa BRAUNAU akaba yaramenyekanye mu ntambara y all y’isi yose ahoy a yoboye urugamba ashaka gufata ubutegetsi bw’isi yose nyuma yahoo aza gutsindwa intambara maze aburirwa irengero bikaba bitazwi kugeza ubu uburyo yaba yarapfuyemo cyangwa niba yaba yariyahuye uko niko benshi bakunze kuvuga ariko usanga batabifitiye ibimenyetso

Leta y’Austria muri 1972 ikaba yarasabye uwarushinzwe iyo nzu nkimwe mu mitungo ya Adolf Hitler witwa Gerlide pommer ko iyo nzu yavugururwa ariko aza kubyanga avuga ko aramateka y’umuryango wabo.Ariko leta yagezeho isanga kuyireka byaba arugushyigikira iterabwoba ikaba yemeza ko ngo abakora iterabwoba ngo bajyaga gukodesha iyo nzu ngo bayibemo bibuka Hitler bakavuga ko bashobora kuhakura izindi mbaraga zidasanzwe ngo yaba yarafite ari nazo yakoreshega mukurwanya isi yose

Urubuga rwa bbc dukesha iyi nkuru ruvuga ko,byabanje kugorana kugirango leta ya Austria ifatire icyemezo imitungo ya Hitler ariko biza kugeraho ifata icyemezo ubanza no mu rwagasabo bishobora kuzagenda gutyo bitewe namateka mabi y’umwakagara na RPF ubanza bo ubwabo ni byabo bishobora kuzibagirana kubera amateka mabi bahaye isura y’igihugu idasa neza kugeza ubu kuko nibadakora gutyo abantu bazajya bahora bikanga umwakagara byanashoboka ko na nyuma y’intambara igiye gukuraho umwakagara abanyarwanda bashobora kuzazinukwa izina KAGAME PAUL

Sintekereza yuko icyo gihe har’umuntu uzifuza kuzita umwana we KAGANE PAUL,ubanza nabaryitwa ubu byashoboka ko bazahandura iryo zina bakitwa ayandi mazina adafite aho ahuriye nitera bwoba.Ubusanzwe umuntu yita izina ry’umuntu waryiswe kubera ibikorwa bye byiza

Sinzi rero uwitwa cyangwa uzita iryo zina twavuze haruguru  icyo azaba agambiriye mu gihe azaba adafite aho ahuriye nibikorwa byitera bwoba naho ubundi iyo umugabo atangiye kuvuga ngo ngaho niba urumugabo renga aka karongo akenshi uzasanga uwo muntu aba arumunyabwoba kandi ntabura kuneshwa kuko cyera twiga amashuli abanza niko twavugaga ngo ngaho renga aka karongo niba urumugabo nyamara uwavugaga gutyo ntiyaburaga kuneshwa

Numwakagara rero ubanza nawe aruko ntabwo waba uzi agaciro kintambara uburyo isenya ikaba itubaka,kandi abo ushaka guhangana nabo nta cyo bahomba ariko we afite igihugu ayoboye ubwo se intambara yatangira hakagira usigara mugihugu ugirango uRwanda ntibahita barushiramo akarusigaramo wenyine!

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar