Home News Inyamaswa ya mbere y’umubare (666) yamenyekanye!

Inyamaswa ya mbere y’umubare (666) yamenyekanye!

0

Anti Kristo yamenyekanye!

Amakuru yatangajwe n’igitangaza makuru cya Kenya cyita NTV,mu makuru ya saa moya,gitangaje ko umukuru w’igihugu cy’America BARACK OBAMA Hussen ngo asigaje iminota mikeya ngo agere ku butaka bwicyo gihugu.

Umubare (666) wamenyekanye!

Amakuru afite gihamya yatangajwe nicyo gitangaza makuru,aravuga yuko,OBAMA kuva akiri muto ubwo papa we umubyara yamuzanaga mu gihugu cya Kenya ari kumwe na mama we,bamubyaranye,ngo yamaze imyaka (6) muri icyo gihugu na amezi (6) n’iminsi (6) aho batangaje ko ari we nti-kristo uvugwa muri bibiliya ijambo ry’Imana ryanditswe mu byahishuwe ibice (13) umurongo wa(16) ukageza kuri (18)

Ubwo ni bwo Obama yavuye muri icyo gihugu,yongeye kugaruka muri icyo gihugu ubwo yabaga Senateri w’America nibwo yaje muri icyo ghugu cya mavuko agera ahitwa KIBERA aho yagiye aganiriza abaturage batandukanye.

Kuri Radio bbc Obama yatangaje yuko,nagera mu gihugu cya Kenya,azavuga kubijyanye n’ubitinganyi ko,abagabo n’abagore bagomba guhabwa uburenganzira kubashaka gushakana bahuje ibitsina.

Ibi bikaba bidakozwa umukuru w’igihugu wungirije Nyakubahwa William Ruto ufatwa nk’umukizwa kuva kera yiga muri kaminuza.Ikindi gihamya ko Barack Obama ariwe (666) imodoka yanditseho THE BEAST,bisobanura inyamaswa.Anti-Kristo akaba abonye akanya ko kwitangaza no kwishyira ahagaragara abikoreye muri Africa mu gihugu cya Kenya.

Herekanywe indege yicaramo agatanga deskuru ikagera kubaturage atiriwe ayivamo kubera umutekano we mucye ,mucye bicyekwa ko ashaobora kugirirwa nabi bityo ntabe yabasha gusohoza gahunda ze za satani nk’uko we abyivugira.

Nuko rero abari bafite amatsiko yo kumenya uburyo Anti-Kristo azaza,twizere ko byashyizwe ahagaragara ubwo abashaka ijuru,mu bonye makuru,nabashaka umuriro mubonye amakuru mwashakiwe n’ikinyamakuru Inyangenews.

Ngaho rero abakiranirwa nimukomeze mukiranirwe,nabashaka ijuru mukomeze mukiranuke,mu gihe ibyo birimo kuvugwa,andi makuru yizewe aravuga yuko na Papa arinyuma agiye kuza muri icyo gihugu cyashyize ahagaragara ibikorwa bya Anti-Kristo wamaze kwitanganza kumugaragaro.

Iyo niyanyamaswa ya kabiri ivugwa mu byahishuwe,mukomeze gukurikirana makuru ku inyangeNews,mukanya turabagezeho amakuru kuri radio inyange amakuru asobanutse neza kubijyanye n’ihishukirwa rya Anti-Kristo umunyamakuru wacu w’inyange arahatubereye ubwo nahomukanya.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar