Home News Inyamaswa ya ll nayo irinyuma!

Inyamaswa ya ll nayo irinyuma!

0

Umushyitsi w’imena warutegerejwe BARACK OBAMA Hussein,amaze kugera mu gihugu cya Kenya,umurwa mukuru wa Nairobi,yageze ku kibuga kindege cya JOMO KINYATTA INTERNATIONAL AIRPORT JKIA saa mbiri ni minota ibiri 8:02 Pm.

Akimara kugera ku kibuga cya kindege yakiriwe na mugenzi we,UHURU KENYATTA MWAGAI wari kumwe na government ayoboye yose,ariko nta bwo vice perezida WILLIAM SAMUIE RUTO yahagaragaye nk’uko umunyamakuru w’inyangeNews uhatubereye yabitubwiye.

Obama akimara kwakirwa na mugenzi we,warurikumwe na mushiki wa BARACK Obama ukomoka mu bwoko bw’ABAJALUWO, yahise asinya mu gitabo cy’abashyitsi basinyamo binjiye mu gihugu,nta bwo yakiriwe haba mu ndirimbo cyangwa uburyo bwose bwa Gakondo bukoreshwa muri Africa kubera ko hari nijoro.

Biteganijwe yuko ku munsi wejo azahura nabacuruzi ahitwa GIGIRI mu biro bikuru bya UNITED NATIONS UN aho azamara iminota Mirongo (90) aho azaganiriza abacuruzi kubijyanye n’ishoramari muri Afrika.

Obama yazanye nabanyamakuru bagera kuri (170) hamwe nabacuruzi (30) bose hamwe bakaba (200) bakaba bazanye mu ndege ye yitwa AIRFORCE (1) ikaba ifite ingazi Barack Obama amanukiraho ava mu ndege zikaba zigendanwa aho agiye hose.

Ikinyamakuru inyangeNews cyabashije kubona abo banyamakuru bamanukiye mu muryango w’inyuma,naho Obama akaba yamanukiye mu muryango w’imbere aho yashyiriweho izo ngazi ze amanukiraho.

Leta ya UHuru yagaragaye ku kibuga kindege aho bavuye kuri icyo kibuga kindege cya JKIA,nyuma yuko umukuru w’America yaramaze kugenda yerekeza muri Abassade ya America aho ari buze kuva yerekeza ku biro bikuru bya UN.

Biteganijwe ko ku cyumweru azacirwa ku kibuga cya ahitwa KASARANI,aho azageza ijambo ku banyaKenya nyuma yuwo muhango,akazahita ava muri icyo gihugu,biravugwa ko ashobora kuzerekeza muri Egpty cyangwa Ethiopia bikaba bitaramenyekana neza,igihugu azerekezamo.

POPE Francois inyamaswa ya ll.

Nyuma y’uru rugendo,biteganijwe ko,inyamaswa ya ll yitwa papa Papa François 1st  nawe azaza muri icyo gihugu mu gushyingo 2015,aho azakomeza urugendo yerekeza muri Uganda,akazabanza kuza muri Kenya gushimangira imizi ya Anti-kristo umaze kwakirwa mukanya kashize akaba anakomeza kwakirwa muri icyo gihugu kugeza kumunsi wa kabiri wo kucyumweru aho azahita arangiza urugendo rwe.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar