HomeNewsIntumwa ya SATANI Gitwaza utwaza igitugu ubwoko bw'Imana,gukwirakwiza inkozi z'ibibi mukarere kibiyaga...

Intumwa ya SATANI Gitwaza utwaza igitugu ubwoko bw’Imana,gukwirakwiza inkozi z’ibibi mukarere kibiyaga bigari!?

Feb 21, 2017 nyanwa mu iyerekwa mbona intumwa ya Satani Gitwaza Paul Muhiwa wahiriwe na Satani nabadayimoni,akanatwaza igitugu abamukurikiye.Mbona uburyo yagiye gusabisha abapfakazi bo mu idini rye,abwira abaterankunga yuko abapfakazi ba genocide bamerewe nabi badafashwa na leta ya FPR,kandi yuko iyo hagize igihugu gitanga inkunga abayobozi bazirira.Ariko ngo we kuko ar’umuntu w’Imana naramuka abonye izo nkunga azazifashisha abo bapfakazi kandi zibagereho neza uko niko yavuze!

Nerekwa abo bazungu bamuha inkunga nyinshi cyane,arazizana nta muntu numwe wigeze kumenya ibyizo mfashanyo yahise nawe akora uko abo yagayaga bakoze maze azishyirira mu mufuko iby’abapfakazi bishirira aho.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu andika ubwo buhemu buvanze nubujura bw’intumwa ya Satani Gitwaza utwaza igitugu kugirango ababisoma babimenye kandi babisobanukirwe niko Uwiteka avuga.

Mu gihe nkiri muri iryo yerekwa mbona mwishwa wanjye nigishije ijambo ry’Imana,arananira yigira mu nkozi z’ibibi witwa Mukeshimana Jennette wikorera umwuga wo kuroga.Mbona avuye mu idini rya Evangelical Restoration Church,yimukira kwa Gitwaza utwaza igitugu abantu b’Imana.Mbona akurwa kurwego rwo gukoresha imyuka mibi yo kurwego rwo hasi,azamurwa mu ntera yo kuzajya akoresha imyuka mibi ijya kugera kurwego rwa ba Gitwaza utwaza igitugu abantu b’Imana.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,erega burya uwagiye ikuzima,nta bwo ajya apfa kuvayo!Biragoye cyane kugirango azaveyo,yaramaze kugerayo.Mwishwa wawe Jennette abaye ubukombe mu gukora ibikorwa byo ukiranirwa dore agiye kuzamurwa na Gitwaza intumwa ya Satani bazajye bakorana mu buryo bw’ibanga kuko Gitwaza niwe ukuriye inkozi z’ibibi zose zo mukarere kibiyaga bigari uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga!

Nerekwa ihuriro rya politike riri kubutegetsi mu gihugu cya Kenya Jubilee Coalition,mbona bavuga ko,bamaze kwandikisha abantu benshi bazabatora kandi akaba aribo benshi kuruta NASA,ariko byari ibinyoma ahubwo NASA ibarusha abantu benshi ahubwo barimo gushaka uburyo bwo kwiba amajwi ya matora azaba muri uyu mwaka mukwezi kwa kanama 2017 niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON,hari umusore ukoresha imyuka mibi ikomeye atuye ahantu hitwa MAKUWENI aho niho abantu benshi bajya gukura imbaraga z’umwijima zo guhitana abantu.Ninaho umwe mu nkozi z’ibibi yagiye gushakisha imbaraga zo guhitana Umuhanuzi Kazi “DEBORAH”wavutse ku buryo bw’ibitangaza none umwanzi arashaka kumuhitana kuko imbaraga ze,zirimo kugenda zikendara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wa mupiara wakinaga na BEGA urarangiye burundu.Kandi dore bagiye gushaka noneho uburyo bagaruka biyita abakiristu basaba yuko wabasabira umugisha kuko umuvumo wabavumye wababayeho akarande.None uramenye nujya gusabira umuntu umugisha uzajy’ubanze witonde ubanze ubaze Uwiteka Imana kugirango utazatanga umugisha ku bantu bavumwe n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka nyiringabo uko niko Uwiteka abitegetse!

Nerekwa nsengera abana b’abahungu [2] bahumanijwe bahinduka abasazi barakira!Maze ababyeyi babo baratangara cyane kuko bari bafite agahinda gakomeye cyane kuko ari bo bonyine bari bafite maze inkozi z’ibibi zikabahumanya bagasigara bahangayitse batazi icyabakiriza abana dore yuko bari barabavuje ahantu hose hashoboka bakanga gukira uko niko Uwiteka akora.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo washatse umugore mwiza cyane,ariko uwo mugore yashatse akaba iwabo aho akomoka bakoresha imyuka mibi,yatumye uyu mugabo aba umukene akaba adashobora guhirwa kubera imyuka mibi ya mugore yashatse yavanye iwabo ayizana murugo rw’uwo mugabo.Ikindi uwo mugore akaba asambana cyane akunda guca inyuma umugabo we,akaba yambara imyenda itera ubuhehesi buhamagara abagabo bifuza gusambana nawe.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uriya mugabo ubonye agiye ku kwandikira agusaba kumusengera none umwigishe gusenga kandi umubwire yuko yahumanijwe adashobora kuba umunyamugisha kuko umukunzi we ari we wamuhumanije akamuhindura igicumbi cya badayimoni kugirango iwabo bagumane imitungo bakomora kubadayimoni uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Ibi weretswe ubyandike kandi ntumugire iyindi nama yindi usibye kumwigisha gusenga batazavugayuko ari wowe wamufashije gusenya urugo rwe niko Uwiteka avuga.Ndetse namazina ye ntuyashyire ahagaragara kuko ari bwimenye Numara kwandika ubu butumwa ari busome kandi aramenya yuko ari we buvuga.

Ubwo mfata ikaramu yanjye (LapTop) ngiye kwandika ijambo ry’Uwiteka,nsanga uwo mugabo amaze kunyandikira ambwira uko byifashe murugo rwiwe.Mubwira yuko igisubizo ari bugisange ku inyangeNews.com akamenya icyo Uwiteka yamuvuzeho ahasigaye akaba ari we uzifatira umwanzuro niko Uwiteka avuga.

Save

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments