Amakuru yaraye ageze ku inyangeNess.com,aturutse mu nzego z’ubutasi z’umwakagara,aravuga yuko,nyuma yuko Abega babasheshe aka nguhe,baviriye kubaza abazimu bo mu bigabiro bya Ndari wa Ndahiro mu Ndorwa,nihariya mu gihugu cya Uganda ahahoze ar’uRwanda ahitwa mu NKORE.
Amakuru avuga yuko,ngo abazimu bababwiye yuko,ngo kugirango umwakagara abashe kuramba ku ngoma,arasabwa gukora ibishoboka byose,akica umuhanuzi ugiye kwambuka amazi magari.
Nk’uko amakuru abivuga,ngo uwo niwe warusimbutse ari kumwe na Nyina,uko niko,babyizera,ikindi gikomeye abadayimoni batangarije umwakagara,ngo uko aramutse abonye icyo gitambo cy’umuhnauzi,ngo yaba agize amahirwe akomeye kuburyo yazasazira ku ntebe yabukunzi!
Ibyo byabaye hagati muri Nyakaganga mbere yuko bizihiza ifatwa ry’umurwa mukuru wa gakondo yabakiranutsi.Abazimu bababwiye yuko,ibyo nibatabasha kubigeraho nta kazashoboka ngo kuko uwo muhanuzi ariwe utaje akaga n’ibyago,n’amakuba n’ibyago kubera guhanura bityo abazimu bumwakagara bakabura imikorere kuko baba bahangana n’ijambo ry’Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Ni muri urwo rwego,umwakagara akomeje gukora hasi no hejuru kugirango abashe guta muri yombi umuhanuzi Majeshi Leon kugirango abashe gutanga igitambo kizatuma agumana ubutegetsi.
Niyompamvu akomeje gukaza umurengo,n’Uwiteka nawe akarushaho gukaza umurego,reka rero tubitege amaso niba umwakagara azabasha kubona icyo gitambo kugirango ahamane intebe yabukunzi.
Za magigiri zahagazwe cyane mu gihugu cya Kenya umurwa mukuru wa Nairobi,aho ubu batakigoheka,ngo birirwa barebuzwa hirya no hino,ngaho mu madini,ngaho ku kibuga cy’indege cya JKIA bareba ko umuhanuzi yahanyura kuko bamaze kubona amakuru yuko ashobora kwambuka amakuru atarinze kunyura mu muryango wa bibumbye HCR.Dore ako ari za maneko zihora zitegeye ngo zirebe ko za muca iryera.
Nk’uko ubuhanuzi bibuvuga,ngo umwakagara yatanze ibihembo bikomeye cyane,ku muntu uzabasha gutanga amakuru afatika y’uburyo uwo muhanuzi yaboneka,ariko kugez’ubu nta muntu urabasha gutanga amakuru yahoo ashobora kuboneka,wagirango ni Hussen Bin Laden bari guhiga!Ahaa nzaba mbarirwa harahagazwe da!!Birabe ibyuya ntibibe amaraso.
Ko mbona se zisakabaka zigera urugwiro,noneho kagara ka rutagambwa araza kugana hehe?Ubanza bitoroshye,nibashake umuhinza ahigure umuhigo yahize kugirango babashe kugumana intebe yabukunzi naho ubundi nibitaba ibyo,ubanza ataza kurenza ibice by’ibihe (3);nyamara se,abasangirangendo ntibamaze kumugambanira?Bitekerezeho!





