HomeUncategorizedIntambara y'umwakagara n'Abahanuzi b'Uwiteka bo mu bwoko bw'Abahutu!

Intambara y’umwakagara n’Abahanuzi b’Uwiteka bo mu bwoko bw’Abahutu!

Umwami w’Ububiligi.

KingKuwa 21 Nyakanga 2015 Nerekwa ndi mu gihugu cy’ububiligi k’umugabane w’Uburayi,maze ninjira mu cyumba cy’amasengesho gisengeramo abanyarwanda ,ngezemo mbona intebe zirimo zishaje kandi zaravunitse.

Nuko Umwuka w’Uwiteka anzaho ati « Nubwo mubona iyi nzu ari nziza ,imeze neza gutya ! Dore nta buye rizasigara rigeretse ku rindi,yose izasenyuka kubera ko mwubakiye ku bigirwamana uko niko Uwiteka avuga.

AgacuDore mwifatanyije na HALLOWEEN,dore mwubakiye k’uducurama,bisobanura ko,mudashyushye,kandi mukaba mutanakonje kuko muyoborwa n’umwuka wabadayimoni w’urupfu witwa ibihunyura byica umuntu ku bihunyira »,nuko ntangira gusobanura ko uducurama,ibu buryo bw’Umwuka dead walk » uko niko Uwiteka avuga.

Ibihunyira bivuga Lucifer umwami w’umwijima,nuko abari aho bati yoooh ati ntago ariko twari tubizi kubera batadusobanuriye.

UmupangaNjyanwa mukibaya cyo kwerekerwamo munsi ya gakondo yabakiranutsi, mbona mu Rwanda bahiga abahanuzi bo mu bwoko bw’abahutu,kugirango babace ibihanga babimanike kukarubanda kugirango hatazagira uwongera gujirahira kubayakinisha guhanura, ariko nkabona batabasha kubafata kuko bari barinzwe n’Uwiteka,babatega imodoka ngo zibagonge byitwe impanuka biranga,batema ibiti ngo bigwe ku modoka barimo birananirana,birangira abanzi b’umusaraba baneshejwe nuko nyuma mbona habayeho irondamoko nuko bategeka ko umututsi wese washatse umuhutu amuvaho bagatandukana,n’umututsi wese ukorera umuhutu abireke,ngo ese ni iki babuze muri FPR ?

kgNkiri muri uwo mwuka,mbona mu Rwanda habayeho gushyamirana hagati y’amoko,bivamo kwicana aho nabonaga bamwe bashoreye inka z’amahembe maremare ngo zibafashe gutanyaguza ubundi bwoko inka bisobanura « abadayimoni »,nuko kandi ukabona ubwo bwicanyi ntacyo bubatwaye.

Pieere Nkurunziza Burundi.

PNerekwa igihugu cy’Abaturanyi cy’Isamariya « Uburundi » habaye amatora nuko CNDD-FDD yiba amajwi ,ariko izana iby’akarimi keza kandi abandi babaye byanga ko bagera ku byo bari biringiye.

UHURU Kenyatta wa Kenya.

KenyattaNerekwa mbona AbanyaKenya bo mu bwoko bw’abakikuyu batega ubundi bwoko bw’abanyakenya batangira kubwica aho bari bagiye bashyiraho ama bariyeri yo kugirango bice ayandi moko hakiri kare mbere yuko bagera mu matora ya 2017,nuko nerekwa nabo imigambi yabo iburizwamo kuko nandi moko yari yamaze kubitegura uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa kandi numva ngo : mwana w’umuntu weretswe ibikomeye, nuko nkabona imbere yanjye hatambuka ijambo ryo muri Daniyeli 10 :1-21,nyuma hakaza Daniyeli7 :1-28,nuko numva ijwi ry’urangurura mubutayu,avuga ngo :« Abatumvira IMANA kandi ntibayubahe,iherezo ryabo ni mu minyururu aho bazaboherwa ubuziraherezo »nuko uvuga akomeza agira ati :« Guhanura,kwerekwa no kuvuga mu ndimi bizashiraho ariko Ijambo ry’Imana rizahoraho ».

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments