Home News Intambara hagati y’umuhanuzi na za magigiri z’umwakagara!!!

Intambara hagati y’umuhanuzi na za magigiri z’umwakagara!!!

0

Umukino w’injsngwe nimbeba urakokomeje hagati y’umuhanuzi Majeshi Leon na za magigiri z’umwakagara,nyuma yo kwandika mu gice cya (20);yuko ashize ahagaragara ubuhanuzi bwamaze gusohora kurugendo rwe,za magigiri zahise zihinda umushyitsi kuko yavuze yuko afite telephone nyinshi akoresha.

Za maneko zananiwe kwihangana maze zihita zikoresha telephone yo mu Rwanda +250724287833 ahagana mu masa mbiri 8:20, bikekwa ko arumurongo wa society ya ‘TIGO’ubwo bagirango barekane yuko bamukurikirana hafi cyane ibyo akora.Ariko mu minsi mike itarenze (3);arahita akuraho telephone kuburyo ubu n’ugukoresha ikoranabuhanga kuko bishobotse uku kwezi gutangira arahita yururi rutema ikirere kandi ashobora no gufatira indege mukindi gihugu kitari icya Kenya.

Biragoye gufata umuntu ufite Imana ugendana n’iyerekwa Visa arayifite ndetse ibyangombwa byose birahari kuburyo buhagije urumva rero bashaka bakurayo kandi invitation afite zirenze imwe ku buryo kujya mu gihugu ashaka aruburenganzira bwe ngaho rero nimupanure za maneko muhagarare ahantu hose.

Burya si buno,ibyo mwakaraga ari mu butayu ntimugirengo ubu mwabikora kandi yibereye ku nkengero z’ubutayu murumva rero ko muruhira ubusa.None ubwo amafaranga yaba amaze iki?Ese mwibwira yuko ibyo mukurikirana byose ariko niko bikwiye!?

Ngaho nibagerageze turebe ko bazabigeraho kuko icyo mukwiye kumenya nuko Uwiteka watumye abona ibyangombwa  mu gihe mwari mwaramukomanyirije muri UN none Uwiteka yabaretse yuko na nyina wundi abyara umuhungu.

Akatabuze namashara murutoki,reka nzikureho maze ndebe uko muzabigenza kuko ni jye ubatera kumenyera ndebe ko maze muzakora nk’Imana kandi mutayemera!!!

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar