HomeNewsInkozi z'ikibi,nabadayimoni bajyanwa mu butayu bugufiya!?

Inkozi z’ikibi,nabadayimoni bajyanwa mu butayu bugufiya!?

Feb 2, 2017 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane kandi ridasanzwe,mu butayu bugufiya bwo mu gice cya ruguru ya bwa butayu bundi busanzwe njya nerekerwamo.Buri hafi ya Nyanja iri mu burasizirazuba bw’Africa.Mbona ndi mu gice cy’ubutayu bugufiya buri hepfo y’umusozi wabutseho ishuli ryigisha ubwoko bw’Abatutsi kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo.

Mbona ubwo butayu bukomeye cyane harimo Ihene z’isekurume(Ruhaya) zashokonkoye ubwana zikuze cyane bivuze ngo”umwuka w’ikinyoma”wamaze kugara no gushinga imizi muri gakondo ya bakiranutsi.

Mbona izo hene zizenguruka muri ubwo butayu zidafite aho zerekera,nongera kubona muri ubwo butayu abasore bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamaliya(Burundi)mbabona bari mu butayu bafite ibipfunyika by’urumogi rwinshi cyane barya urwo rumogi ari rubisi rutaruma amababi yarwo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wabonye urubyiruko rw’Umwakagara arimo gutegura kumurwanirira?Ndasubiza nti cyane narubonye!Ndabwirwa ngo,nubwo arimo gutegura urubyiruko rwo kumurwanirira,ntabwo bariho ahubwo bapfuye bahagaze(dead walk) nabonaga umusore umwe arya ikilo kimwe [1] cy’urumogi(bang) akarurya akarumara wenyine.

Nongera kwerekwa abandi basore [2] bazengurukaga muri ubwo butayu bugufiya,basaga nabagenda batazi iyo berekera,ndetse batanazi ibigiye kubaho muri gakondo no mu isi ya bazima.Muri ubwo butayu hari ahantu bazaga bakikonector kuri network ya telephone bahageze ngo bikonecte kuri whatsaup na facebook na twiter basanga network ntayo ikiharangwa basanga yaramaze gukurwaho kandi buryo butunguranye.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,muri gakondo ya bakiranutsi,hagiye kubaho ibikomeye kandi mbere yuko bisohoza umulimo wabyo,bazabanza gukata network yose abanyagakondorero bakoresha kugirango hatazagira itumanaho rihakorerwa mugihe isezerano ry’Uhorao rizaba risohoje umulimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore bagiye kurasa Umwakagara nta tumanaho azaba afite kuko bagiye guhgarika internet yose yo mu gihugu,ndetse za telephone nazo ntabwo zizaba zikora kugirango Umwakagara bamuce igihanga nta tumanaho rihari ryo gukoresha ngo abantu batabona uko bahunga igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkiri aho mu butayu budasanzwe bugufiya,nerekwa ingabo z’Umwakagara,zirimo ba SGT.Numva bavuga ngo,Gen.Nyamwasa Kayumba ngo afite ibikorsho bikomeye cyane,ngo guhangana nawe nukwigerezaho uko niko Uwiteka avuga.Numva baravuze ngo,ntabwo tuzarwanira Umwakagara kuko nta cyo yatumariya kandi nabaturwanya baturusha amaboko kwibw’ibyo,ntibikwiriye yuko tumurwanira andi tudateze gutsinda iyo ntambara tugiye kurwana duubiranamo ubwacu twenyine niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa za magigiri z’Umwakagara n’umwana w’UMUSITA bakorera hamwe muguhiga Umuhanuzi Majeshi Leon.Arik mbona ko batamubonye ngo bashoze umugambi wabo uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.Ijambo ry’Uhoraho uwiteka Nyiringa rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka w’ikinyoma uciriweho iteka,ikindi kandi Umwakagara aku we ku ngoma!Ariko iyi ntambara igiye gukuraho Umwakagara ninayo izanakuraho umwana w’UMUSITA uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umwami YUHI VI azasanga gakondo yarasahuwe n’Umwakagara ayisiga amarara masa!!!

Nsubizwa mu iyerekwa njyanwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona igihugu cyose Umwakagara yaragisahuye inshuro ebyeri.Mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo ya mbere ya batutsi,yarasahuye gakondo irayeza,hanyuma kandi mbona undi mwuka w’Inzigo y’Inzika ya batutsi ya kabili,nawo warongeye usahura gakondo urayikukumba burundu ntiwasiga nurwo kwishima mu mugongo.

Nkomeza kwitegereza mbona inzabibu zose zasigaye zari izamashashi nta nimwe yari yagatangiye kuzana umwanana w’imbuto ngo nibura abanyagandorero bagire ikizere yuko bazasarura mu mezi macye ari imbere.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami Nyir’uRwanda yakagira Imana abantu namatungo,azima ingoma ariko azasanga ikigega cya gakondo ya bakiranutsi cyera dede!!!

Azaba afite imyenda myinshi azishyura,kandi nawe ubwawe (Umuhanuzi Majeshi Leon) agufitiye ideni rikomeye kuko wakoze udahembwa witangira gakondo ya bakiranutsi kugirango ubwoko bwe,yahaweho kuzamubera umwandu ntazabuyoboze INKONI yicyuma nkiyo umwakagara yabuyoboje.Ahubwo azabungabunga ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango agarure imitima yabo yahabye kubera igitugu cy’Umwakagara cyabahabuye!

Ariko ntugire ubwoba kandi ntuhagarike umutima kuko Umwami YUHI VI namara kwima ingoma nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ryabihanuye,agahabwa gakondo ya bakiranutsi nk’uko byategetswe,amadeni yose azayishyura nubwo umwakagara nabambari be,hamwe na myuka [2] y’Inzika z’Abatutsi,yasize igihugu icyejeje amara masa!

Aho niho ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuzamanuka kuzana umugisha kuko umugisha w’Uwiteka udashobora guturana n’umugisha wabadayimoni uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Reka basahure ibyo bahawe nabadayimoni kandi bajyane nabyo ariko basige gakondo nk’uko bayisanze kuko uko niko Umwami wa Bega (Umwakagara) yabivuze yuko azayisiga uko yayisanze uko niko Uwiteka abitegetse!!!

Nkurwa ahongaho nsubizwa mu butayu bwa bundi mbere nari nagiyemo,ariko none ngarurwa mu butayu nsanzwe nerekerwamo,mbona INKANGA,IMBATA,INKOKO,INJANGWE,INZOKA,mbese nerekwa abadayimoni b’ubwoko bwose bashushanijwe mu ishusho y’inyamaswa ninyoni ziguruka mu ishyamba zishoboka zose kandi zibaho.Iruhande rwabo bazimu nabadayimoni hari urwobo(hole) rulerule cyane maze nshaka gufata izo nkozi z’ikibi ngo nzirunde muri urwo ariko mfatamo Inkanga imwe nyica igihanga nyijugunya muri rwa rwobo ariko izindi zose zirirukanka ziransiga zihungira mu butayu butagira igitonyanga cya maze namba!!!

Ijambo ry’uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo badayimoni bahungiye mu butayu butagira amazi,bihorere kuko batazabaho muri ubwo butayu badafite ibibatunga,dore bazagwaho muri ubwo butayu bugufiya bishwe ninzara kuko badashobora kubaho badafite ibyokurya namazi yo kunywa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cyawe kirahumuje mu gihugu cy’IBABYLON,ugiye kugikurwamo nk’uko ijambo ry’Uwiteka ryabikubwiye.Ubwo uzaba umaze gusohoza mu masezerano y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ntuzibagirwe yuko Pastor NKUNDABANTU SIMON utuye IBABYLON KASARANI yaguhaye agace kumutsima na gacuma kamazi yo kunywa igihe wanyuzwaga muri ubwo butayu bw’IBABYLON.

Nubwo abana be bagukubaganiye ntuzabyiteho kuko we yakoze ibyo yasabwaga gukora kuko nta mutima mubi yabigiranye ahubwo byari ibihe bikomeye cyane atashoboraga kandi byari ngombwa yuko unyuzwa muri ubwo butayu kugirango hazaboneke umugabo wo kuzahamya ubutayu bwawe uko niko Uwiteka avuga,

Feb 3, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu umwe mu bakomeye ahamagara abashofeur batwara imodoka za leta,baraza bahabwa amabwiriza yo gufata imfunguzo zimodoka(ibinyabiziga) bagatwara izo modoka muri parking mukibuga cyabigenewe kuko izo modoka zitazongera gukora kuko igihe cyazo kirangiye(Ubuyobozi) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nongera kwerekwa INKA bisobanura abadayimoni,binjizwa mu butayu burebure,ariko zimaze kugeramo,zisanga harabaye uruhira,barahatwitse nta bwatsi bukiharangwa.Mbona izo nka zihuye nakaga gakomeye cyane kugirango zishobore kubona ibyo zirya.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuyobozi bw’Umwakagara buciriweho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo.Kandi imbaraga ze zose yakoresheje atwaza igitugu ubwoko bw’Uhoraho,nazo ziciriweho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo Imana yabakiranutsi niko Uwiteka avuze!

Kandi dore imbaraga ze z’umwijima amaze igihe akoresha uhereye igihe cyose yifuje kuba umuyobozi utwaza igitugu,nazo ziciriweho iteka n’Uhoraho Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari abagore [2] bakorana nabagabo [3] bashinzwe ku kugigira,none wowe ubimenye nurangiza ubihorere kugirango uzamenye amaherezo yabo.Kugirango igihe nikigera uzabashyire ku karubanda niko Uwiteka ategetse!

Nsubizwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abarozi kazi,(abagore) imilimo bakoraga yo kugambanira ubwoko bw’Imana,no kubuhumanya,bacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore izo nkozi z’ibibi zibuze icyerekezo cyaho zizahungira kugirango zikize amagara yazo,ariko Uwiteka yamaze kuzigota kuzahunga ntabwo bizashoboka ndetse ntabwo bizabakundira,kuko barwanije umwuka w’Imana bibwira yuko bazawutsinda ariko barashinga umuhunda ku kirenge niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona idini rya Eglise VIVANTE rishiraho burundu,mbona abarwanashayaka baryo batifuza yuko ryashiraho,bakomeza kurwana urwandanze kugeza naho bibagiraho ingaruka kubera kurwana ishyaka ry’idini ritagira umwuka w’Imana.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uwiteka wahanuye kuri Eglise VIVANTE rigeze igihe cyaryo,ndetse rigeze kumusozo waryo kugirango risohoze umulimo waryo nyuma y’imyaka [14] urihanuye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami Kazi,NYIRAMONGI JEZEBEL atumiza imbwirwa ruhame (meeting) atangira kwisobanura kubusambanyi bwakorewe ikambere bwaje kuvukamo abana [2] batari ab’Umwakagara,umukobwa niwe wimfura,naho umuhungu akaba yaramubyaranye na AMB:Nduhungireho EUGENE GASANA waruhagarariye leta y’Umwakagara muri ONU.

Numva inshuti nabasaza be,bamugira inama bavuga bati,byaba byiza uhamagaye imbwirwa ruhame ukisobanura ku busambanyi bwakuvuzeho ugashaka uburyo ubindikiranya icyo gisebo kuko byakuvuzweho ariko ntiwatanga ibisobanuro ubihakana cyangwa ubyemeza ku buryo byafashweho nk’ukuri kubyo wavuzweho kandi dore abanyarwanda bakomeje kubisoma ku kinyamakuru inyangeNewss.com ku buryo izo nkuru zimaze gusomwa nabatari bacye bigaragara yuko byaduteye igisebo ndetse na bana bibatera ipfunwe rikomeye cyane ku buryo bugaragara ndetse natwe nk’umuryango byateye icyasha niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kumva bamugira inama bamubwira yuko yakora ibishoboka byose,agashaka uburyo yahitana umunyamakuru Majeshi Leon,watangaje ayo makuru yibanga kandi akomeye akemera kuyashyira ahagaragara bikaba byateje umutekano mucye cyane mu muryango wabo.Nuko mbona ashatse abagore b’abagambanyi bari mu mahanga babwirwa kwandikira Umuhanuzi Majeshi Leon,maze bagakora ibishoboka byose bakaba inshuti nawe ku buryo bazajya bamenya gahunda ze zose bikazabafasha kubona amakuru yabagomba kumuhitana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Save

Save

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments