11th FEB,2016 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uyu munsi umuntu mwari guhura wirinde ntuhure nawe kuko abadayimoni bahagurutse kandi bashobora ku kubera ikibazo gikomey.Nuko njyanwa mu iyerekwa mbona ndwana na badayimoni bo mu bwoko bw’Imbogo hamwe ni nka za kizungu.
Uko zanyirunkanaga niko nagurukaga(Spiritual Wings) maze nabo bakirukanka hasi yanjye bateze ko ndibumanuke bagahita banshinga amahembe murubavu.Nuko ndabwirwa ngo dore abadayimoni bahagurutse kandi ibyo warugiye gushaka kuri uriya muntu mwihorere ahubwo wibuke neza aho waherewe umugisha kugirango nubundi usubireyo urahasanga harumugisha Uhoraho yaguteguriye uko niko Uhoraho avuga.
Nuko rero genza ukousanzwe ugenza kugirango utagwa mu mutego w’umwanzi Satani kuko yaraguhagurukiye cyane mur’iyi minsi kuko imbaraga z’umwakagara zirimo zigenda zirangira umunsi ku munsi kuko igihe cye cyegereje ngo ibya hanuwe bisohore maze ibyasezeranijwe bihabwe abakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.
Angalia nchi hiyo inakwenda kupatwa na vita vikali sana siku zijazo kwasababu watu wa nchi hiyo wanatamani vita sana na wataipata, kwasababu hili ndilo hitaji lao kuliko mahitaji mengine asema Bwana wa ma Bwana.Neno la Bwana likanijia tena kwa mara nyingine na kuniambia kwamba mwana wa Adam,angalia watoto wa nchi hii ya BABYLON _SHUSHAN wanaenda kuangamizwa katika majaribu makubwa sana mpaka mzazi ambaye alizaa hatatamani kuzaa tena.Asema Bwama wa ma Bwana.Kwa hiyo ambia watu wa Taifa hilo kwamba wanaingizwa katika shida kubwa sana na watu watatafuta Mungu na hawataweza kufanikiwa asema Bwana wa ma Bwana.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi araturosera ariko mureke akomeze kuko igihe cyarangiye nyamara nubwo barwanya ubuhanuzi ijambo ry’Uhoraho,ninabo bambere bakomeje kwemera ubuhanuzi kuko bidashoboka yuko barwanya ibyo batemera niba rero baburwanya bisobanuye yuko bamaze kubwemera kandi icyo bwahanuye ninacyobamera niyompamvu bakurwanya kugirango udakomeza guhanura kuko bubahagarika umutima uko niko Uhoraho avuga.Dore umwakagara,n’Abakagara,n’Abakagara-Kazi,hamwe ni nkozi zibibi nabadayimoni baciriweho iteka ku buryo budasanzwe bakurwanije bibwira ko barwanya umwana w’umuntu ariko nyamara barwanyaga Uwiteka Imana ya Israel yaremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho ategetse!
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,utege amatwi neza kandi wumve icyo ngiye ku kubwira.Dore umubibyi yabibye imbuto nziza mu murima maze bumaze kwira umwanzi araza abibamo imbuto mbi(urwiri) maze ababibyi bucyeye babaza nyir’umurima bati,databuja ko twabibye imbuto nziza kuki hamezemo urukungu kandi twateye ingano?Nuko nyir’umurima arabasubiza ati,mu maze gutera imbuto mu ijoro umwanzi yaraje azana urumapfu arubiba mu murima mwari mwateyemo ingano maze bigiye kumera bierana byose.
Abandi baramusubiza(Abagaragu) bati noneho reka twongere twinjiremo turandugure urwo rumapfu turukuremo.Maze shebuja arabasubiza ati,nta bwo mwabishobora kuko urukungu cyangw urumapfu rusa ni ngano kuburyo kururandura bidashoboka kuko wahita urandura ingano wibwira yuko uranduye ingano nyamara mubireke bikurane kuko iyo bimaze kwera buri kimwe cyera imbuto zacyo kuko nubwo bisa amababi ariko imbuto ziratandukanye uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero vuma izo nkozi zibibi maze uzicireho iteka kuko zitsinzwe nurubanza maze Uwiteka ahite aziciraho iteka kuko iki ar’igihe cy’Ubutabera bw’Uhoraho.Nuko rero Uwiteka Mana wumve gusenga kwanjye uyu munsi mvumye inkozi zibibi zihishe mu itorero ryawe kuko bamaze kuryangiza ariko wowe urakiranuka ndakwingize ngo izo nkozi zikibi uzicireho iteka kugirango urangize imbaraga zabo burundu maze wiheshe icyubahiro kuko wowe witwa Uwiteka JEHOVA waremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka ategetse.
Nuko mbona bus y’Abarundi-kazi mbona niyo irimo benshi kuruta iyabanyarwanda kandi abo Barundi-Kazi barabanyeshuri bo muri za kaminuza nuko mbona imodoka yabo nubwo yari ntoya,ariko yaririmo benshi kurusha abanyarwanda-Kazi.Nabonga abanyarwanda-Kazi ari 30% naho Abarundi-Kazi bari 60% nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore abanyarwanda kazi bamaze gucibwa intege nubuhanuzi benshi bamaze kwizera ijambo ry’Uhoraho ariko Abarundi-Kazi bo barimo kurushaho kugwiza ubugome no kwihindura uko batari ubu kuroga niwo mwuga gezweho mu gihugu cy’ISAMARIYA uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero bwira abakiranutsi babe maso kuko ishyamba siryeru kuko mu mnsi iri mbere ibitero by’umwanzi bigiye kwiyongera bibe byinshi mu madini hirya no hino kuko abarozi bamaze guhabwa gahunda yo gutera ubwoko bw’Uhoraho burira abakuru bamadini baba bagifite ka gatima ko kubaha Uwiteka basenge kandi biringire ijambo ry’Uhoraho kuko bagiye guhura nibikomeye kubera kutaba b maso no kuba barahumanijwe ni nkozi zibibi ku buryo batabasha kubona ibikorerwa mu isi y’umwuka uko niko Uwiteka avuga.Uko batindaga kumupaka binjira muri Uganda,ninako abagenzi bari muri bus ya banyarwanda-Kazi bari bagiye gushaka ibihumanya mu gihugu cya Uganda bagendaga bagabanuka uko bus yategerezaga ko bava mu bwiherero ninak bagendaga bahunga ya bus yaribatwaye Uganda kugeza ubwo bus yasigaye nta bantu bayirimo isigaraho ahongaho kumupa wa gatuna mbona bus yabarundi yo irambutse kuko bari bamaze gutezamo stamp muri za pass port zabo.
Ijambo ry’uhoraho rirambwira riti,dore Abarundi bakabije gukiranirwa cyane bakoresha imbaraga z’umwijima ariko abanyarwanda Kazi bamaze gutunganywa ku buryo barimo kugenda bagabanuka umubare wabakorera umwanzi shima Uwiteka yuko yabaye uwo kwizerwa kandi ko ijambo rikomje kugaragaza umusaruro kuko abakobwa bi ZION barimo kugenda bagabanya gukiranirwa ariko si bose hariho abazinangira ako ngabo bamaze gucirwaho iteka ryose na data wa twese Amen.