Home News Ingoma y’umwakagara mu irimbukiro!

Ingoma y’umwakagara mu irimbukiro!

0

 March 29, 2016 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,rambura amaso yawe nkwereke ibigiye kubaho mu minsi ya nyuma ubutegetsi bw’umwakagara busigaranyeUbwo nahagurtse ndagenda anyereka  moto yariho umupolisi yari ayitwaye yihuta cyane  ariko atazi ko umuhanda yanyuragamo warangiye wageze ku iherezo ryawo.Nuko arakomeza aragenda kugeza ageze  aho warangiriraga hari icyobo kinini cyane maze arimbukira muri icyo kinogo kinyuramo abajya mu irimbukiro!

Nuko uwanyerekaga nabonaga ari umugabo w’ibigango mbona yambaye isaha yari afite ihagarariye aho igeze maze arambaza ati ese wa mukobwa we waba wamenye icyo biriya bisobanura?Ndanjye ndasubiza nti,jyew se umujakazi wawe nabibwirwa niki utansobanuriye?

Nuko arambwira ati,igihe cya police y’uRwanda cyo kumena amaraso kirarangiye ahasigaye ubuyobozi bwabo bugiye kurimbuka!Nuko ubwo namusabye ko yakongera igihe kiriya saha aranga ahubwo abwira ko igihe gisigaye kigiye kwihutishwa kugirango ibyahanuwe nabahanuzi b’Uhoraho bisohore maze abakiranutsi binjire mu masazerano

Mu gihe nkirangariye ibya moto arambwira ati,cyebuka haruguru yawe ahagana iburengera zuba,ndakebuka mbona imodoka ntoya nayo yarimo umudereva uyitwaye haza indi modoka ya mugenzi we aramugonga ahita arapfa ako kanya

Uwanyerekaga arambwira ati,dore ubuobozi bw’umwakagara bugiye gusubiranamo kuko ubutegetsi bwabo bugeze ku iherezo kandi bagiye kwitana ba mwana bose buri muntu azajya avuga ko yabeshye!

Nerekwa abagenzi basiganwa masigamana bahunga imvura y’umuyaga yarikubye kandi ntibari bafite aho bikinga iyo mvura kuko bari baranze kugura imitaka yo kwitwikira maze kugirango batazanyagirwa nimvura

Mbona abalinzi bari balinze umwakagara nabo bahunga barundukira muri rwa rwobo rwashyizwe kumpera y’umuhanda cyangwa inzira nyabagendwa.Nuko mbona mbona umulinzi wa [2] wari witwaye mu modoka ahindutsemo umwakagara ako kanya ahita arapfa

Mbona haje uwarushinzwe kumulinda aje gutwara intumbi ye,maze ategekwa gushyira hasi iyo ntumbi abwirwa ko iyo ntumbi igiye gucirwaho iteka cyangwa urubanzamusabye ko yongera igihe aranga ngo ntako atagize ategekako ahubwo igihe kihutishwa. Mbona abagenzi basiganwa no kujya mu mamodoka buri wese yurira iyo abonye uko zihaguruka zigenda abazitwaye ntibari bazi ko umuhanda usozwa ni ikinogo kinini bose zibaturamo bararimbuka

 InyenziMaze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe kirarangiye kandi birarangiye ibyahanuwe bigeze kumusozo wabyo none bwira abasenga biyeze kugirango bacyurwe bambaye imyenda imeshe bazabone ubugingo buhoraho.Nuko ndabwirwa ngo uwezwa yezwe kandi uwihana yihane kuko igihe gisigaye ari gito cyane kuburirwa mwaraburiwe ariko mwabifashe nk’igihe cya Noah kugeza igihe abantu barimburiwe n;umwuzure uko niko Uiwteka ababuriye.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar