HomeNewsIngabo za RDF nta bwo zizarwana urugamba rwo kurwanira ingoma y'Abega

Ingabo za RDF nta bwo zizarwana urugamba rwo kurwanira ingoma y’Abega

May 9, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ikinyabiziga(Vehicle) gihagaze imbere yurutare(packing) Umuhanuzi acumbitsemo,nuko nkomeza kwitegereza neza ngo bitaba ari amarangamutima yumubiri.

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Imana yawe yaguhesheje umugisha wo gutunga ikinyabiga nkuko hashize igihe kirekire abikubwiye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

May 11, 2018 nerekwa mu murwa mukuru w’Ishushani mu gihugu cy’ibabylon abagabo benshi balimo kubaga inka maze mbona abagabo [4] bagabanye itako ry’inka(umudayimoni)batangira kubaga bagabana kugirango buriwese ahabwe umugabane we.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ejo ntuzagere mu murwa mukuru w’ibabyloni(Nairobi)mu gihugu cy’ibabylon kuko za magigiri zamaze gucura umugambi wo kugushimuta uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore ririya tako ry’inka ubonye bagabanaga ni nama balimo aho buri wese yahawe inshingano ze,zo kuguhigisha uruhindu cyane abakora kuri server y’igihugu ishinzwe kumviriza itumanaho ryose barebera hamwe aho waba uherereye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa murusengero rwabanyamurenge mu gihugu cy’ibabyloni mu murwa mukuru w’Ishushani ahitwa Kasarani mbona abaririmbyi baririmba muri urwo rusengero bamanurwa mu butayu bugufiya cyane buherereye hafi y’inyanja iri mu majyepfo yuburasirazuba bw’Africa.

Mbona bamanuka umusozi,bagera mukibaya cy’ubwo butayu burebure kandi bugufiya cyane.Mbonamo numwe twahoze dukorana umulimo wa data(Mark)nawe abarinyuma amanuwe muri ubwo butayu bukomeye cyane aho abantu b’Imana batunganirizwamo kugirango barusheho kwizera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abaririmbyi basengera murusengero rwa Pastor Simoni Nkundabantu bakomeje gukiranirwa cyane imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona ko hakozwe inama ya za magigiri yemeza ko abafarisayo(Pastor’s)bagiye gufatwa bagafungwa cyane abo bakeka ko batacyemera leta ya abega.Ngo maze babashyireho ibyaha by’ibicurano ko ngo batunze imbunda mu buryo butemewe na mategeko.

Indi ngingo ya kabiri ngo bakorana numutwe wa politike RNC,utavuga rumwe na leta ya FPR,kandi ngo bafiite umugambi wo guhitana umukuru w’igihugu ariwe Umwakagara nyirizina uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abo bafarisayo yuko bagiye gushyirwa mu nzu y’imbohe vuba cyane bazira ko batemera ubutegetsi bw’igitugu bw’Abega nibaba abanyabwenge barakuramo akarenge kabo.Ejo ntibazavuge ngo Uwiteka nta bwo yababuriye kandi bamukorera mu izina rye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abazimu na badayimoni bahugurukira icyarimwe kurwanya umugisha ngiye kwakira uturutse muri minisiteri y’imali nigenamigambi yo mu Ijuru.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ube maso cyane kubw’abadayimoni bashaka kwitambika imbere yumugisha ugiye kwakira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka w’urukozasoni wongera kubyutsa umutwe nyuma yo gutahura imigambi y’inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abegakazi.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega kazi bongeye kohereza umwuka wurukozasoni kubugingo bwawe none ube maso cyane kandi ukore amasengesho yo kwiyiriza no gusenga Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango ugamburuze imigambi yabo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Uwimana Ernest na madamu we Marceline balimo bakora amandazi ariko badafite aho barambika bamaze kuyakura mu mavuta yo gukuranga no murukarango.

Mbona Ernest afashe agafu mu ntoke akanyanyagiza hejuru yumukungungu kugirango abe ariho arambika amadazi ahiye avuye mu mavuta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo mwana w’Umurundi waguhamanije akaba yaraciriweho iteka yanze kwihanira imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo none akomeje guhangana nijambo ry’ubuhanuzi bw’Uhoraho Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye guhaguruka cyane mbona duhurira mu gihugu cy’ABAKALUDAYA(Tanzinia)aho bari bagiye gucuruza amabuye yagaciro bagezeyo basanga arijyewe uyashinzwe(ubuhanuzi)maze Babura uko bayacukura kandi basabwa kubanza kwiyandikisha mu biro byanjye bagahabwa icyemezo cyemeza yuko bemerewe gucukura amabuye ya gaciro no kuyacuruza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umuryango nyarwanda witwa (Abanyakarama) abakobwa babo bajyanwa mu bigeragezo byihuse kuko nabonaga barya ibigori byokejwe kandi byari byokejwe n’Umuhanuzi.Mbona na bahungu babo cyangwa abasore babo nabo barya ibyo bigori bigoye cyane.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukorere amasengesho uwo muryango nyarwanda kuko abega bagiye kubagirira nabi cyane kandi byihuse!

Kandi ubabwire basenge cyane bahamagare Uwiteka Nyiringabo Imana yabo kuzabarengera kuko ibintu bitoroshye namba ahubwo birakomeye cyane kugirango niba ari ibishoboka Uwiteka azabarengere abakize abega b’abagome bambaye umugomo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo z’Abega (RDF)zitegura kurwana nabatavuga rumwe na leta.Ntabwo zizabona imbaraga kuko ingabo zitari abega zimaze kurambirwa uko leta yica imiryango yabo akaba ariyompamvu ikomeye cyane izatuma ingabo zitari iz’abega dore ko arizo nyinshi cyane ntabwo zizarwanira abega ibyo bikazatuma abega batindwa intambara bakazahunga nkuko MRND yahunze gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments