HomeNewsIndege z'Ubushinwa zabujije iya Amerika gukomeza!

Indege z’Ubushinwa zabujije iya Amerika gukomeza!

Indege ebyeri z’Ubushinwa Sukhoi Su-30 zabujije mu buryo “bw’abatazi icyo bakora” indege y’igihugu cya Leta Zunz’ Ubumwe za Amerika, niko igisirikare cyicyo gihugu cyavuze.

Imwe muri izo ndege z’Ubushinwa yegereye cyane ku metero 45 indege ya Amerika WC-135 imera nkiyururukako, nkuko ubuyobozi bwabivuze bw’ikigo cy’itangazamakuru rya CNN.

Amerika yavuze ko, indege yayo yari mu gikorwa cyo cyatewe n’ikibazo cy’ubushyuhe burenze urugero mu kirere mpuzamahanga mu buseruko bw’ikiyaga cy’Ubushinwa.

Hashize umwanya  uruhagarara rwatewe n’ibikorwa by’Amerika hafi y’akarere mpuzamahanga k’amazi arimwo ubutunzi hafi y’inkengero z’Ubushinwa.

Umuvugizi w’igisirikare cyo mu kirere Lt Col.Lori Hodge, yavuze ko ibyabaye “bizashyikirizwa Ubushinwa mu nzira y’ibiganiro cyangwa mu migenderanire ya gisirikare”, itohoza rikorwa n’igisirikare ryatangiye.

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments