HomeInte'lIndege z'intambara Bujumbura na Kampala!

Indege z’intambara Bujumbura na Kampala!

Amakuru agera ku inyangeNews yizewe aravuga yuko ngo Umwakagara yamaze kumenya ko hari igitero gikomeye cyane cyamaze gutegurwa kigiye guturuka mu Burundi mu murwa mukuru wa BUJUMBURA,aho indege z’intambara zigiye guhaguruka zikaba zigiye kurasa umurwa mukuru wa Kigali.

Sicyo gitero gusa kuko hari nicyindi cyamaze gutegurwa indege z’intambara zamaze kugera I Kampala zateguriwe kurasa Umwakagara mu murwa mukuru wa Kigali.Iyo akaba ari strategy y’intambara kubera intwaro Umwakagara afite zikomeye cyane.

Hakaba hanateguwe na ntwaro zitwa aunt-misile kugirango baneteralize misile y’Umwakagara kugirango itazashobora guhagarika ibisasu bizajya biraswa kumurwa mukuru wa Kigali.Ubu buryo akaba ari bwo Gen.Kayumba Nyamwasa yavugaga yuko bazamurasa nkuko barashe Col.Muammar Gaddaffi wakuwe kubutegetsi muri 2011.

Ibi bikaba bigiye gukorwa mbere yuko igitero cy’ingabo zo kubutaka cyinjira kubutaka bw’uRwanda,kuko biteganijwe yuko habanza indege zikinjira zikamurasa zikamutesha umutwe hanyuma ingabo zirwanira kubutaka zikabona kwinjira usibye zisabwa no kuba ziri hafi cyane y’umupaka w’urwagasabo.

Umwakagara akaba afite ikiraka kitoroshye aho asabwa guteza akavuyo ko gukura kubutegetsi perezida Museveni hamwe na NKURUNZIZA Peter kugirango abone kuguma kubutegetsi.Umwe mu baganiriye nikinyamakuru mu bahanga mubijyanye nintambara yabwiye inyangenews yuko bigoye cyane kandi bikomeye cyane kugirango Umwakagara azashobore guhangana nibitero byindege ndetse nibyo kubutaka kugirango azabashe kubutsinda cyane yuko ingabo ze nubwo yazihaye akanyamuneza kamapeti ariko ngo zirimwo ibice [3] ku buryo zose zitavuga rumwe.

Amakuru aravuga ko ngo mu murwa mukuru wa Kigali batangiye kugerera abacuruzi bafite amafaranga yabo mu ma bank ayo bazajya bakuramo cyane ko bemerewe gukuramo ayo guhahisha buri munsi aho bikaba bigaragara yuko abaturage batorohewe cyane bashobora kuzahasiga ubuzima kubera gukunda ubutunzi bwabo bakoreye kugeza intambara ibaciye igihanga.

Ariko ngo nta nubwo bemerewe guhunga kuko muri iki gihe babaza umuntu aho agiye nicyo agiye gukora cyane abasanzwe badasohoka mu ghugu urumva ko abaturage Umwakagara yamaze kubagira imbohe ze ashaka ko bazahwana nawe.Amakuru avuga ko ngo harumugambi wo gufata insorensore ibyo Gen.Mubaracka Muganga yavugaga yuko ngo bagiye guha urubyiruko rudafite akazi mu minsi iri mbere.

Biteganijwe kuzakora umukwabu bagafata urubyiruko bitwaje yuko ngo rukorana na RNC,bagahita barujyana kurufunga aho bazajya babakura muri gereza babajyana gukora imitozo ya gisirikare ariko ishobora kuburizwamo nibitero byindege bigiye kumanukira umurwa mukuru wa Kigali.

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments