19th OCT,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumusozi,nerekwa mbona inyanja munsi y’uwo musozi mpagazeho,mbona umuhengeri wuzuyemo umuyaga mwinshi cyane uzamura amazi maze akazamuka akagera kumusozi aho nari mpagaze.Maze kubona yuko umuyaga ubaye mwinshi kandi ko,umuhengeri ukomeje kuzamuka unsanga,nibwo nahise mfata icyemezo cyo kumanuka kuri uwo musozi.
Nuko ngeze munsi ya musozi kuruhande rw’Iburyo mbona ko mfashe icumu mu ntoki,mbona icumu ryivanye mugiti cyaryo cy’umuhunda maze mfata rya cumu ndisubizamwo maze ndakomeza ngeze imbere mpasanga umuregonti cyangwa iteme rinyuramo amazi,nuko mu gihe nshaka kwambuka iryo teme mbona kuruhande har’inka nazo zari zintegereje ngo twambukane iryo teme inka bisobanura abadayimoni babatererano batunzwe n’abantu.

Nuko nshaka uko nakwambuka jyenyine ntambukanye nabo badayimoni,nuko mbona haje umwuka w’urukoza soni washakaga gusenya imirimo y’Uwteka Imana,nuko numva ijambo ry’Uwiteka rimbwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zikibi zohereje imbaraga z’umwijima ziguteze ibibazo kugirango zikugwe gitumo zigufate mpiri zibone uko zikomeza imirimo yazo kuko wazibayeho igishakwe uko niko UWiteka avuga.

Mashujaa day intasi zishaka gushimuta umuhanuzi.
Nuko nerekwa nyine umupfumu wamugore w’umuyisilamu abaha iyo miti maze babanza kumboha bisobanura yuko baboshye gahunda zanjye zose,maze baramfata banjyana muri toilet banjugunya hejuru ya Toilet barigendera bamaze kugenda ndihambura mva muri yo toilet “toilet isobunura kuzingwa ntuzigere ugira icyo ugeraho”.Maze wamupfumu aza kugaruka ngo arebe yuko nkiri muri ya Toilet asanga nahavuye nabonga abakobwa benshi bashaka abagabo bakoresheje amarozi nabo bari bagwiriye kuri uwo mupfumu kazi w’umuyisilamu kazi.
Nuko numva uwo mupfumukazi ngo imiti yanjye yanze gukora kubera bari bamaneko bazanye umuntu wo kuroga ariko uwo muntu akomoka mu bwoko butarogeka none dore nimbaraga zanjye zose arazishe kandi ahise azirangiza sinzi aho nzakura izindi mbaraga uko niko Uwiteka avuga.
Umwakagara Benon atwara umugisha w’umuhanuzi
Nerekwa asubira mu bapfumu kugirango agaruze umugisha utaruwe,akandi naramaze kuwusubirana,ubwo asaba umupfumu ko yakongera akanzinga zinga mbona umupfumu afashe ibitoki bihiye ashaka kubingaburira maze ndamubanza nti mbese ugiye kundoga nkimara kumubaza gutyo agira ubwoba asubiranayo ayo marozi ye maze Benoni abura isuka namajyo.
Nuko nerekwa nakira telephone y’Umwami w’Urwanda Kigeli V Ndahindurwa maze numva ampamagara aseka cyane maze arambwira ngo,mvumye abo basore barimo ku kugeza,mu gihe ngiye kumubaza abari bo,telephone irikata.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwami bisobanura kuvugana n’Uwiteka Imana yabakiranutsi dore Uwiteka avumye umuntu wese uhiga ubugingo bwawe babaye ibivumwa kuri iyisi ya rurema nta bwo bazigera bagira amahoro mubuzima bwabo uko niko Uwiteka avumye.
Dore ababakomokaho bazaba inzererezi,nyuma yuko umwakagara azakurwaho,muzajya mubona abantu bamukoreye ku ngoma ye,bazahinduka inzererezi ndetse urubyaro rwabo ntiruzaragarika kugeza ku gisekuruza cya IV uko niko Uwiteka avuze.
Mwana w’umuntu dore bamaze kuraguza kandi bamenye yuko wambutse amazi ugiye aho batazongera ku kubona kandi ko uzateza akaga nibyago namakuba kubera ubugizi bwa nabi bwabo,niyompamvu bamaze gukaza umurego ariko nyamara bararuhira ubusa nta cyo bazigera bageraho kuko abo baguhiga igihe kizagera batange ubuhamya yuko Uwiteka ariwe Mana kuko bahize umucamanza wisi yose ntibamushobora ibyo bizabatera gukizwa nyamara agakiza kabo kazaba katagishoboka ko bakabona kuko Uwiteka yamaze kubavuma ubu ntabwo bashobora kubyumva ariko umwakagara namara gukurwa ku ngoma uzababona buba ngo barashaka ko ubavumura nyamara bizabagore ku kugera uko niko Uwiteka avuze.
Nuko ndatangira ndabavuma Uwiteka aravuze ngo,muravumwe kuko mwarwanije umugaragu w’Uiwteka wasizwe amavuta y’Umwuka wera kandi yo gukiranuka,kubera yuko mwahize utariho urubanza nawe arabavumye mu izina ry’Uwiteka Imana ihoraho,urukiryi rwanyu ntiruzaragarike,kandi ahanyu ntihazibukwe ukundi,muzahirane agahinda mu mutima igihe cyose kuzagea muvuye kuri iyisi.
Icyo gihe nanjye nzabaseka nicyaye ahirengeye ndamaraye nguwe neza niho muzamenya yuko murwanije utariho urubanza mbese muzageza ryari kurwanya ubwoko bw’Uwiteka?Niko umuhanuzi abaza!
Dore ntakabuza magingo aya,mu gihe gisa nk’iki,umwaka utaha muzaba mushaka aho mwekera nyamara ntimuzahabo,kuko naho muzakinga umusaya ntabwo muzahabo,ibyo mwishyingikirije byose Uwiteka azabikuraho kandi gukorwa nisoni mwakojejej abandi izo soni zizabagarukira mubure aho mukwirwa uko niko uwiteka avuze.
Dore inshuti zanyu zizabahunga,abanzi banyu bazaba bagize amahirwe,bazabica ikimanuka nikizamuka,ndetse nahaterea ntimuzaharenga,ibyo mwishingikirije uyu munsi bizaba bitagishibora kubakiza kuko umwuka wigisuzugururiro uzaba ukomotse k’Uwiteka uzaba wabagezeho kuko ibyo mwakoreyemuri iyisi mutazabura kubyishyura mukiri kuri iyisi niko Uwiteka avuze.
Icyo gihe isi izababana ntoya,muzifuza yuko isi yabamira ariko nabyo ntibizashoboka kuko Uwiteka yagambiriye kuzabishyura ibihwanye nibyo mwakoze kugirango muzabere akabarore isi yose yuko Uwiteka ariwe Mana niko Uwiteka avuze.Dore nkabuza muzarara nze!Kuko Uwiteka Imana atazaburagusohoza amasezerano yabakiranutsi nibyo yabasezeranije uko niko Uwiteka avuga.