HomeNewsImyiteguro yo kwakira peresida wa leta zunz’ubumwe z’America Barack Obama Hussen irarimbanije...

Imyiteguro yo kwakira peresida wa leta zunz’ubumwe z’America Barack Obama Hussen irarimbanije mu gihugu cya Kenya.

Amakuru agera ku inyangeNews aturuka mu gihugu cya Kenya,mu murwa mukuru wa Nairobi, umunyamakuru w’inyangeNews uriyo yabwiye inyengeNews ko iyo myiteguri yo kwitegura umukuru w’america utegerejwe ku wa 23rd Jul 2015 mu murwa mukuru wa Nairobi ngo irarimbanije.

Nk’uko byatangajwe na ministeri y’ububanyi n’amahanga yo mu gihugu cya America,yatangaje yuko ku wa 23rd Jul 15 umukuru w’America azaba ari mu gihugu cya Kenya ,aho biteganijwe ko azabonana n’umukuru w’icyo gihugu Mr.president Uhuru Mwigai Kenyatta,ndetse akazabonana n’umwe mubatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenyatta Raila Odinga uhagarariye umutwe wa politike witwa «Orange Democratic Movement» ODM.

Twibutse ko Obama kuva yajya kubutegetsi agiye kumaraho imyaka (8) ni bwo buzaba bubaye ubwa mbere kugera muri icyo gihugu cy’Amavuka avukamo mu bwoko bw’Abajaluwo.

Kuva yajya kubutegetsi ntabwo Obama yigeze afasha icyo gihugu usibye ko mbere yuko atangaza urugendo rwe,yabanje gutanga inkunga ya miliyari $50 y’America aho iyo nkunga bivugwa yuko izafasha urubyiruko kwiteza imbere mu bikorwaa byo kuzamura ubukungu bw’igihugu cya Kenya .

Nk’uko amakuru aturuka muri Kenya abivuga,ngo ubwoko bw’Abakikuyu Uhuru akomokamo akaba ari nawe uyoboye igihugu ntabwo bishimiye iyo nkunga bahawe na Obama kuko bavuga ko ngo ubwoko bw’abajaluwo babishima hejuru ko umuhungu wabo afashije igihugu cya Kenya bivugwa ko muri ikigihe ubukungu bw’icyo gihugu bwamanutse cyane aho $1 rimwe ry’america risigaye rivunja amashillingi 98 Kshs.

Mu gihe ku ngoma ya Kibaki $1 rimwe ryavunjaga amashillingi 85 Kshs,ibi bikaba bibaye nyuma yaho Uhuru abereye umukuru w’igihugu afatanije na vice perezida William Samuei Ruto uhagarariye ishyaka rya United Republic Party URP.

Bombi bakaba barishyize hamwe kugirango barebe ko batsinda amatora yigeze gutuma bahangana mu mwaka wa 2007/2008 aho ayo moko yombi yahanganye kugeza aho hapfa abanyaKenya 1300 barenga.

Nk’uko bisanzwe muri politike nta mwanzi ubamo uhoraho,ndetse nta n’umukunzi ubaho uhoraho,ahubwo hahoraho inyungu za banyapolitike.Byatangaje abantu kubona abarwanaga bahagarariye amoko yabo aribo bahinduka inshuti bagatsinda amatora none ubu bakaba bayoboye igihugu cya Kenya.

Nubwo ariko bimeze gutyo,bombi baracyafite dossier muri ICC ibarizwa mu gihugu cy’Ubuhollande,aho biteganijwe yuko uyu mwaka bashobora kuzasoma urubanza rwa vice perezida William Samuei Ruto.

Mu gihe ibyo birimo kuvugwa,dossier y’umukuru w’iigihugu cya Kenya,Uhuru Kenyatta we bivugwa ko ibimenyetso bimushinja byabuze,ariko mu minsi yashize umushinja cyaha w’urukiko rw’I LA HAYE Mme Fatou Bensuda yajuriye icyemezo cy’abacamanza bari bagize Uhuru Kenyatta bavuga ko arumwere ko ntabimenyetso bifatika umushinja cyaha agaragaza.

Amakuru avuga ko nyuma yo kwirukana urwo rubanza ngo umushinja cyaha yaba yarahise abona ibimenyetso simusiga birimo umwe mubakoranye na Uhuru muri iyo ntambara yatewe n’amatora yabaye mu kuboza 2007/8.

Biteganijwe ko Mr.Obama azahita ajya gusura nyirakuru ubyara se,ngo yaba akiriho,ndetse akareba naho akomoka,ariko icyatangaje abanyaKenya ngo ni ukuntu Obama namara kugera muri icyo gihugu Uhuru ngo ntamategeko azaba agifite ku gihugu cya Kenya.

Kuko ikibuga cy’Indege kizaba gikontororwa na CIA/FBI ikibuga kizamara iminsi (2) kitagwaho indege zajyaga zigwa kuri icyo kibuga,indege zizajya muri icyo gihugu zizagwa ahitwa KISUMO,na Mombasa

Amato yigisirikare cya sub marine yatangiye urugendo rwo kuza mu gihugu cya Kenya azashyikira Mombosa ku cyambu,Obama ngo yaba afite ubwoba bw’umutekano we kubera ikibazo cya Al-shaabaab imaze kuzengereza icyo gihugu cya Kenya kuburyo bukomeye!

Ariko ngo ibyo ntibishobora kubuza umukuru w’igihugu cy’America kujya gusura igihugu cy’amavuko,bikaba bivugwa yuko umutekano wose uzaba uri mu maboko ya police ya US,hamwe n’inzego z’ubutasi za US.

Ubu amahotel yo mu murwa mukuru wa Nairobi yatangiye kuzura abagize inzego z’ubutafi za America CIA /FBI kugirango batangire kuneka umutekano mucye uvugwa muri icyo gihugu.

Biravugwa ko umutekano warushijeho gukara cyane mu murwa mukuru wa Nairobi,andi makuru avugwa muri icyo gihugu dore ko ar’igihugu gifite abantu bari bamaze kumenyera ubwisanzure cyane muri uku kwezi harimo kuba impanuka nyinshi kuburyo budasanzwe bityo bakavuga yuko ngo byashoboka ko byaba ar’ibitambo birimo gutambirwa umutegeka w’isi yose ugiye kuza muri icyo gihugu.

Amakuru atangazwa n’ibitangaza makuru byicyo gihugu,biratangaza yuko hamaze gukora impanuka nyinshi zingana na kimwe cya kabiri kizimaze kuba kuva uyu mwaka watangira!Ikinyamakuru inyangeNews kizakomeza gukurikirana amakuru y’imvaho y’urwo rugendo rw’umutegeka wisi maze tuzajya tuyabagezaho.

Icyo gihugu cyiravugwamo idini rya shitani  ryitwa Frimasion rikorera muri hotel yitwa SERENA HOTEL,nk’uko amakuru dukesha umunyakuru w’inyangeNews ubarizwa muri icyo gihugu cya Kenya ,avuga ko we yigiriyeyo ariko akaba yarabujijwe gufata amashusho n’inzego zishinzwe umutekano wa Hotel.

Avuga yashoboye kuvugana na bamwe mu banyaryango basengera muri iryo dini rya shitani,bivugwa ko mbere yo kuba umunyamuryango ubanza gutanga ibihumbi (7000) by’amashillingi ya Kenya kugirango wemerrerwe kuba umunyamuryango,kuko iyo umaze kwemera akuba umunyaryango uhita ubona amashillingi yose wifuza!

Icyo gihe wemera ko satani ariwe Mana yo mu ijuru ko ntayindi Mana ibaho usibye sekibi wenyine,iyo umaze kwemera ibyo uba uvuye mu mugambi w’Imana utangira kurwanya abantu b’Imana yo mu ijuru ariyo bita shitani hanyuma shitani agahinduka Imana kandi rero nta kuntu utabyemera kuko ibyo ushaka byose uhereye ku nzu imodoka byose uhita ubihabwa ukibagirwa ubukene bugahinduka amateka

Aba bantu iyo bamaze guhabwa ubutunzi bufuzaga bahita bahabwa amabwiriza yo kurwanya abitwa abantu b’Imana,bo bita ko arabashitani barwanya Imana yabo nguwo umurimo ukomeye uhita uhabwa,baguha nizindi mbaraga utarusanganywe aho nawe koko uhita ubona ko,shitani ariwe Mana.

Iri dini kuva rimaze kugera kumugabane w’Africa rimaze imyaka igera kuri(5);rikimara kwamamara hirya no hino  ku isi hose bitewe ni uko uhereye 2010 niho batangiye kwamamaza ibikorwa shitani bikorerwa mu isi yabazima,byatangajwe bwa mbere na televisiyo y’Abafaransa yitwa Canal plus.

Ubu aho waba uri hose ushobora gukoresha internet ugashaka iryo dini rya shitani aho ndavuga ku bantu bishakira agafaranga bumva ko iby’ijuru bibatindiye ako kanya ukimara kubacontact bahita bakubwira uburyo mushobora kubonana kugirango ugere kubyo wifuza.

Niba rero wumva ukomeje kurarikira iby’isi,ikigaragara nuko Imana mutazavuga rumwe kuko ijambo ryayo ritubwira yuko ubanza gushaka ubwami bw’Imana ibindi ukazabyongererwa.

Bamwe mubategetsi muri iyo filme yashyizwe ahagaragara na canal plus, bagaragajemo abategetsi bakomeye ku isi,harimo ibihugu G7 bifite imbaraga ku isi,bagiye bagaragazamo  barimo umutegeka w’isi OBAMA ,SARKOZY wategetsi ubufaransa mu gihe cya shize,n’abandi bategetsi bakomeye.

Mu rwagasabo haravugwa ikigo cyitwa Rwanda Development Boady RDB baracyinuganuga ko ar’ikigo gikorera satani akaba aricyo gishinzwe gukurikirana  imikorere y’inzego za leta n’inzego zigenga cyane cyane inzego z’ibigo byigenga nka madini ngo bashobora kuguha ubuzima gatozi,bwacya bakabukwambura bamaze kugushakira ibyaha bitandukanye kugirango haboneke impamvu yo ku kwambura ubuzima gatozi.

Baraza bagashaka bamwe mu bo mukorana umurimo bakabatumira mu Manama ya fpr bakagenda bagahabwa amasomo bakabwirwa uburyo pastor wanyu arigipinga ko akorana nabanzi biguhugu maze bakabategeka ko muzahamya ibyo byaha kugirango akurweho maze umwe muri mwe agahita afata uwo mwanya maze uwo munyamwuka agahita atangira kwinjira mu nkiko mu gihe abandi shitani iba yamaze kubakingira ikibaba.

Ubwo icyari umurimo w’Imana kikarangirira aho maze waba utarumunyamasengesho ibyawe bikarangirira aho,kuko umunyamasengesho nibura arasenga Uwiteka Imana akakubwira uko ibintu bihagaze ugahita umenya icyerekezo ushobora gufata,usibye ko na mbere yuko ibyo bikubaho byanze bikunze iyo murimo aruw’Imana ibikubwira mbere yuko bikugeraho.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments