April 3, 2016 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho yamaze kwitegereza dossier y’ubwami bw’uRwanda dore imyanzuro yurubanza uko yaganze murubanza rwitiriwe ubwami bw’uRwanda rwabaye ejo ku wa mata 02,2016 mubucamanza bw’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Dore Uwiteka amanuye umwuka bagaragaza uwo mwuka umanukiye inteko nkuru z’ubwami bw’uRwanda uzereka Nyir’uRwanda uko ibintu biteye ndetse agiye kwerekwa abone amayerekwa asobanutse kugirango ahamanye n’ijambo ry’Uhoraho kuko bagenje uko bangenje kuko batari bringiye yuko nyir’uRwanda azongera kwma ingoma none Umwami Mana ntashobora kwemera yuko Nyir’uRwanda yimana nimbereka kugirango amenye yuko Uwiteka Imana yabakiranutsi ari we umusubije ku ngoma uko niko Uhoraho avuga.
Iki cyemezo cy’imyanzuro yurubanza kikazatangira gushyirwa mubikorwa nk’uko Uhoraho yabitegetse mu mwaka w’Uwiteka Imana nyuma yuko umwakagara azaba akuwe ku ngoma maze Umwami Nyir’uRwanda akima ingoma nibwo icyo cyemezo kizatangira gukora kigashyirwa mubikorwa
Nuko numva Umuhanuzi mukuru ahawe inshingano zikomeye kandi zidasanzwe zo kwigisha ubwoko bw’Uhoraho kuko bwamaze guhumana bugendera mu nzira za Balam maze banyuranya ni nzira z’Uwiteka Imana yabakiranutsi nawe yemerera Uhoraho yuko azubahiriza icyemezo cyavuye murubanza rw’Uwiteka Imana hagafatwa imyanzuro ikwiriye nk’uko bikwiriye abakairanutsi.
