HomeNewsImperuka y’abakagara!!!

Imperuka y’abakagara!!!

Aug 28, 2016 ijambo r’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuntu wa kwandikiye agusaba gusengerwa ni magigiri ntiwirushye umusengera kuko bidaturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana yawe ahubwo ashaka gusohoza umugambi mubisha w’ubugizi bwa nabi niko Uwiteka avuga.Wibuke yuko yigeze ku kugigira ariko akananirwa bikamupfana ubusa kuko yananiwe kubahiriza gahunda zo gusengerwa na none niko bigiye kumera ni bamagigiri binkorera agahato niko  Uwiteka avuga.

Dore barimo ku kugenza bakoresheje ikoranabuhanga nuko rero ujye ubagenza uko wagenje abandi kugirango ubulizemo imigambi yabo uko byagenda kose kugirango ntibasohoze gahunda yabo mbi niko Uhoraho avuga.

TreeNerekwa igiti (ubutegetsi) cyangwa umutegetsi,kiri mu butayu,icyo giti cyari kigufiya bitari cyane,kandi cyari kimaze kugara amashami yacyo.Maze mbona haje umuntu ufite umupanga cyangwa umuhoro,mbona aragitemye ahereye murucyenyerero hacyo maze kigwa hasi ako kanya gihita cyuma kirarangira.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba wamenye icyo ibyo ubonye bisobanura?Ndasubiza nti,Oya!Ndabwirwa ngo,bisobanura ko,har’umutegetsi cyangwa umuyobozi warufite ubuyobozi ubu akaba ari mu butayu,none igihe cye kikaba kirangiye akaba akuwe kumwanya yarariho akaba atazongera gukora kuri uwo mwanya uko niko Uwiteka avuze!

JeanUwo ntawundi n’Umwakagara Gakwaya Jean Marie wakoraga mu nteko y’ubwami bw’uRwanda nk’umuhuza bikorwa Uwiteka akaba amukuye kumwanya yakoragaho kugirango ijambo ry’Uwiteka risohore akazasigarana umwanya wo kuzajya atumwa na bagize inteko y’ubwami (Messanger) cyangwa akazajya atumwa n’Umwami Nyir’uRwanda utuntu tumwe na tumwe ariko ntabwo azongera kwitwa umujyanama w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahingurwa uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye kunkorera umurimo mushya kandi uzakirwa na bene so muri Kristo Umwami wa bakiranutsi Yesu Kristo Umwami wawe uko niko Uwiteka avuga.Ukimara kugerayo,uzamara iminsi [7] utaravuga ijambo ariko kumunsi wa [14] nibwo uzahabwa kubwiriza ubutumwa bwiza bw’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka avuga.

Kandi uwo munsi uzahabwa impano [Gift] na bene so nk’ikimenyetso cyo ku kwishimira ko bakwakiriye kandi bazanezeza umutima wawe nugugingo bwawe kugirango umenye yuko ari bene so kandi bavuzwe mu buhanuzi n’Uwiteka Imana yawe ukorera uko niko Uwiteka avuga.

Aug 29, 2016 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara yaje IBABYLON,none za magigiri za panuwe cyane ngo zirebe icyerekezo uherereyemo.None genza kwa kundi ujya ugenza nurangiza umwihorere irirwe yanitse agahanga kuzageza igihe azatahira.Yibwira yuko azi kuneka kurusha umwuka w’Uhoraho?Niko Uwiteka avuga!Ngaho erekeza mu butayu wigire murutare umaremo iminsi azamara IBABYLON maze turebe ko azagusanga murutare niko Uwiteka avuga.

Nuko nerekw aimbaraga z’Uhoraho zimanuka zitatanya izo nkozi z’ikibi z’umwakagara za gerageza kwerekeza ikirere mperereyemo zigahita zishonga zigashira.Nuko ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nizo mbaraga z’Uhoraho niko zijya zikora kugirango bimenyekane uko Uwiteka ari we Mana mu isi ya bazima!Kandi yuko ntawafata Umuhanuzi kuko alindwa na maboko akomeye cyane kurusha imbaraga z’umwana w’umuntu uko niko Uhoraho avuga.

TrackerIjambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore harimo gukoreshwa RADAR uramenye ntugerageze kuva murutare habe nagato.Kuko barimo gukoresha “Tracking and Report”.Kuko Umwakagara yamaze kwemera ibyo wahanuye byose kuko amaze kubona ibimenyetso bigagije byuko agiye gukurwa ku ngoma.None uramenye ntusohoke kuko batumije imbwa [3] na makamyo [3] yo guhiga ubugingo bwawe.Nuko rero niwubahiriza ibyo umwuka w’Imana avuze.ntagushidikanya yuko imigambi yabo yose nta cyo iri bugereho uko niko Uwiteka avuga.

Kandi nutegerageze gukora icyuma cyose kiri kuri Network kuko bahita babona aho uherereye ahubwo uzimye icyuma cyose cyegeranye na Network iyariyo yose yaba telephone cyangwa internet ntugerageze kubyegera kugirango ubarohereza kubona icyerekezo cyawe uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,fata telephone yawe ukuremo battery maze utandukanye battery na phone ahasigaye widamarire kuko uraba urangije ubuhanga bwabo bwose kuko bidashoboka ko Tracking ishobora gukora detecting battery itari muri telephone.Ariko kuyizimya nibyo kandi nibyiza ariko kandi Tracking devise ihita ibona ko telephone yazimijwe hanyuma bakayirekereho igihe cyose uri bwatswe telephone bagahita babona aho uherereye kuko uba uyifashe mu ntoke zawe kandi bakaba barafashe igikumwe cyawe na figure print zawe zose izo rero bazihuza na Server yabo ya matelephone maze bagahita bahita baguTrackinga kuburyo bworoshye.Ariko nutandukanya battery na telephone yawe kandi ntubikozeho intoke zawe ntabwo bashobora kugira icyo bageraho uko niko Uwiteka avuga.

Niyompamvu wabone google buri munsi igusaba kwemera gukora agreement ya gusigninga Location agreement hanyuma ukabyanga burya bari batangiye urugendo rwo gukora Tracking devise babonye ibyo binaniranye nibwo bahisemo gukoresha RADAR cyangwa Satellite ya telephone kugirango umwakagara yigaragaze yuko ari gitangaza kuko umaze kumumaramo ibaraga ze zose no kumwambura icyubahiro mu banyarwanda bamaze kwemera ubuhanuzi bwawe unyuzwamo nijambo ry’Uwiteka ndetse nabayobozi bagenzi be bamaze kwemera ijambo ry’Uwiteka ry’Ubuhanuzi gusa babuze aho berekera kuko bagifashe umugati mubiganza kandi bananiwe kuwurekura kuko ujya kurekura abyibwirije burya aba ari ntwari kuko bitoroshye gucira inyama cyangwa ngo ukure amata kumunwa kandi ufite inyota ndetse unashonje uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w’umuntu burira abanyeCONGO bacike kumuco wo kwemera ibyo badashoboye!Ikintu cyose babajijwe bavuga yuko bakizi kandi batakizi.Uwo muco uzabajyana ikuzimu kwa namutezo iyo bigwa kand igitangaje nta mupagani wabonamo hagati yabo kuko bose bavuga yuko bemera Imana kandi batanayizi habe nagato uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mukanya bagiye kuguhamagara kuko ya telephone bagombaga gukorera Tracking,bayibuze.None bagiye guhamagara kuri ya yindi ya cyera.Nuko rero iyo ya cyereza ntuyizimye kugirango ubashe kumenye yuko ibyo wabwiwe n’Uwiteka ar’ukuri.Nuko nanjye sinayiimya bigeze saa 11:57 z’amanywa y’IBABYLON mbona za magigiri zihise zihamagara dore numero za telephone zakoresheje +254-702-628-944.Nuko ubwo ijambo ry’Uwiteka riba rirasohoye.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ubuhanuzi bw’Umwakagara bwararangiye ntabundi busigae cyaretse kuburira ubwoko bw’Uwiteka gusa ariko Umwakagara yarapfuye arahambwa asigaje kubishyira mubikorwa ubundi ubwoko bw’Uwiteka bukima ingoma hamwe n’Umwami wabwo Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uwiteka avuga.Dore muri miliyari 7.8 z’abatuye isi nta muntu numwe uzi aho uba usibye Uwiteka wenyine nawe nimwe muzi aho utuye niyompamvu byagoranye cyane kuba bamenya icyerekezo uherereyemo.Ikindi kandi naho baTrackinga abantu mwavuganye bose nta cyo byabamarira kuko nta numwe uzi aho atuye ndetse nta numwe uzi amazina yawe byumvikane yuko bitazaborohera kugirango bamenye icerekezo uherereyemo uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu,dore Uhoraho azakugororera kuko wihanganiye imibabaro yose wacishijwemo.Ukihanganira kubaho wenyine ntawe muvugana.Ugasigara uvugana n’Uwiteka wenyine none na nyir’uRwanda mwajayaga muvugana dore warabihagaritse kuko yagiye impaka n’umwuka w’Uhoraho ukorera muri wowe ariko muzongera kuvugana namara kwima ingoma.Ibyo byemezo wafasha nibyiza byanejeje Imana kuko wagaragaje kwizera ijambo ry’Uwiteka cyane kurusha uko wizera Umwami wanyu wa gakondo ya bakiranutsi.

Erega mwana w’umuntu,Uhoraho yamugize Umwami wa gakondo ya bakiranutsi.Nawe akugira Umuhanuzi wa gakondo ya bakiranutsi.Wowe uyobora ubwami ariko ubwami ntabwo bukuyobora!Niba badashaka yuko Uwiteka abaobora,uzabihorere bagende bonyine kandi Umwami nakomeza kujya impaka n’umwuka w’Imana,uzamwihorere ntuzigere umwimikisha amavuta yo kwima ingoma kugirango aziyimike abe anyuranije n’ijambo ry’Uwiteka maze nta gihe azamara kuko azaba yiyimitse akanyuranya na gahunda z’Uhoraho akazasiga rurese akisangira basekuruza hakazima undi Mwami w’umunyamwaga uzagendera mu nzira balamu na balaki uwo nawe nta gihe azamara azicwa n’urwikirago kuko Uwiteka azamanura uburwayi bukomeye atazabona aho yivuza kugirango ijambo ry’Uhoraho ribasohorezeho maze hime Umwami wo gukiranuka uzaba akomoka kurukiryi rw’Umwami David kandi akazaba ar’umwuzukuru we uko niko Uwiteka avuga.

Kandi ubabwire ngo,«Jyewe Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,uzakugisha impaka nijye azaba asuzuguye!Nuko rero bazitegure kwakira ingaruka zose zizabageraho kuko nta mwana w’umuntu numwe uzabakiza ukuboko kwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Jehova Nyiringabo avuga»bene data bakundwa iki gice cya (38) ni gice gikakaye cyane gifite amagambo yo kwitonderwa!Cyane Cyane abantu bibwami bakwiriye kugisoma no kukitondera,kugirango bamenye umugambi w’Uwiteka kuri gakondo ya bakiranutsi!

Dore ntabanga rigihari ibyo mwahishaga byose Uhoraho yamaze kubishyira ahagaragara kandi nibindi bitarasohoka bigiye gushyirwa ahagaragara kuko mwanze kumva imiburo y’Uwiteka Imana ya bakiranutsi maze dore muhawe agahe gatoya katarenze iminsi (70) kugirango mwisubireho niba mutisubiyeho ibanyu bizabazwa abapfu kuko abazima bazaba barium bugingo uko niko Uwiteka avuga.Nuko rero ntimuzavuge ngo ntabwo mwabwiwe cyangwa ntimwaburiwe mubwiwe hakiri kare kuko Uhoraho amaze kurambirwa imikorere y’inkozi z’ibibi zituye mu isi ya bazima.

WaterDore Uwiteka yabagiriye ikizere abagarurira ubwami kandi abavugaho ijambo ryiza ryo gukiranuka.Ariko mwebwe mwaranze ahubwo mwihimbira uburyo bwanyu bwo gukiranuka kugirango imitima ibashinja ku byaha mwagomeye Uhoraho ibashe gutuza.Ariko ntabwo muzatuza ndetse nta na mahoro muzabona kuko mwanze kugenza uko Uhoraho yavuze!Nyamara ibyo yabavuzeho azabisohoza ariko bizababera nka yamazi ya gahimano yo mu butayu asharira yahawe ubwoko bw’Israel ubwo bari bageze ahitwa IMARA maze amazi arababihira cyangwa arabarurira kuko banze kumvira Uhoraho kugeza ubwo biginga umugaragu w’Uwiteka akayahumanura maze bakabona kunywa amazi meza afutse kandi amara inyota.

Namwe rero niko bizagenda ubwami muzabubona kuko Uwiteka adashobora kwivuguruza ku byo yavuze!Kandi ntabwo abikoze kubera mwebwe,ahubwo abikoze kubera umugaragu we uzima ingoma uwo akaba ari we uzahesha icyubahiro Ijuru mu isi ya bazima maze Uwiteka akazakora imirimo ikomeye yibitangaza kuko azagaragaza kwera kwe,no gukiranuka kwe,maze isi yose ikazaza gusaba umgusha muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Ariko nimwumvira ijambo ijambo ry’Uwiteka ryahanuwe n’Umuhanuzi nta kabuza muzarya ibyiza byo mu gihugu gakondo ya bakiranutsi kandi Uwiteka ntazabura kubana namwe kandi azabagira umwandu we ndetse muzaba icyitegererezo mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

KerryMwana w’umuntu,va murutare ugende ujye gutangariza abanyagakondorero yuko birangiye iby’Umwakagara,nubwo bakoze inama ya East African Community EAC bakaba baganiriye uburyo bagiye gutabarana kubera intambara y’UBURUNDI n’uRwanda,nyamara mbere yuko bategura iyo ntambara,JOHN Kerry arahavuye gusaba KENYA yuko itazivanga mu ntambara igiye kubera mukarere kibiyaga bigari.

Gusa uzirikane yuko udakwiye gutwara ibyo byumva bishinga amatwi,kuko niwo mutego bagutegeyeho.Ariko niwigendera bisanzwe,urakora umurimo neza kandi nta muntu uri burabukwe yuko uri mu murwa ahasigaye wisubirire murutare kuzageza igihe umwakagara azavira IBABYLON uko niko Uwitk avuze!Aho niho uzongera gukoresha inshingamatwi wisanzuye naho ubungubu byakomeye umwakagara atangiye kwiyumvamo urupfu kuko asigaje iminota [2] nibice [75] ku ijana kugirango ubuhanuzi bumusohozeho uko niko Uwiteka avuga.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments