Home Uncategorized iminsi (40) ya perezida wa Sudani al-Bashiri yageze

iminsi (40) ya perezida wa Sudani al-Bashiri yageze

0

Abayobozi bo muri Africa bakwiye kubahiriza uburenganzira itegeko nshinga  n’uburenganzira bwa kiremwa muntu kugirango babashe kuva kubutegetsi mu mahoro

Umukuru w’igihugu cya Sudani y’amajyaruguru Gen.Elly Bashiri yafatiwe muri Africa y’Epfo aho bari mu nama atabwa muri yombi none amakuru aravuga yuko ku munsi wejo azaba yamaze kugezwa I LA HAYE murukiko aho akurikiranyweho ubwicanyi bw’Abirabura bo muri sudani y’amajyepfo South Sudani

Iyo arrest warranty yamaze gusohoka iba yamaze gusohoka,M7 yajyaga abeshya abanyafurika yuko urukiko rw’I LA AHYE rudafite ubushobozi bwo gufata umuperezida none bibaye yirebera ko byose bishoboka iki nicyo cyashobora abaperezida babanyafurika bashka kutuyoboza igitugu

Hagiye gukurikiraho Nkururnziza Pierre hamwe n’umwakagara ariko nibe wenda na Nkurunziza kuko nta manda afite izamuta muri yombi,ariko umwakagara ngirango araza kureka kuzajya ajya mu Manama yomahanga azajya atumirwamirwamo

Kuko nawe afite impapuro zimuta muri yombi,ariko iby’umwakagara namayobera kuko ubuhanuzi buvuga ko azicwa,ubanza rero haba haramahitamo hagati yo kumwica no kumufata agafungwa alabazwa za miliyoni zabanyarwanda nabakongomani yamariye ku icumu bityo ubutabera bugakora umurimo wabwo

Twiubutse ko umwakagara afite impauro zimuta muri yombi z’Abafaransa hamwe n’igihugu cyo muri Spain byravuzwe cyane ko zakuweho nyamara na Bashiri zari zarakuweho ariko se ninde wazikuyeho

Umwana w’umusita nawe ashaka yaba yitegura kuko ubwicanyi yakoreye abaganda bahitwa Ruwero nawe arahagazwe bitinde bitebuke azabibazwa

Undi uteganijwe kuzafatwa n’urukiko rw’I LA HAYE mu gihugu cy’Ubuhollande ni perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta Mwigai aho umushinja cyaha mukuru wa ICC Fatou Bensuda yamaze kujurira akaba afite ibimenyetso simusiga birimo umutangabuhamya wo mu bwoko bw’Abakikuyu witwa MAINA NJENGA  wakoranye na perezida Uhuru mu bwicanyi bwatewe na matora yabaye muri icyi gihugu muri December  2007-2008 iyo ntambara ikaba yarahitanye abagera ku gihumbi na Magana atatu 1300 babaturage

Ibyo mu gihe birimo kuvugwa hategerejwe ko umukuru wungirije Uhuru Kenyatta nawe asomerwa urubanza rwe mukwezi gutaha niba muri gahunda ntagihindutse muri Nyakanga azasomerwa amenye koatsinze urubanza cyangwa atsinzwe nurubanza

Abakurikiranira ibya politike hafi yo muri icyo gihugu bavuga ko ashobora kuzatsindwa bakurikije abatanga buhamya ni uko urubanza rwagenze bakavuga ko amanyamategeko bahamya ko ashobora gufungwa imyaka itari hasi ya 20 ariko byibukwe yuko babara amanywa n’ijoro ntabwo bameze nk’umwakagara ukigendera kumategeko y’Ababirigi

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar