Abayobozi bo muri Africa bakwiye kubahiriza uburenganzira itegeko nshinga n’uburenganzira bwa kiremwa muntu kugirango babashe kuva kubutegetsi mu mahoro
Umukuru w’igihugu cya Sudani y’amajyaruguru Gen.Elly Bashiri yafatiwe muri Africa y’Epfo aho bari mu nama atabwa muri yombi none amakuru aravuga yuko ku munsi wejo azaba yamaze kugezwa I LA HAYE murukiko aho akurikiranyweho ubwicanyi bw’Abirabura bo muri sudani y’amajyepfo South Sudani
Iyo arrest warranty yamaze gusohoka iba yamaze gusohoka,M7 yajyaga abeshya abanyafurika yuko urukiko rw’I LA AHYE rudafite ubushobozi bwo gufata umuperezida none bibaye yirebera ko byose bishoboka iki nicyo cyashobora abaperezida babanyafurika bashka kutuyoboza igitugu
Hagiye gukurikiraho Nkururnziza Pierre hamwe n’umwakagara ariko nibe wenda na Nkurunziza kuko nta manda afite izamuta muri yombi,ariko umwakagara ngirango araza kureka kuzajya ajya mu Manama yomahanga azajya atumirwamirwamo
Kuko nawe afite impapuro zimuta muri yombi,ariko iby’umwakagara namayobera kuko ubuhanuzi buvuga ko azicwa,ubanza rero haba haramahitamo hagati yo kumwica no kumufata agafungwa alabazwa za miliyoni zabanyarwanda nabakongomani yamariye ku icumu bityo ubutabera bugakora umurimo wabwo
Twiubutse ko umwakagara afite impauro zimuta muri yombi z’Abafaransa hamwe n’igihugu cyo muri Spain byravuzwe cyane ko zakuweho nyamara na Bashiri zari zarakuweho ariko se ninde wazikuyeho
Umwana w’umusita nawe ashaka yaba yitegura kuko ubwicanyi yakoreye abaganda bahitwa Ruwero nawe arahagazwe bitinde bitebuke azabibazwa
Undi uteganijwe kuzafatwa n’urukiko rw’I LA HAYE mu gihugu cy’Ubuhollande ni perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta Mwigai aho umushinja cyaha mukuru wa ICC Fatou Bensuda yamaze kujurira akaba afite ibimenyetso simusiga birimo umutangabuhamya wo mu bwoko bw’Abakikuyu witwa MAINA NJENGA wakoranye na perezida Uhuru mu bwicanyi bwatewe na matora yabaye muri icyi gihugu muri December 2007-2008 iyo ntambara ikaba yarahitanye abagera ku gihumbi na Magana atatu 1300 babaturage
Ibyo mu gihe birimo kuvugwa hategerejwe ko umukuru wungirije Uhuru Kenyatta nawe asomerwa urubanza rwe mukwezi gutaha niba muri gahunda ntagihindutse muri Nyakanga azasomerwa amenye koatsinze urubanza cyangwa atsinzwe nurubanza
Abakurikiranira ibya politike hafi yo muri icyo gihugu bavuga ko ashobora kuzatsindwa bakurikije abatanga buhamya ni uko urubanza rwagenze bakavuga ko amanyamategeko bahamya ko ashobora gufungwa imyaka itari hasi ya 20 ariko byibukwe yuko babara amanywa n’ijoro ntabwo bameze nk’umwakagara ukigendera kumategeko y’Ababirigi