Banyarwanda,banyarwanda kazi,dore imbuzi z’ubuhanuzi,nyuma yuko Uwiteka atanze ibimenyetso bigaragaza amaherezo ya fpr,n’umwakagara ,no gutangira kw’intambara yahanuwe nabahanuzi.
Dore aho ibintu bigeze,hasigaeye ikimenyetso kimwe gusa kugirango rwambika,icyo kimenyetso kigiye kujya ahagaragara muri kuno kwezi.Uwiteka Imana yavuze yuko ijwi ry’Umuhanuzi ubwo muzaryumva rivugira munda yibuye muzamenyeko Uwiteka yarangije guciraho iteka umwana wabakagara ka rugara ka Rutagambwa
Ubuhanuzi buvuga ko,Umwakagara azakurwa ku ntebe n’igihugu cy’igihangange cyiyobowe n’Umwami-kazi,bishatse kuvuga igihugu cy’Abongereza dore ari nabo bamwicaje ku ntebe yabukunzi none bakaba bagiye kuyimukuraho kumanywa yihangu izuba riva,mbarutso yikurwaho rye,ibaye radio ya bbc gahuza miryango yarenganije akayifunga nyamara bitari bikwiriye,ariko kuko byavuzwe mubuhanuzi byagombaga kubaho kugirango ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa kabahanzi rishobore kwihesha icyubahiro no kugirango abanyarwanda bashobore kwiringira Uwiteka Imana muburyo bukwiriye
Ibyo nibimwe mubimenyetso bibiri bya nyuma,muri uku kwezi muratangira kumva ijwi ry’ubuhanuzi munda y’Ibuye aho umuhanuzi azajya abagezaho ubuhanuzi n’ibisobanuro bwabyo kuko abenshi bibagora gusobanukirwa imvugo y’ubuhanuzi
Ubuhanuzi bwo gice cya (5) cy’ubuhanuzi havuga ko,ingabo zizasakirana mu minsi ya mbere umwakagara akabajejeja,ariko ku nshuro ya gatatu akaba ariho bazamunesha,uko niko bimeze umwakagara yaguze intwaro zikomeye nyamara ntabwo azakurwaho ku imbaraga zamaboko yabana bab’abantu ahubwo iby’Uwiteka yavuze nibyo bizasohoza
Abatavuga rumwe nawee bari mu myiteguro yogutangiza intambara,kugirango basohoza ibyahanuwe,Uwiteka nawe yamaze gutegurira abakiranutsi gakondo yo kuzaturamo amahoro nta ntambara kugirango bazakorere Uwiteka Imana yabakiranutsi
Radio inyangenews igiye kuzajya ibagezaho amakuru mukinyarwanda hamwe n’amakuru y’ubuhanuzi,kugirango mushobore gusobanukirwa no gukurikira ibibera kw’isi yabazima!Ni uko rero benedata ubwo bemeze gutyo mwisuzume kugirango mutariganywa n’umwanzi kugirango iyi minsi mibi mubashe kuyisimbuka mudahutajwe nuburiganya bw’abadayimoni.
Imbarutso yakabiri igiye gutuma ubuhanuzi busohoza umurimo wabwo ,n’uguhindura itegeko nshinga,umwakagara byanze bikunze biramukura ku ntebe yabukunzi,yagerageje gutumira Nyir’Urwanda ngo atahe amuhe ibyo yifuza byose kugirango aburizemo ubuhanuzi nyamara icyo yananiwe kumenya ni uko ubuhanuzi nibwo buyobora isi kuko ar’ijambo ry’Uwiteka riba ryasohotse!
Ubuhanuzi ntabwo buvuga umunsi ukweizi cyangwa isaha ibyo bizaberaho niyompamvu abahanuzi batanga iminsi cyangwa amezi y’intambara izaberaho n’igihe izarangirira ntabwo ibyo bavuze byigeze bisohora ubwo bivuze ko arabahanuzi bibinyoma
Umuhanuzi kazi Esther Mariya Murebwayire yatanze igihe ko intambara izaba mu kwa (7) cyangwa se nyakaga 2013 iyo yarangiye iyabaye,umuhanuzi kazi witwa Marie Claire uba mugihugu cya Kenya nawe yahanuye ko intambara izatangira muri kamena(6) 2014 ikazarangira muri Nzeri ibyo nabyo byarahise twarabibonye ko bitabaye ubwo bishatse kuvuga ko akoreshwa n’imbaraga zabadayimoni cyangwa amaranga mutima.Ariko kandi ibi inshuro nyinshi bikorwa na leta y’umwakagara kugirango bateshe ubuhanuzi agaciro,nyamara ubuhanuzi ntibushobora gutakaza agaciro kandi abasoma ubuhanuzi bose ntabwo ari injiji kuko babasha gushungura bakareba ubuhanuzi nyabwo bwahanuwe n’umwuka w’Imana utarimo imvange
Niyompamvu abahanuye bose bakoreshejwe nabadayimoni cyangwa amaranga mutima cyangwa se kubera intonorano bahawe kugirango bavangire abantu b’Imana,nibo bivangiye kandi byatumye bashyirwa kurutonde rwabamaze gutakaza agaciro mu isi yabazima cyeretse nabajya ahagaragara bakihana bakavuga ko buhannye kuba barahanuye batabwirijwe n’umwuka w’Imana
Bene data ntihagire abifuza kuba abahanuzi batabihawe n’umwuka w’Imana kuko bitazabura kubagiraho ingaruka kuko iyi Mana dukorera niyo rurema byose wabashya mu izina ry’abana bab’abantu,ariko kubeshya mu izina ry’Uwiteka Imana data wa twese,uba wirahuriyeho umuriro wamakara kumutwe kuko ushobora kwihana icyaha cyose cyo gutuka Imana ariko gutuka Umwuka wera yaba iyisi ya none cyangwa se izaza ntushobora kuzababarirwa,ni uko rero mwirinde hatagira umuzi wo gusharira umera muri mwe kandi mucunguze uburyo umwete kuko iminsi ari mibi.