Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ubutegetsi bwa Paul Kagame yuko atazafungura umunyepolitike Ingabire Victoire Umuhoza wenyine, Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse yuko abafungwa bose bafungiye muri gereza zo mu Rwanda ko bafungurwa.
N’i mwe mu ngingo (7) Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yatanze ubutegetsi bwa Paul Kagame basabwa kubahiriza. Byaba bidakozwe nkuko Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse, bagahura na kaga gakomeye cyane bagakurwa ku butegetsi hakoreshejwe intambara igihugu kigasenyuka.
Izi ingingo (7) ziri mu gice cya (311) cy’Ubuhanuzi ni manza zitabera by’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Iyindi ingingo Uwiteka Imana Nyiringabo yatanze, yategetse ko July 18, 2026 ubutegetsi bwa Paul Kagame bugomba kuba bwamaze gutangaza komite ya mahoro ishinzwe ihererekanya bubasha kandi ko izaba iyobowe na Dr. Richard Sezibera.
Ibyo nibiramuka bidakozwe, Uwiteka Imana Nyiringabo azahita ahindura Paul Kagame kuba umusazi bajye kumufungira mu kigo cya gisirikare.
NB: Mbere yuko July 18, 2026 hagera Uwiteka yategetse ko Paul Kagame agomba guha Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha euros ibihumbi €453,333
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko izi gahunda zigomba kuba zatunganye mbere ya July 4, 2026 celebration kuko hashobora akantu gateye ubwoba kazatuma ibyo ibiroli bitizihizwa nkuko byagenze umwaka ushize mu Buhanuzi bwahanuwe Jan 9, 2025 bwasohoye aho Paul Kagame atigeze agaragara muri ibyo ibiroli kuko bitabaye.
Nihagira ikizaba ntimuzavuge ngo na babereye umuntu mubi, kuko ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse byose ndabibatangariza.
nccleon@gmail.com