26th Dec,2015 ijambo ry’Uwiteka maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uyu munsi wiriwe imbere y’Uwiteka Imana yawe,none ndagirango nkwereke ibikomeye bikorerwa mu isi yabazima maze uhite ubitangaza ku itangaza makuru ry’Ijuru INYANGENEWSS.COM
Pastor Rick Warren.
Nuko ntwarwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi uburyo zagiye zihumanya abakiranutsi batandukanye ariko cyane cyane hazanwa imanza (2) imbere y’Uwiteka zigiye kwigwaho maze hazabone gufata umwanzero wazo nyuma yo kuzigenzura no kuzireba yuko aba bantu bahumanijwe bari basanzwe ar’Intore z’Uwiteka Imana.
Nuko mbona mu manza za zanywe imbere y’Uwiteka Imana bazanyemo dossier ya Pastor MUSONI JAMES wahoze akorana na Gitwaza Paul intumwa ya Satani akaba ariwe wahumanije umugaragu w’Uwiteka musoni James kubera ko yaramaze gutandukana nawe maze atinya yuko azamutwara abantu bantu kuko bakundaga Musoni cyane kurusha Gitwaza intumwa ya Satani.
Ndabwirwa ngo,Gitwaza yohereje umugore bakorana muguhumanya abantu b’Imana asanga Musoni James ahitwa ku nkuru nziza amaze kubwiriza aramuratsa maze kuko undi yari yisize iyo myuka mibi Musoni ayandura gutyo!Hiyongeraho iyindi myuka mibi ya RICK WARREN umukozi wa Satani ukomeye cyane akaba ariwe wakoze misiyo ikomeye yo kurangiza Pastor Musoni James kuko yarari mubatiranijwe bazakorera Uwiteka Imana mu gihe cy’ububyutse ariko uko abafarisayo bagiye bamwiyegereza we yibwiraga ko ari kuzamurwa n’Uwiteka Imana agakomeza kubishyira nyamara yarimo gusanga urupfu.
Nibwo rero nyuma imbaraga z’umwijima zamubanye nyinshi kuko yarasigaye ahuze cyane kuburyo atabonye nakanya ko gusenga nibwo yatangirage urusengero rwitwa Heritage Church kwa RASTA mukanogo maze mu gihe cya mezi (5) yaramaze kugwiza abantu (150) nibwo bahitaga bamuhumanya nyamara waramubwiye aguhindura injajwa iyo aza kumva imiburo y’Uwiteka wamubwiye nta bwo uyu munsi yari kuba arimo kugisasiro cy’abadayimoni uko niko Uwiteka avuga.
Nkomeza kwerekwa iyindi dossier y’umudamu w’umukiranutsi-kazi utuye mu gihugu cya France kumugabane w’Uburayi,uwo mudamu yahumanijwe n’inkozi zikibi zo mu muryango zifatanije nabanyeshyari zikuvira kumugabane w’Uburayi zijya mur’Africa zijya kuzana amarozi maze zitegatega mu nzira aho yanyuraga hose agiye guhaha cyangwa gushaka amaronko nuko ziteza umuhungu we wigikundiro kuba umunyabwenge bucye!Kuko izo nkozi zikibi zari zizi neza yuko uwo muhungu yahindutse ishema ry’abahungu muri uwo muryango kandi nyine nabo babishimiraga uwiteka nk’impano yabahaye!
Maze kwitegereza izo dossier ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore Uwitea yakugize umucamanza wabatuye mu isi yabazima.Niyompamvu yagutoranije,none uyu munsi wa ll wa masengesho sengera ubu bwoko bw’Uwiteka bwahumanijwe kugirango Uwiteka amanure imbaraga zo gusenya no gutwaka izo mbaraga z’umwijima.
Nuko ndasenga kandi ubwo ninako nandikaga ibyo mpabwa n’Uwiteka Imana yabakiranutsi,numva ukuboko kurananiwe cyane kurasa nukugiye kuvamo.Ariko ntekereje uburyo izo nyanga birama zahenukiye ubwoko bw’Uwiteka,numva nsubijwemo imbaraga ndakomeza ndasenga kandi ndandika kugirango ubwoko bw’Uwiteka aho bwatataniye ku isi hose bumenye yuko ko,uyu mwaka turangije war’umwaka wa lll w’ubutabera bw’Uwiteka Imana mu itorero rya Kristo.
Nkomeje gusenga mbona umuriro waka amashara uragurumana cyane numva ngize ubwoba bwinshi nyoberwa ibibaye ntegereze kumva impamvu yawo,nerekwa ahantu mu mayira abiri aho bategeye uwo mukiranutsi-kazi utuye kumugabane w’Uburayi mu gihugu cya France nuko mbona za nyangabirama zitotomba cyane zivuga ngo yagiye gushaka umuganga uturusha imbaraga nanjya ndasubiza nti Yeeeeeeeeee abarusha imbaraga nyine mwari muzi yuko rero mwarangije mutazi yuko mu ijuru har’Iyaduhanze!
Nerekwa utuyira twose bahumanijemo ngo nanyuramo izo mbaraga z’umwijima zizamuhumanye kandi zimwambure umugisha wose afite.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uwo mukiranutsi-kazi yarinzwe n’imbaraga z’Uwitea Imana kubera kwizera yagize naho ubundi baba baramwivuganye kera akibagairana mu isi yabazima uko niko Uwiteka avuga.Ariko dore yahagaze ku ijambo ry’Uwiteka Imana kugeza igihe Uwiteka yamwibukiye akemera gukoreshwa ibikomeye ari nayo mpamvu Uwiteka amwibutse kuko yemeye gukoreshwa n’Uwiteka Imana atabitewe nimico myiza ahubwo abitewe no kuba atakiri uwo ngo yigenge ahubwo yabaye uw’Umwami wabami uko niko Uwiteka avuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,ibyo byose Uwiteka abikoze kugirango ugire vuba uve ku nkengero z’ubutayu dore kwerekeza aho Uwiteka yavuze nubwo hashize imyaka (6) ukaba ugiye gutangira uwa (7) ibyo Uwiteka yavuze nta bwo bijya bihera.Nuko rero itegure kandi witunganye vuba bishoboka ubise Uwiteka kuko har’ibyo ashaka kwikorera mu gihugu cy’IBABYILON kandi ntashobora kubikora ukirangwa muri icyo gihugu kuko wamubera intambamyi uko niko Uwiteka avuga.
Dore uzakirwa na bene so nabashiki bawe muri Kristo Yesu Umwami wabakiranutsi,uzabafasha kumenya impano zabo kuko bananiwe kumenya impano zabo kandi bidashoboka yuko wakorera Umwami utazi impano yawe ubwo se ko impano ariyo mulimo utazi impano ye yakora umulimo gute ?Uko niko Uwiteka abaza!Dore bazakubera umugisha nawe uzababera uwundi kuko bafite inyota no gutegereza uwiteka batarambirwa icyo nicyo gitumye bagera ku iherezo ryo kunesha uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero bwira abakiranutsi uti,ijisho ry’Uwiteka rihora kubakiranuatsi,uko niko Uwiteka yaguhozagaho ijisho,ndetse nuwo mukiranutsi Kazi.iyabataba Uwiteka wamushyizeho ijisho aba yaribagiranye mu isi yabazima.Ariko kuko byari mu mugambi w’Uwiteka kandi akagira kwizera Uwiteka Imana na maraso y’Umwami wamucunguye byatumye arindirwa mu isi yakaga yaka umuriro ugurumana kugeza kwiherezo ryo kunesha none dore yinjiye mu masezerano y’Uwiteka Imana kubera kwihangana no gutegereza uko niko Uwiteka avuga.
Nuko nerekwa nkurwa kunkengero z’ubutayu maze ndabwirwa ngo za magigiri zabuze icyerekezo cyawe none byatumye ziheba kandi zabwiwe yuko zananiwe gukora akazi kazinaniye.Nuko mbona zirihebye cyane kubera zimaze igihe zumva amatangazo ya leta zunz’ubumwe z’America,mbona ko nazi zitangiye gushaka shaka aho zazahungira ndetse ngo zanamaze kumenya yuko zahagurukiwe bagiye kujya bazica.
Yewe burya ubuzima koko burakundwa narinzi yuko zizemera zigapfira umwakagara!Nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,za magigiri zikurikira ubuhanuzi kurusha abazima nabapfuye atarugushaka kuneka gusa.Ahubwo bashaka kumenya ibihe aho bigeze kuko nazo ubwazo zemera yuko ukorera uwiteka Imana yabakiranutsi kandi zikaba zemera yuko ibigucishwamo byose bihumeka n’umwuka w’Uwiteka Imana.Nuko rero dore ibyo wabahanuyeho bibasohoyeho ninabyo bibaciye integenke bituma batangiye gushaka uburyo bacika umwakagara bakiyoberanya kubataramenyekana kugirango bazabone ubuhungiro.Ikibazo gikomeye cyane zitangiye kwibaza naho bazerekera ubwo indiri yabo bibereyemo y’ubutegetsi bw’umwakagara nisenyuka aho bazerekera kuko biringiye umwana w’umuntu none birangiye bakozwe nisoni uko niko Uwiteka avuga.
Nk’uko wabihanuye dore inkozi zibibi zigiye kugusimbura mu gihugu cy’ubutayu ubwo uzaba ubucuyemo,ako kanya nazo zizahita zinjira mu butayu uko niko Uwiteka avuga.Kuko banegurije izuru Uwiteka Imana bituma nawe abaneguriza izuru reka turebe yaba Uwiteka cyangwa izo nyanga birama ninde uzabihomberamo yaba hagati yabo nawe uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,nakubwiye ko nzakumurikira ubwo umwijima uzaba utwikiriye isi yose,nzakumurikira dore umucyo w’Uwiteka uzakuzaho uzakumurikira kugirango umurikire isi yose,kandi amahanga yose uzayabera umucyo kuko Uwiteka yagukunze akaguhitamo akakugira igikoresho kigirira nyiracyo umumaro nuko rero iby’Uwiteka yakuvuzeho nibwo bigiye gusohora kugirango umenye yuko yagukunze akaguhitamo kurusha bagenzi bawe nicyo cyatumye inkozi zibibi zikugirira ishyari zitwara umugisha wawe zibwira yuko zizawuherena nyamara abatiranijwe n’Uwiteka ibyabo nta bwo bijaya bihezwa ahubwo bigarunzwa bigeretseho ni nyungu zabyo uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore umulinzi wasezerano akwiye gushakirwa amazina mashya kuko igihe cye cy’ubutayu kirarangiye none utegure uburyo bwiza bwo kumushakira amazina kugirango atangire umulimo w’Uwiteka nk’uko yawuhamagariwe uko niko Uwiteka avuze.
Nuko nongera kujyanwa mu iyerekwa mbona uburyo za nkozi zibibi zo mu bwoko bw’abarozi uburyo zari zimaze iminsi zitwaye gakondo yabakiranutsi zarayigaruriye,mbona ko habayeho ubutabera maze abacamanza banzura bavuga yuko gakondo isubizwa banyirayo nuko mbona nsubijwe gakondo yabakiranautsi ariko mbona inzu yari yarashenywe yongeye kubakwa ariko ihabwa imiryango mitoya maze ndabahakanira mbwabira yuko bagomba kwagura imiryango yiyo nzu bitaba ibyo umulinzi wamasezerano ntasinye kumpapuro zabo zishyuza ibihembo byabo by’uko batunganije gakondo yabakiranutsi(Repair) maze mbona ko iyo nzu yubatswe na NZIGO hamwe na NZIKA akaba ariyo mpamvu bayubatse bajignywa bafite umujinya mpita mbwira umulinzi wamasezerano ko atagombwa gusinya kuri kunyemeza bwishyu cyeretse babanje gusubiramo iyo nzu bakayubaka neza(Inkiko) uko niko Uwiteka avuga.





