Umwakagara yarangije referendum ikazeiwacu nayo ihita irangiza umurimo wayo witerabwoba mubnayarwanda bimpunzi?Abanyarwand abakomeje kwibaza impamvu ikinyamakuru ikazeiwacu impamvu kitakigaragara kurubuga rw’internet kandi ibi bikaba bibaye nyuma yahoo umwakagara arangirije gukora kamarampaka.
Ikigaragara ni uko nta makuru cyari gisigaranye yo kwandika,gusa amakuru avuga ko ngo cyandikwaga naza magigiri bityo rero bakaba bari bamaze kubapangira mu ko nabo bacishwa iy’ubusamo nyuma yuko igihugu cya leta zunz’ubumwe z’America gihereye ubufasha abatavuga rumwe n’umwakagara kujya barwanya urugomo bakorerwa na leta y’umwakagara.
Amakuru avuga,ikinyamakuru inyangeNews kimaze kwandika inkuru ivuga ko bagiye kujya bacibwa ibihanga nk’uko nabo baca amashu yabandi,ngo bahise bahamagazwa igitaraganya ndetse banasabwa gufunga urwo rubuga rw’ikazeiwacu kuko umurimo bari bashinzwe warurangiye.
Ubu rero bakaba barafunze imiryango kuko bageramiwe aho basabwa kuba maso kuko uwo barwanya nawe akaba abarwanya baziranye neza kandi imikorere bakoreramo ariwe washyizeho urufatiro rwabyo.
Byumvikana neza yuko gucibwa ibihanga kwabo byaba byoroshye cyane ku buryo za magigiri zitamara igihe kinini cyane batarazimaraho aho baherereye ku isi hose.Nimuri urwo rwego za magigiri zandikaga amakuru kw’ikazeiwacu.fr bahise bakuramo akarenge kabo.Ngo babaye bafunze amakuru kugirango babanze barebe uko bahindura imikorere cyangwa byaba ngombwa bagafunga burundu.





