Uwiteka Imana yakoze ibikomeye cyane,mundebere iki kiremwa cyibera mu mazi umurimo cyikorera nukumira ibindi biremwa bitoya cyane kuriyo iki kiremwa ushobora ku kigereranya n’umwakagara uburyo nawe ari munini cyane uburyo akomeye cyane ndetse akaba na munini cyane.Umwakagara nawe yimirira udufi dutoya.
Gusa Uwiteka arakomeye cyane kuko iyo ufashe umwanya ugatekereza uburyo Uwiteka yaremye ibiremwa bye,usanga Imana ikomeye cyane ku buryo abibwira yuko Uwiteka adashobora byose,ngaho nibatubwire yuko bashobora kurema ikiremwa nk’iki ng’iki.
