Home News IGITANGAZA CYABEREYE MU GIHUGU CY’UBURUSIYA URUZI RWAHINDUTSE AMARASO!

IGITANGAZA CYABEREYE MU GIHUGU CY’UBURUSIYA URUZI RWAHINDUTSE AMARASO!

0

Mu gihugu cy’UBURUSIYA habaye igitangaza gikomeye aho uruzi rwahindutse amaraso abantu bibatera ubwoba ndetse babigereanya nibyabaye mu Egiputa ku ngoma y’Umwami Farawo ubwo Imana yatzaga ibyago abanyegiputa kugirango barekure ubwoko bw’Israel bujye gutambira Imana muri gakondo bahaweho umurege n’Uwiteka Imana yabo.

Inkuru yatangajwe nikinyamakuru www.slate.fr  ibyo bitangaza byabaye ku italiki ya 08 Nzeri,2016 urwo ruzi rwitwa DALDYKAN ababibonye bavuga ko bagiye kubona urwo ruzi rwali rusanzwe rusa nandi mazi asanzwe,maze bakabona ruhindutse amaraso.

Leta murwego rwo guhumuriza abaturage yavuze ko,ngo byatewe nikoranabuhanga rikora intwaro za kirimbuzi (Nuclea) bakaba basutse imyanda muri urwo ruzi,Ariko ishyirahamwe

Kutailiki ya 09/09/2016 ishyirahamwe ryitwa NORILSK ryahakanye ibyo leta ibashinja rivuga ko ntaho icyo gikorwa cyaba gihuriye nimiorere yiryo shyirahamwe ahubwo ko bakwiye gushakishiriza ahanda.Ariko kuruhande rwabo bikaba bitabareba na gato.

Umwaka wa 2013 mukwezi kwa mbere ubuhanuzi bwo mu gice cya (1-3) havuze ko hazamanuka ikibuye kizaba giturutse ku Ijuru kikazagwa ku Isi.Bigeze mukwezi kwa Kamena, 2013 nibwo ubuhanuzi bwasohoye IKIBUYE gituruka ku Ijuru kigwa ku Isi mu gihugu cy’UBURUSIYA,icyo gihe amakuru yaracicikanye kuri za bbc,na CNN nibindi bitangaza makuru.Mu mwaka wa 2014 na none  Uwiteka yohereje INZIGE muri icyo gihugu cy’UBURUSIYA zihombya imitungo igera kuri miliyari zigera kuri $89 z’idollar

Uyu mwaka  wa 2016 none hiyongereyeho igitangaza gikomeye cyaburiwe ubusobanuro  aho uruzi rwo muri icyo gihugu,rwahindutse amaraso none leta ikaba yabuze icyo isobanurira abaturage.Bene data bakundwa mukwiye kuba maso cyane muri iyi minsi hagiye kubaho ibintu bikomeye mushake mu maso h’Uwiteka Imana kugirango azabarengere mu gihe cya kaga na makuba kuko ijambo ry’ubuhanuzi ridashobora kugenda ubusa ntacyo rikoze.

Ibi ndabibabwira nka bene data,kandi ndabibwira nk’inshuti nubwo ubucuti butakibaho muri iki gihe,ariko kubiringira Uhoraho ntakizabahindura mu mutima nubugingo,ahubwo tuzagendera mukubaho k’Uhoraho Uwiteka Niringabo akaba na se w’Umwami Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi.

 

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar