April 26th ,2015 dore umukobwa wawe Uwimana Zawadi uba muri DernMark arimo kwitotombera yuko atagifasha umurimo w’Imana ngo kubera yuko yashatse umugabo,mbese mwana w’umuntu umuntu iyo ansabye umugisha nkamuha umugabo bituma yibagirwa umurimo wanjye?Uko niko Uwiteka abaza!
Mwana w’umuntu dore za magiggiri ziraje zije ku kugigira ngo ziguce igihanga dore bahawe za masotera (3) zo kuguca igihanga,ni uko nerekwa mu kirere cy’IBABULONI handitwe ngo:The grace of prophet Majeshi Leon,nongera kubona kandi inyuma yaho handitse ngo “The world prophecy of Majeshi Leon” maze ayo magambo azenguruka mukirere cy’IBABULONI agenda ashonga nk’uko umwotsi windege igendera mukirere cyane ugenda uyoyoka.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore abatutsi baturutse Uganda bagiye kumenya yuko nd’Uwiteka Imana ko imbaraga zabo zidahwanye nizanjye uko niko Uwiteka avuga.Dore igihe cy’imbabazi zanjye kubanzi bumusaraba kirarangiye uko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu igihe cyo kurya umugati,n’amazi yagahimano kirarangiye ngiye “The bread and water of affliction”uko niko Uwiteka avuga.
Kumwaka w all n’amezi (4) imanza z’Uwiteka zitangiye,kuwa 27th April 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore imirimo y’Uwiteka ukorera Uwiteka imeze neza,kandi abakiranutsi barayishimira cyane uko niko Uwiteka avuga.
Kubera iyo mpamvu nzi neza yuko uhereye umunsi wagiriyeho ibyago,akaga n’amakuba mu butayu bwo mu gihugu cya Uganda,sinigeze nguha ubutabera,dore imyaka (6) irashize utegereje yuko nguha ubutabera bw’Uwiteka Imana kubera yuko wagize kwihangana kandi ugategereza ubucamanza bw’Uwiteka Imana niyompamvu ngiye kugucira imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.
Dore umugaragu wanjye wumunyabwoba Mbabazi Jules yanze guhanura ngo kubera yuko atinya amaso y’abana bab’abantu,ahubwo yahisemo kurya intonorano agenza nk’uko umuhanuzi Baalam yagenjeje ubwo yahanuriraga baalaki ashaka kuvuma ubwoko bwanjye kandi nari namubujije aranga aragenda.
Dore Mbabazi Jules nzamuhanisha kumuteza inzara kuko ubu yarahaze arangije arigaramira yibagirwa umurimo wanjye kandi nta nubwo nigeze nibagirwa yuko yakugabaniye!Bityo ngiye kugaha ubutabera hamwe na wamudamu wagukojeje isoni mubukwe bwawe 2008 nawe ngiye kumuhanisha ibyago by’ubukene kugirango amenye neza yuko yahemukiye umugaragu wanjye uko niko Uwiteka avuga
Dore abana bab’abantu bibagirwa vuba,ese Jules yibagiwe ko arijye wamugiriye neza nkamukuraho igisuzuguriro?Uriya mudamu we se,yibagiwe ko arijye wamwubakiye urugo?uko niko Uwiteka abaza?
Naho mwishwa wawe we,Jeannette Mukeshimana nzamushyira mu ishuri ry’ibigeragezo kugirango yige kumenya yuko Uwiteka ariwe Mana. Kugirango ikindi gihe ntazongere kurambura ikiganza cye kubagaragu banjye uko niko Uwiteka avuga.
Naho umugaragu wanjye witwa Kazimili utuye ku KIBUYE,numugaragu mwiza kandi wubaha ijambo ryanjye ngiye kumugirira neza kandi muhe umugisha uko niko Uwiteka avuze.Naho Mbagariye Andrew we nzamuhanisha umujinya mwinshi kuko umurimo wanjye wo yawuhinduyemo indoke kugirango amenye itandukaniro ry’inda n’Imana Uwiteka wabisrael uko niko Uwiteka avuga.





