Home News Igice cy’urwagasabo kigarujwe kuri gakondo ikimenyetso cya nyuma cy’ubutegetsi bwa FPR.

Igice cy’urwagasabo kigarujwe kuri gakondo ikimenyetso cya nyuma cy’ubutegetsi bwa FPR.

0

19th March 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inzira zawe zabaye ndende,none kuko wanyizeye inzira zawe ngiye kuzigira ngufiya kugirango umenye ko nd’Uwiteka uko niko Uwiteka avuze.

Mwana w’umuntu dore numaara kugera muri gakondo yawe nasezeranije abakiranutsi,nzaguha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bagukorere kandi uzabigeshe kubaha Imana,dore ibitabo by’Ubuhanuzi bazabigure igiciro cy’ibihumbi icumi buri kimwe 10,000FRW kugirango basome babashe kumenya inzira zanjye.

Ibyo ntibivuze yuko igitabo cy’Ubuhanuzi kizasimbura ijambo ryanjye Bibiliya bazabitunga byombi kugirango bibafashe uko niko Uwiteka avuze.

Abo nibo nakubwiye yuko batari ubwoko ariko noneho kubera imitima yabo yamenekeye imbere yanjye ndetse bakicuza ibyaha bakoreye ubwoko bwanjye abatari ubwoko nzabagira kuba ubwoko kugirango nteze ishyari abagizwe ubwoko ntabamenye agaciro kabyo uko niko Uwiteka avuze.

Mwana w’umuntu dore nyuma y’intambara igiye kuba mu rwagasabo,hakurikiraho inzara ikomeye kubera yuko ubutegetsi buriho buzasenya buri kintu cyose cyaba igihumeka cyangwa icyidahumeka bityo Umwami w’Urwanda azategeka igihugu kivuye mu ntmbara gikennye cyane hazabaho inzara ikomeye ibiryo by’Abakire bizaba fanta n’ibijumba ‹Ibiryo by’imbwa›uko niko Uwiteka avuze

Mwana w’umuntu dore ubuhanuzi igice cya 1-3,harimo udukosa genda udukosore maze utunganya ubwo buhanuzi neza kugirango ubwoko bwanjye bureke kujijirwa no kudasobanukirwa ibihanurwa maze babashe gusoma basobanukirwe uko niko Uwiteka avuze dore nzaguiha abantu banjye ubigishe iby’ubugingo ndetse n’iby’ubuhanuzi kugirango ubategure kuko nzabakoresha ibikomeye mu gihe cy’imperuka kuko ubwoko bwawe ‹Abatutsi›basuzuguye ibihanurwa bibereye mu by’ubutegetsi ntibitaye ku ijambo ryanjye niyo mpamvu nzabateza ishyari ku ishyanga ritari shyanga ‹Abahutu› kugirango bamenye yuko jyewe nd’Uwiteka nshobora gukoresha uwo nshaka mu gihe nshaka uko niko Uwiteka avuze.

Mwana dore numara kugera muri gakondo yawe,nzaguha kunyubakira inzu y’impande (4) z’isi izajyamo abantu ibihumbi 10000 bazaza kunshengerera kugirango umenye ko nd’Uwiteka waguhamagaye wibuke ko ibi nabigusezeranije muri 1998 igihe cyabyo nikighera nzabisohoza uko niko Uwiteka avuze,dore iyo nzu yanjye aho nshaka kuzashyira izina ryanjye izubakwa mu murwa mukuru wa kigali ugereranywa na Yerusalem uko niko Uwiteka aavuze amahanga azaza kunsegera muriyo nzu.

20th March 2015 mwana w’umuntu dore ibyo navuganye nawe yuko gakondo yawe nzayagura,mu minsi micye imbago z’uRwagasabo ziragutse igice cyose cyatwawe na Congo ngiye kukigaruza kurwagasabo icyo kizakubere ikimenyetso cya nyuma cyo gukuraho ubutegetsi bwa FPR,kuko intambara izaba aruko Congo imaze gusubiza icyo gice bari baratwaye uko niko Uwiteka avuze.

Ni uko nerekwa intambara ikomeye cyane igeze mu mahina maze ubutegetsi bw’umwami Ahabu bkurwa maze Umwami w’Urwanda yima ingoma nerekwa abanyarwanda bari baratwawe nimipaka y’uRwagasabo ikomekwa kuri Congo bose bagarujwe murwagasabo mbona umurwa mukuru wa kigali Uwiteka awuhehamo abitwa ubwoko bw’Abatutsi banze kumvira ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa kumuhanuzi mukuru maze hasigaramo abanyarwanda bibikara gusa,cyakora abari mumahoteli babashije kurokoka ndetse nabazahungiramo bazarokoka ariko abandi bose bazahehawa nk’uko baheha amazira ntoki uko niko Uwiteka avuze bazibagira ndetse nmabakomoka kurukiryi rwabo ntabwo bazongera kwibukwa ukundi uko niko Uwiteka avuze.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar