HomeNewsIgice cya (9) cy’ubuhanuzi

Igice cya (9) cy’ubuhanuzi

May 10,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore u Rwanda rugiye gufungirwa inkunga nkeya rwari rusigaranye kuko igihe cya rwo cyo kwinjira mubutayu gisohoye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igisirikare cya RDF, kibohewe mu kirere cyo hejuru ahantu humwijima (Persian Spirit) nyamara abaziringira ijambo ryanjye sinzabura kubagirira ibambe uko niko Uwiteka abivuga.

Igice cya (8) cy’Ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Abahutu bagiye kubuzwa amahoro mu marembera y’ubutegetsi bw’Umwakagara, babwire uti mwanjiji mwe, ntimubona yuko mugiye gushirirwa ku icumu? Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, nzavugana namwe ngeze ryari mudashaka kumva ibikiza ubugingo bwanyu? Ejo uzasanga muvuga ngo uko niko Uwiteka yabishatse, nyamara mwananiwe kwizera ijambo ryanjye bituma murimbukira mu butayu uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona idini rya ADEPR rihatirwa kwinjira mu ishyirahamwe “ASSOCIATION” yitwa “ILLUMINATI” iryo ishyirahamwe ritegekwa na secret society yitwa “FREEMASONS” ni uko umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, mwana w’umuntu dore ADEPR batangiriye mu mwuka none barangirije mu mubiri uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Gen.Kayumba Nyamwasa Uwiteka amuhambiriye amaboko kugirango amukoze isoni bityo abamwiringiye bamenye yuko nd’Uwiteka Imana, nkora ibyo nshaka, ubutegetsi nkabuha uwo nshaka, niyompamvu abamwiringiye bose bazakorwa nisoni ndetse bazicuza impamvu batigeze biringira ijambo ryanjye uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru ahura na Gen. Kayumba Nyamwasa, maze amubwira uko Uwiteka yavuze kuko icyo gihe amaso ye yaramaze kuba ibirorirori uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ube maso kuko umwanzi wawe atari kure yawe, ku bw’ubugingo bwawe ukwiye kugira ubwenge kuko agutegereje uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore umwanzi yaguteze ku isaha ya 7:18 z’umugoroba, rero ukwiye kumenya uko ugenza kugirango utagwa mu gico cy’abanzi bawe. Mwana w’umuntu ijambo ry’Uwiteka urifate cyane kandi urikomeze kuko ari ryo rizaguha umugisha w’ubungingo uko niko Uwiteka abivuga.

May 12 ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingabo za RDF, NISS, binjinjwe mu kibaya cy’ubutayu bugufiya aho bagiye guhabwa amasomo yo kumenya Uwiteka uwari we, kuko intambara yahanuwe na bahanuzi igiye gusohoza vuba bidatize abavuga yuko ngo yatinze ngaho nibashake iyo berekera kuko igihe cy’ibyahanauwe gisohoye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Uwiteka arekuye ibyago bikomeye ku Rwanda kugirango n’amahanga bamenye yuko ari we Imana utegeka isi ni ijuru, kw’ikubitiro umwakagara azakubita ingabo zabatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe kugirango acishe bugufi kwiyemera kwabo ko bashoboye hanyuma ku inshuro ya (2) nibwo bazagira amahirwe yo kurasa umwakagara bakamusekeza ku buryo bukomeye cyane! Ibyo nzabikorera kugirango ijambo ryanjye ryanyuze mu kanwa k’Umuhanuzi mukuru rihabwe agaciro uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abacamanza bo mu rwagasabo nabo bahabwa igihano cyo kujyanwa mu butayu bugufiya kubera guca imanza zibera bakirengagiza ukuri kandi ubuzima bw’abanyagihugu buri mu maboko yabo, maze mbona bajyanwa mubutayu bugufiya kugirango bigishwe kubaha Uwiteka Imana yo mu ijuru uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomerezwa by’umwakagara hamwe na bacamanza bahuza inama zo kuriganya abacika cumu n’Abahutu imitungo yabo, ako kanya Uwiteka ahita ategeka ko ibigori bimera mu mirima yibyo bikomerezwa uhereye mu Bugesera kugeza mu murwa mukuru w’u rwagasabo KIGALI niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imbaraga z’Uwiteka Imana Nyiringabo zimanukira muri gakondo yabakiranutsi, zisenya imbaraga zose z’Umwakagara yakoreshaga kugirango agumane ubutegetsi na gakondo yabakiranutsi. Izo mbaraga zitwaga «OPERATION SPIRIT OF POWER» Nyuma yahoo Umuhanuzi mukuru ahabwa impano (2) n’Uwiteka Imana yo mu ijuru, impano yo guhanura mu buryo budasanzwe, n’impano yo kuba umucamanza no guca imanza zitabera kubera umurimo akorera abakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amazu yose yubatswe n’Umwakagara meza y’ibitabashwa, mbona umuriro uvuye mu ijuru uraza utwika ya mazu yose uko yakabaye, maze umurwa wose w’u rwagasabo uhinduka umuyonga.

Maze numva ijwi rivugira mu kirere ngo: ubwami bwa Satani bararimbutse, kandi iby’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze niko byose bisohoje umulimo wabyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara amaze kwiyubakira gakondo yabakiranutsi neza yayihinduye inzu ye, nyamara narirahiye yuko atazaragwa gakondo yabakiranutsi habe na bamukomokaho nta bwo bazayiragwa kuko yakoze ibyangwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nzamureka akore byose yifuza maze yigirire ikizere aho azatekereza yuko ari we wenyine na bazamukomokaho ko ari bo bonyine gusa bafite ubushobozi bwo gutegeka gakondo ya bakiranutsi, hanyuma yibyo nibwo nzerekana gukiranuka kwanjye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubu bwoko na buhaye igihugu cyose ni bilimo byose batigeze baruhira, ariko ntibyabahagije mbongera ibindi byo mu gihugu cy’abaturanyi, na bwo ntibahaga, mbongera iby’amahanga, na bwo ntibahanga, ubwo se umwana w’umuntu arashaka ko mukorera iki? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abaza!? Hanyuma yo kubakorera ibyo byose, ntibigeze banshima, ahubwo barushijeho kugira umurururmba nanjye nzabereka ko ndahwanye nabo kuko birase amaboko yabo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bambarize uti, ese mwategetse kubera ko mwari mufite amashuri meshi cyane? Ese ntimuzi yuko mwategetse ibikomerezwa n’ibikomangoma? Niyompamvu umujinya wanjye uzaruhuka ari uko mbakuye ku ngoma nkabakoza isoni imbere yamahanga uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore abanyamahanga bose bari mu rwagasabo bazarimbuka kuko baje gusahura umutungo wa gakondo yabakiranutsi bafatanije na agatsiko kabakiranirwa bo ku ngoma y’abega. Kubera iyo mpamvu nta bwo bazacika umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bizababere isomo ni kindi gihe nta bazongere gutekereza yuko gakondo yabakiranutsi bayikoreramo ibyo bifuza uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura ubwire isi yose uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, mu gihugu cya NEPAL, ngiye kuhateza umwuzure kubera ibyaha byo muri NEPAL, byamaze kuzura imbere yanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura uvuge uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, ngiye guteza impanuka ya Train mu gihugu cy’America, kuko ibyaha byabo byamaze kugera imbere ya maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyirinabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ngiye guteza umwuzure mu gihugu cya Malaysia kuko ibyaha byabo byamaze kuba ikizira imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanurira amahanga uyabwire uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, igihugu cya Indonesia ibyaha byabo bimaze kunukira Uwiteka Imana Nyiringabo. None agiye kuhatanga ikimenyetso gikomeye kigiye kuba ku isi aho ukwezi kuzahinduka umuhondo n’icyatsi kibisi mbere yuko ateza akaga, ibyago, amakuba muri icyo gihugu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

May 17,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umuhanuzi mukuru namugize umulinzi w’ibyasezeranijwe, by’ubwoko bwanjye buri mu butayu nzabwiyoborera ubwanjye nk’uko nayoboye ubwoko bwanjye bwa Israel ubwo na bukuraga mu “EGPTY” buyobowe n’umugaragu wanjye Moses uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura ubwire umulinzi mukuru uti, dore Uwiteka Imana yakurindishije ibyasezeranijwe, none dore uzamuwe mu ntera aguhaye umwuka w’Umuhanuzi (Elijah) kugirango usenye kandi urimbure imbaraga z’umwijima uko niko Uwiteka abivuga.

May 18, 2015 The Rhema word came to me, and told me, son of man, read this message on the board” The word is called “IN BUILD” according the research, this word means put into practice region plan’s development.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, called:”IN Ministry” according the research I find out that it means the Program educates and eprips men and women.

19 May 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo naguhamagaraga wari kumwe na NSENGIYUMVA Renovat, ariko kugeza ubu, yanze kwinjira mu muhamagaro wanjye, kubera gukunda iby’iki gihe, yakunze isi, kurusha uko akunda ijuru. Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word of the Lord comes to me, and told me that son of man, read the book of ISAIH chapter 54, and you will know what I mean to you says the Lord God almighty:

Sing, O barren, thou that didst not bear; break forth into singing, and cry aloud, thou that didst not travail with child: for more are the children of the desolate than the children of the married wife, saith the LORD.

2Enlarge the place of thy tent, and let them stretch forth the curtains of thine habitations: spare not, lengthen thy cords, and strengthen thy stakes;

3For thou shalt break forth on the right hand and on the left; and thy seed shall inherit the Gentiles, and make the desolate cities to be inhabited.

4Fear not; for thou shalt not be ashamed: neither be thou confounded; for thou shalt not be put to shame: for thou shalt forget the shame of thy youth, and shalt not remember the reproach of thy widowhood any more.

5For thy Maker is thine husband; the LORD of hosts is his name; and thy Redeemer the Holy One of Israel; The God of the whole earth shall he be called.

6For the LORD hath called thee as a woman forsaken and grieved in spirit, and a wife of youth, when thou wast refused, saith thy God.

7For a small moment have I forsaken thee; but with great mercies will I gather thee.

8In a little wrath I hid my face from thee for a moment; but with everlasting kindness will I have mercy on thee, saith the LORD thy Redeemer.

9For this is as the waters of Noah unto me: for as I have sworn that the waters of Noah should no more go over the earth; so have I sworn that I would not be wroth with thee, nor rebuke thee.

10For the mountains shall depart, and the hills be removed; but my kindness shall not depart from thee, neither shall the covenant of my peace be removed, saith the LORD that hath mercy on thee.

11O thou afflicted, tossed with tempest, and not comforted, behold, I will lay thy stones with fair colors, and lay thy foundations with sapphires.

12And I will make thy windows of agates, and thy gates of carbuncles, and all thy borders of pleasant stones.

13And all thy children shall be taught of the LORD; and great shall be the peace of thy children.

14In righteousness shalt thou be established: thou shalt be far from oppression; for thou shalt not fear: and from terror; for it shall not come near thee.

15Behold, they shall surely gather together, but not by me: whosoever shall gather together against thee shall fall for thy sake.

16Behold, I have created the smith that bloweth the coals in the fire, and that bringeth forth an instrument for his work; and I have created the waster to destroy.

17No weapon that is formed against thee shall prosper; and every tongue that shall rise against thee in judgment thou shalt condemn. This is the heritage of the servants of the LORD, and their righteousness is of me, saith the LORD.

Woe to the rebellious children, saith the Lord, that take counsel, but not of me; and that cover with a covering, but not of my spirit, that they may add sin to sin:

Woe to the Obstinate Nation:

(Stubbornly adhering to an opinion, purpose, or course in spite of reason, arguments, or persuasion).

30 “Woe to the obstinate children, “declares the Lord, “to those who carry out plans that are not mine, forming an alliance, but not by my Spirit, heaping sin upon sin;who go down to Egypt without consulting me; who look for help to Pharaoh’s protection.

To Egypt’s shade for refuge.But Pharaoh’s protection will be to your shame, Egypt’s shade will bring you disgrace.Though they have officials in Zion and their envoys have arrived in Hanes.

everyone will be put to shame because of a people useless to them, who bring neither help nor advantage, but only shame and disgrace.”

A prophecy concerning the animals of the Negev: Through a land of hardship and distress, of lions and lionesses, of adders and darting snakes, the envoys carry their riches on donkeys’ backs, their treasures on the humps of camels, to that unprofitable nation,    to Egypt, whose help is utterly useless. Therefore, I call her Rahab the Do-Nothing.

Go now, write it on a tablet for them, inscribe it on a scroll, that for the days to come it may be an everlasting witness.For these are rebellious people, deceitful children, children unwilling to listen to the Lord’s instruction.10 They say to the seers, “See no more visions! “and to the prophets, “Give us no more visions of what is right! Tell us pleasant things, prophesy illusions.11 Leave this way, get off this path, and stop confronting us with the Holy One of Israel!”

 12 Therefore this is what the Holy One of Israel says: “Because you have rejected this message, relied on oppression and depended on deceit,13 this sin will become for you like a high wall, cracked and bulging, that collapses suddenly, in an instant.14 It will break in pieces like pottery, shattered so mercilessly that among its pieces not a fragment will be found for taking coals from a hearth or scooping water out of a cistern.”

15 This is what the Sovereign Lord, the Holy One of Israel, says: “In repentance and rest is your salvation, in quietness and trust is your strength, but you would have none of it.

16 You said, ‘No, we will flee on horses. ‘Therefore you will flee! You said, ‘We will ride off on swift horses. ‘Therefore your pursuers will be swift!17 A thousand will flee at the threat of one; at the threat of five you will all flee away, till you are left like a flagstaff on a mountaintop, like a banner on a hill.”

18 Yet the Lord longs to be gracious to you; therefore, he will rise up to show you compassion. For the Lord is a God of justice. Blessed are all who wait for him!

19 People of Zion, who live in Jerusalem, you will weep no more. How gracious he will be when you cry for help! As soon as he hears, he will answer you. 20 Although the Lord gives you the bread of adversity and the water of affliction, your teachers will be hidden no more; with your own eyes you will see them. 21 Whether you turn to the right or to the left, your ears will hear a voice behind you, saying, “This is the way; walk in it.” 22 Then you will desecrate your idols overlaid with silver and your images covered with gold; you will throw them away like a menstrual cloth and say to them, “Away with you!”

23 He will also send you rain for the seed you sow in the ground, and the food that comes from the land will be rich and plentiful. In that day your cattle will graze in broad meadows. 24 The oxen and donkeys that work the soil will eat fodder and mash, spread out with fork and shovel. 25 In the day of great slaughter, when the towers fall, streams of water will flow on every high mountain and every lofty hill. 26 The moon will shine like the sun, and the sunlight will be seven times brighter, like the light of seven full days, when the Lord binds up the bruises of his people and heals the wounds he inflicted.

27 See, the Name of the Lord comes from afar, with burning anger and dense clouds of smoke; his lips are full of wrath, and his tongue is a consuming fire.28 His breath is like a rushing torrent, rising up to the neck. He shakes the nations in the sieve of destruction; he places in the jaws of the peoples a bit that leads them astray.29 And you will sing as on the night you celebrate a holy festival; your hearts will rejoice as when people playing pipes go up to the mountain of the Lord, to the Rock of Israel.

30 The Lord will cause people to hear his majestic voice and will make them see his arm coming down with raging anger and consuming fire, with cloudburst, thunderstorm and hail.31 The voice of the Lord will shatter Assyria; with his rod he will strike them down.32 Every stroke the Lord lays on them with his punishing club will be to the music of timbrels and harps, as he fights them in battle with the blows of his arm.33 Topheth has long been prepared; it has been made ready for the king. Its fire pit has been made deep and wide, with an abundance of fire and wood; the breath of the Lord, like a stream of burning sulfur, sets it ablaze.

May 20, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri miliyari (7.5) z’abatuye isi, Uwiteka afitemo abantu batarenga million (1) imwe yabakiranutsi gusa, abo nibo bakiranuka kandi Uwiteka yishimira uko niko abivuga.

Ariko abenshi babarizwa muri gakondo yabakinutsi mu rwagasabo, ariko bakaba batuye mu mahanga, cyane mu gihugu cy’America, niyompamvu Uwiteka yashimye ko mu rwagasabo hitwa gakondo yabakiranutsi, none mwana w’umuntu sengera gakondo yabakiranutsi kugirango umubare wiyongere kuko Uwiteka yahisemo gakondo ybakiranutsi kubera urukundo bakunda Uwiteka uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore hari benshi bifuza kuba abakiranutsi, ariko kubera umwakagara n’imbaraga za badayimoni akoresha muri gakondo yabakiranutsi kugirango hatagira umuntu ukomeza kwizera Uwiteka Imana yo mu juru. None basengere kugirango Uwiteka ace icyanzu maze ababyifuza bahinduke abakiranutsi kuko abo aribo bwoko bwawe Uwiteka yaguhayeho umugabane uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore iminsi ishyize cyera kugirango ibyahanuwe bibone gusohora muri gakondo yabakiranutsi, dore ijoro rirenda gucya nyamara umulinzi aravuga ko umuseke utambitse kugirango Uwiteka abohore imbata za Kristu zibohewe muri gakondo yabakiranutsi.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore bahora batakambira Uwiteka Imana yabakiranutsi nyamara bibwira yuko Uwiteka atumva amasengesho kuko adasubiza ibyifuzo byabo, ariko ubabwire uti, dore mutuye munsi y’ikirere cy’Ubwami bw’Amedi n’Abaperesi niyompamvu mudashobora gusubizwa nk’uko mu byifuza cyeretse nimugera kurwego rwo gukiranuka kwa Daniel w’Ibabuloni uko niko Uwiteka abivuga.

May 21 ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu ube maso kuko umwanzi yaguhaye umwitangirizwa kugirango wirare, maze abone uko aguta mu kigozi cya bagizi ba nabi, mwana w’umuntu dore Uwiteka akomeje gukomeza amasezerano yabakiranutsi kugirango abagirire neza kuko n’uwo kwizerwa ntajya abeshya iyo avuze arasohoza uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Uwiteka agiye gucyura abanyantegenke kugirango batandurira mu isi yabazima, kuko hagiye kuza ibihe bikomeye bityo abo abanyantegenke bakaba badashobora kuzanesha niyompamvu Uwiteka agiye kubacyura nyamara bamwe bagiye batabonye amazereno yabo kuko bananiwe gukiranuka ndetse n’urukundo bakunda Uwiteka rwaragabanutse uko niko Uwiteka abivuga.

May 22, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri gakondo yabakiranutsi hagiye gutera inzara ni nyota byijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bitigeze kubaho bibaho mu rwagasabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, nta bwo ari inzara ni nyota byijambo ry’Imana gusa, ahubwo hazabaho ni icyorezo cy’ inzara ni nyota bisanzwe, gitewe n’Uwiteka kugirango abaturage barusheho kuzinukwa umwakagara kuko igihe cyo kwicara ku ntebe yabukunzi kirangiye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bazifuza umugati nyamara aho bazajya gusaba umutobe n’umugati, nta bwo abaturanyi bazawubaha kuko uzaba ugurishwa, nyamara nta feza bazaba bafite zo kugura uwo mutobe n’uwo mugati uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ibyo Uhoraho Nyiringabo azabikorera kugirango agabanye imbaraga z’umwakagara Paul Kagame uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 23,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nyuma yogushyira ahagaragara Ubuhanuzi bugaragaza umubare wabakiranutsi n’abakiranirwa kw’isi yose, umwanzi yababajwe ni uko abantu bari baradamaraye, none ukaba warabahwituye bagatangira gushaka mu maso h’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore imbaraga z’umwanzi zashinze imizi muri za Leta zose zo kw’isi, kugirango zirwanye ubwoko bwanjye, kuko abenshi bicwa na za Leta (governments) kugirango batarwanya imbaraga za sekibi, bityo rero wirinde kugirango bataguhutaza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intabwa z’Uwiteka     «the remnants» Uwiteka yongeye kubibuka kuko batereranywe na biyita abakozi banjye, nyamara nta bwo bagenje nk’uko bikwiriye, none hanura ubabwire ngo, Uwiteka arabibutse uko niko Uwiteka abivuga.

May 24, 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe kiraje kandi kirasoheye ubwo Uwiteka Imana yamaze gufata umugambi wo kugutwara mu mahanga aho ugiye gukoreshwa ibikomeye uko niko Uwiteka abivuga.

May 25, 2015 The rhema word of the Lord comes unto me, and told me that son of man, just read the word which was written on board before me, «Trio “according the research find out it means» «The group not below three people of singers» for the second time the word of the Lord comes to me and told me that, son of man be watchfully, because your enemies they’re up and down find out to kill you thus says the Lord of hosts says.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abakada (cadres) ba RPF bagiye kujyanwa kwigishwa ishuri ryo kubaha Uwiteka hanze y’inkiko y’urwagasabo gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’uburiganya, n’umwuka w’ishyari abanzi bawe baguhagurukiye kuko wishe imbaraga zibigirwamana zabo, ntibashobora kuba bakongera gukungahara cyeretse babanje gukuraho igihanga cyawe kuko ayo ariyo mabwiriza bahawe n’umwanzi sekiba na Satani uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Uwiteka aguhaye imbaraga zo ku rwego rwo hejuru kugirango wice kandi urimbure imbaraga z’umwanzi n’imikorere y’inkozi zikibi nabadayimoni uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse!

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, zo mbaraga bakoresha n’imbaraga z’umugore witwa jezebel uba mu nyanja, uwo ni we utanga ubutunzi bwo mu isi kabakiranirwa. Ndetse nabashaka ubutegetsi ni we ubaha ubwo bushobozi bose ni we biringira cyane ba maso kuko uwo mugore hamwe na Satani barahiye ko bazaguhiga hasi no hejuru kugeza bakubonye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge ngo Uwiteka ashyizeho ishyerezo ku nkozi zkibi zo mu bwoko bw’abarozi kuko bakomeje gutoteza ubwoko bwanjye, bagiye guhura na kaga gakomeye cyane ku buryo bagiye kumenya ko Uwiteka ari we Imana uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ngiye gukora ibikomeye mu isi ya bazima kugirango isi yose imenye ko ari jyewe Uwiteka Imana yabakiranutsi, naho bahungira mu mahanga ya kure ukuboko kwanjye naho kuzabasangayo kugirango mbacire imanza zitabera uko niko Uwiteka abivuga.

May 26, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’inzika y’inzigo uraguhagurukiye, kubera umwuka w’ishyari nyamara abakurwanya nzabarwanya uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu abakurwanya babwira ko ari wowe barwanya, ariko nijye barwanya bazamenya ko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore RPF ivuguruye igiye gusaba imisanzu ku banyamuryango bayo, kugirango begeranye ubutunzi kuko igihe cyo gutaha muri gakondo yabakiranutsi gisoheye”iyo RPF ni kindi gisa nayo, ndetse na mahame y’uwo muryango namwe ntaho atandukaniyo na RPF, iyo nta yindi ni Rwanda National Congress RNC, bibwira ko bazafata igihugu nyamara nta bwo bazagifata kuko ntashobora kongera guha inkozi zibibi kuyobora ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura ubwire abakiranutsi hamwe n’abanyarwanda bose uti, ntimwiringire izo nkozi z’ibibi zibabeshya ko bazafata igihugu, kuko igihugu kizayoborwa n’Umwami w’uRwanda kuko ari we nahisemo ko azayobora ubwoko bwanjye. Babwire bareke kwiringira abo banyapolitike kuko bose ari abanyabinyoma badakiranukira Uwiteka Imana, niyompamvu ntazabaha gakondo yanjye ngo bongere kuyobora ubwoko bwanjye kuko bikubise kugituza bavuga yuko ngo ari abanyembaraga uko niko Uwiteka abivuga.

May 27,2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore imishinga yose R ifatanije na bashinwa igiye guhagarara ndetse abanyapolitike (3) bo mu gihugu cya CHINA ba ministiri bagiye kwirukanwa ku myanya yabo kubera kunanairwa gukorana na mahanga neza kubera uburiganya bakoresha mu bushabitsi uko niko Uwiteka abivuga.

May 28,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umunu dore ikizira kirimbuzi kigiye kujya ahera cyahanuwe n’Umuhanuzi Daniel, kigiye kujya ahagaragara kugirango ibyahanuwe bisohore, none mwana w’umuntu bwira ubwoko bwanjye uti mube maso kuko igihe gishyize cyera kandi ibyahanuwe bikaba bisohora amanywa nijoro uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abategarugori bo mw’itorero rya Kristo b’abanyantegenke, bagiye gucyurwa mu ijuru kuko batazashobora guhangana nibihe biri imbere bikomeye. Bityo rero Uwiteka abakijije kuzarimbuka uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwanzi wawe akomeje kuguhigira hasi no hejuru kugirango arimbure ubugingo bwawe nuko rero umenye ubwenge umenye uko ugenza uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’inzika y’inzigo uraguhagurukiye kubera amasezerano y’Uwiteka Imana yakuvuzeho, none usenge Uwiteka Imana kugirango acubye izo mbaraga z’umwijima uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore muri gakondo yabakiranutsi abakurikiranye ijambo ry’Uwiteka bakijijwe ibyago bikomeye bigiye kugwira iyo gakondo yabakirnutsi nk’uko byahanauwe na bahanuzi, burira abasigaye bo ku murwa mukuru w’i Salem uti, murabe maso kuko ibihe si bya bindi amazi yamaze kurenga inkombe uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, babwire uti dore imvura irakubye kandi igiye kugwa nyamara izamara igihe kitari gito igwa kigera ku minsi (7); bityo mukwiye kwanura ibyo mwanitse kugirango mutanyagirwa ndetse namwe mushake imitaka kugirango itabanyangira uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyertekwa mbona Umuhanuzi mukuru ajyanwa kumusozi muremure ugera kubicu, maze umwanzi araza aramugerageza amubwira ko akwiye gusimbuka uwo musozi kugirango abashe kugera mugikombe cy’abakiranutsi, Umuhanuzi mukuru mbona arungurutse hasi abona ko ari hare hare cyane kandi ko adafite amababa yo kuguruka, n’uko Malaika w’Imana araza aramubwira ati, nti wumvira iryo jwi rikubwira gusimbuka kuko umwanzi amaze gushegeshwa n’imbaraga z’Ubuhanuzi aragirango yangize imirimo y’Uwiteka ikuri imbere maze mbona Umuhanuzi mukuru asubiye inyuma amanuka wa musozi umwanzi atsindwa gutyo!

May 29, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore uhereye none Uwiteka aguhaye kuzajya uhembwa buri kwezi uhabwa ibihembo bijyanye n’umurimo ukora, dore Uwiteka azaguha abantu be bazajya baguha umugisha ungana n’ibihembo by’umurimo wawe uko niko Uwiteka abivuga.

NB: Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka aravuze ngo, uhereye none, ntihazagire umuntu ukuzaho gusengerwa cyangwa guhanurirwa, afite amaboko ya mara masa, kuko bizababera umuvumo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Uwiteka arategetse ngo, nyuma y’imyaka (6); yo mu butayu, udahembwa ubu noneho uzajya uhembwa n’abantu Uwiteka azajya akoherereza ngo ubasengere ubakize imbaraga z’umwijima ntihazagire igiciro uzabace, ahubwo umuntu uko azajya yumva umutima we umuyobora azahitemo kuguhesha umugisha uko  niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Naramuka azanye ituro ridakwiriye, ikimenyetso nzaguha ni uko ntazajya nkubwira ibye kugirango umusengere uwo uzajye umwihorera kuko azaba yazanye ituro nk’irya “Cain nta bwo nzaba ndinerewe uko niko Uwiteka ategetse! Mwana w’umuntu Uwiteka ategetse ibyo kugirango agerageze imitima y’abana bab’abantu kureba urukundo bamukunda uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Leta zunze ubumwe z’America, zigiye kohereza indege izajya igenzura Leta y’umwakagara Paul Kagame kuko agiye kongera gusubira muri DRCongo kongera guteza imidugararo n’intambara kugirango abone uko asahura imitungo yaho, nyamara nta bwo bizamuhira kuko America iri kumugenzura cyane imikorere ye kugirango ibone uko imukuru ku ngoma uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara yamaze gufata imgamba zo kwica abasirikare bo mu bwoko bw’Abahutu agiye kobohereza muri Congo mu ntambara kugirango abone uko abarimburira mu ntambara, uwo mugamba akaba awufatanije n’umwana w’umusita uyoboye igihugu cy’abaturanyi, ndetse n’umukuru wa Congo uwo mugambi arawuzi anawufitemo uruhare uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore baratinya ko abahutu bashobora kuzafata ubutegetsi mu mpindura matwara kuko benshi bari mu gisirikare, none bwira ubwo bwoko navuze ko nzabuhindura kuzaba ubwoko bwanjye basenge cyane kandi biringire Uwiteka kugirango mburizemo uwo mugambi niba badakoze gutyo barashira nyamara ntibazavuge ko utababurirye uko niko Uwiteka abivuga.

May 30, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abatwaye umugisha wanyu, imbaraga zabo zimaze gushiraho, none umugisha wawe uraje ubu bari mu bibazo bikomeye nyamara naho basenga, ntabwo bazabona umugisha kuko uwabo watwawe na satani, cyeretse babanje kwihana imirimo yabo mibi yakozwe n’ababyeyi babo aho niho babona umugisha uko niko Uwiteka abivuga.

May 31, 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira ku biringira Uwiteka Imana y’abakiranutsi, Uwiteka ahora abazamura mu ntera no ku bashyira hejuru, nyuma yo gutunganywa muruganda rwo mu butayu, abantu benshi bifuza gukorera Uwiteka, ariko ntibajya bemera amabwiriza ye. Ndetse n’inzira abanyuzamo cyane inzira yo mu butayu kuko umugaragu w’Uwiteka Moses yahamaze imyaka mirongo inne (40); abona kujya gukoreshwa imirimo ikomeye cyane yo gucyura ubwoko bw’Imana bwari buheza mu buretwa.

Umwami Yesu kristo nawe mbere yuko atangira umurimo yabanje kwigishirizwa mu butayu nyamara n’ubwo yari umwana w’Imana ndetse akongera kuba Imana, nti byamubujije kujya kwigishwa mu butayu, iyo biza kuba amasomo asanzwe yari kujya kwiga iyobokamana ryaciye ibintu muri iki gihe aho abantu basigaye bibona mu mashuri aho kugirango bibone mu Mana kugirango ibakoreshe ibikomeye cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Intumwa Paul nawe akimara guhura n’Umwami Yesu, yahise atwarwa mu butayu bukomeye aho yatangiye guhangana n’imbaraga z’abafarisayo, n’umwuka ukorera mu ba pastori barwanya ibikorwa by’Imana kubera inyungu zabo.

June1, 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri gakondo yawe yabakiranutsi imanza zicyo gihugu zishingiye kubadayimoni, ndetse abakiranutsi baratsikamiwe cyane n’imbaraga z’umwijima zikoreshwa n’umwakagara.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira ubabwire uti, Uwiteka amanuwe no kumva urusaku rwabakiranutsi barira muri gakondo yabakiranutsi kugirango yiterebere n’amaso ye, amenye ko kurira kwabo gufite ishingiro, umwuka w’Uwiteka arambwira ati, yewe ba bantu bariraga koko bafite ishingiro dore Uwiteka avuye kureba kandi asanze abaharega bafite ukuri kuko igihugu nta butabera gifite uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubwoko bwanjye bwagizwe imbohe n’Umwami Ahab, yabigishije gukorera ibigirwamana, ndetse no gusenga izindi mana zitari imana nyamana. None wongere uhanure uvuge uti, dore Uwiteka arirahiye ngo nzamanuka nkize ubwoko bwanjye bwagizwe imbohe mbukize amaboko yibigirwamana kugirango isi yose izamenyeko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu igihe ubaye mu gihugu cy’ubutayu “IBABYLON” ku murwa mukuru w’Ishushani mu kengero z’ubutayu bw’uwo murwa, kirasa n’igisohoye, none hanura uvuge ngo hehe n’ubutayu uko niko Uwiteka abivuga.

June2, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’ishyaari, umwuka w’inzika, umwuka w’uburiganya, n’umwuka w’ubugambanyi, bihagurukiye umugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo bahisemo kubarwanya bakoresheje abahanuzi ba baar uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven. look front of you, on the board was written these words” Radicalization” according the research I find out that it means: « Radicalization (or radicalization) is a process by which an individual or group comes to adopt increasingly extreme political, social, or religious ideals and aspirations that 1 reject or undermine the status quo or (2) reject and/or undermine contemporary ideas and expressions of freedom of choice»

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, look front of you, on the board was written this word” SYMPATHY” according the research I have been find out, it means in fully definition of SYMPATHY:

(a) an affinity, association, or relationship between persons or things wherein whatever affects one similarly affects the other.

(b)  mutual or parallel susceptibility or a condition brought about by it.

(c)  unity or harmony in action or effect every part is in complete sympathy with the scheme as a whole.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abanzi bawe bari baratwaye umugisha wawe n’umuryango wawe, ni kwa Narcici Ruzezwa, Veronika Rwigara imiryango yabo ikomeje kugira ibizazane ubu bari mu mazi abira kuko bagiriye nabi umugaragu wanjye bakamuramburaho ukuboko kw’abagizi ba nabi, nanjye nahagurukijwe no guhora nzarwanya iyo miryango kugeza kugisekuruza cya nyuma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore umuntu wese warambuye ukuboko kubugingo bwawe nzamurwanya nzamubuza amahoro, nzamuteza ibiteye ubwoba bya ninjoro urukiryi rwe nzarumaraho nta bwo bazaramba mw’isi ya bazima uko niko Uwiteka abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that, son of man of living God of heaven, this is what your God of hosts says, just read revelation 2:20 this is the rhema word comes from above God said but I have this against you.

You tolerate the woman Jezebel, who calls herself a prophetess and teaches and deceives my slaves to commit sexual immorality and to eat meat sacrificed to idols.

June 3, 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara n’umwana w’umusinga Museveni wiyemera cyane yemerako azi kuneka no kwica mu buryo bw’ibanga kurusha umwakagara dore bongeye kwishyara hamwe ngo bajye gutera, gusahura no kwambura igihugu cy’abaturanyi cya Congo.

Nibamara kugerayo bazarwanira ubutunzi bwicyo gihugu burimo amabuye yagaciro yitwa “DIAMOND” kuko bamaze gukora uburiganya buzabakura ku ngoma bwo gushaka guhama ku ngoma nyamara igihe cyabo cyararangiye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore bazakurwayo ni gitutu cy’amahanga, ubwo bazaba barwanira ubwo butunzi, nyamara uwo ni wo mutego w’Uwiteka kuko azabategera mu buriganya bwabo. Inzira z’umwana w’umuntu, ntizayoborwa n’Uwiteka Imana yabwirwa niki inzira anyuramo? Prov 19:21 Many are the plans in a person’s heart, but it is the Lord’s purpose that prevails“.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umntu, dore umwana w’umusinga Kaguta Yoweri Museveni yahamagaje abakonikoni mu gihugu cyose, ababaza niba azongera kwima ingoma, bamusubiza yuko yakagombye kongera kwima ingoma, ariko ngo inzitizi n’Umuhanuzi wanyuze muri icyo gihugu agahanura ko umwana w’umusinga azakurwa kungoma atazongera kwima ingoma.

Nuko umwana wasinga arababaza ati, none nkore iki? Numva bose baramusubije ngo banza ushake Umuhanuzi wanyuze muri iki gihugu agafatwa agafungwa umuce igihanga ibyawe byose birahita bitungana, ariko igihe cyose utaramuca igihanga nta buryo twahangana n’umwuka w’ubuhanuzi uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri z’umusinga zifata inzira zitangira urugendo rwo guhiga Umuhanuzi ngo zimuce igihanga. Ariko ntibagira amahirwe yo kumucakira, bashakisha kumukoza isoni ariko imbaraga z’Uwiteka ziramulinda uko iko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ukwiye gusenga cyane ugasaba data wo mu ijuru akakulinda umwana w’umusinga na za magigiri ze uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura ubaze umwana w’umusinga uti? Yewe mwana w’umusinga, niki gitumye urambura ukuboko k’umwana w’umuntu? Dore kuko utinyutse gukora ibyo, Uwiteka nawe agukojeje isoni imbere yamahanga uko niko Uwiteka abivuga.

Nyamara urubanza ruragutegereje aho ugiye gucirwaho iteka rya gehinomo, wakunze gukiranirwa hama hamwe umunsi w’Uwiteka ukugereho wanze inama z’Uwiteka wibwira ko, uri umunyembaraga ariko noneho igihe kiraje ndetse kirasohoye kugirango ibyaguhanuweho bigusohoreho uko niko Uwiteka abivuga.

The rhema word from heaven comes unto me, and told me that son of man, of living God of heaven, sight of you on the board was written the rhema word calledOverwhelm” that means to cover something completely, to overcome something completely, or to be too much to deal with:

June 03, 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibyago bikomeye biraje kw’isi yabazima, nyamara bwira ubwoko bwanjye busenge cyane kandi busome ijambo ryanjye kuko ari ryo ryonyine rishobora kubahumuriza kuko ibintu ngiye gukora bizahungabanya imitima n’ubugingo byabo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abantu bagusaba ko ubasengera nijye ubagutumaho, ariko uramenye ntukabasengere wenyine, nabo bajye bisengera kuko nshaka ko bamenya kwisengera kugirango mu bihe bikomeye bazamenya kwambaza Uwiteka Imana ubigishe gusenga abazakurikrana imburo n’impanuro zawe bazakugiriraho umugisha uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore aho wakorejwe isoni ninaho nzaguhesha icyubahiro, kuko umwanzi ya kwishimye hejuru, niyompamvu nanjye aho umwanzi wawe ari ninaho nziheshereza icyubahiro uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Abatutsi n’Abatutsi-kazi baturutse mu gihugu cya Uganda batangiye gusubiranamo, kubera umwuka wishyari mpagurukije hagati muri bo kugirango batazumvikana kuko habayeho gutsikamira abandi muri gakondo yabakiranutsi, niyompamvu bagiye kugira umwiryane kuko habayeho kurobanura ku butoni uko niko Uwiteka abivuga.

Abo batutsi n’Abatutsi kazi ngiye kubateza intambara zikomeye, kandi ntibazashobora kuzirwana kuko hagati muri bo huzuyemo umwuka w’ishyari no kurobanura ku butoni intambara nta bwo bayishobora kuyirwana kuko bananiwe gukiranuka dore ibibazo bikomeye bigiye kubahagurukira kugirango mburizemo imigambi y’umwakagara uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru yica abadayimoni bari barazinze ubwoko bw’Imana, bwari bwarabaye imbohe zabo. Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirmabwira riti mwana w’umuntu fasha ubwiko bwanjye ubwigishe gusenga no gukiranuka ni bindi byose bifuza nzabibahera ubuntu uko niko Uwiteka abivuga. Mathew 6:33But seek first His kingdom and His righteousness, and all these things will be added to you.

June 4, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona igiti gisa ni cyo muri gakondo yabakiranutsi, ariko icyo giti cyari kigufiya. Nuko m bona haje umuyaga uragihuha ukiganisha mu butayu bugufiya kiba ariho kijya kugwa maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu umukuru wo mu gihugu cy’Isamariya Peter Nkurunziza akuwe ku ngoma vuba byihuse uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 5, 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, Peter Nkurunziza agiye gukubitwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo n’urusika rw’amabyi, ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, uwo mugabo yasuzuguye umwuka w’Imana Nyiringabo ubwo namugutumagaho mu mwaka wa 2007, yanze gukora ibyo nategetse kubera iyo impamvu mukuye ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibyakorewe mu bwihisho bigiye gushyirwa ahagaragara kuko igihe cy’Uwiteka Imana Nyiringabo gisohoye uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore imperuka ya banyamadini igeze kw’iherezo, ibi bitewe n’umukwabu wo gukiranuka, ndetse inkunga amadini yabonaga zose Uwiteka arazihagaritse uko niko Uwiteka abivuga.

Ibyo mbikoreye kugirango bamenye ko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo abishyize hejuru bakabeshya ubwoko bwanjye ko nabahaye umugisha, nyamara nta mugisha nigeze mbaha. Ahubwo bakoranye n’umwanzi w’ubugingo bu bwoko bwanjye, barangiza bakambeshyera ngo nijye wabahaye umugisha. Niba arijye wabahaye, noneho reka nkwubakureho bityo bimenyekane yuko na wubambuye hanyuma bazatanga ibisobanuro impamvu nabahaye umugisha narangiza nka wubaka uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwana w’umuntu ashyizwe hejuru kubera akavuyo ko gukiranuka kuko ako kavuyo gateye impagarara benshi mu batuye isi uko niko Uwiteka abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven, I swear, I’ll love for those who’s loved me, but for those who’s not loved me, I’ll be against them says the Lord our God almighty.

Prov.8:17 I love them that love me; and those that seek me early shall find me. Riches and honor are with me; yea durable riches and righteousness. My fruits are better than gold, yea, than fine gold; and my revenue than choice silver.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, umva uko Uwiteka avuga, dore umunsi uraje kandi urasohoye ubwo Uwiteka agiye kwihesha icyubahiro akambura umwanzi wabakiranutsi abakobwa be, na bahugu be, kugirango azamenye ko Uwiteka ariwe Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge uti, igihe cy’abanyamadini b’abafarisayo kirarangiye kuko bakunze gukiranirwa bahagarara kumuryango w’ijuru babuza ubwoko bwanjye kwinjira ndetse nabo banga kwinjira. None nshyizeho iherezo kugirango ubwoko bw’Uwiteka bumenye ko Uwiteka ariwe Imana, ngiye gukoza isoni abafarisayo ubwambure bwabo nzabushyira ahagaragara kugirango bimenyekane ko batakoreraga Imana yo mu ijuru uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona intare y’ingabo (LION) iyo mu muryango wa (YUDA) ilimo guhiga ihene ihagarariye umwuka w’ikinyoma. Maze izisanga ahantu ho mu butayu mbona irasimbutse isingira ya ihene yisekurume, iyifata kumunwa kugirango idasakuza iyica bucece ntibyamenyekana igihe yaciwe ndetse ni cyayishe usibye Umuhanuzi wenyine wabirebaga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

June 06,2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni batuye kandi bakorera mu gihugu cy’ISAMARIYA, (Burundi) maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu kuva aho Ubuhanuzi bwatangiriye gushyirwa ahagaragara abazimu na badayimoni bo mu gihugu cy’Isamariya babuze amahwemo, babura icyerekezo kuko babwiwe yuko igihe cyabo ari kigufiya cyane basigaje gukorera kw’isi bakabona gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 07 ,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubwoko bw’Abatutsi bavuye Uganda bagiye gukora ikizamini cyitwa (“Oral Trigger) Listening, and writing” harimo abakobwa n’abahungu maze mbona abakobwa benshi batsinzwe icyo kizamini naho abahungu bapfa kugerageza bahawe iminota igera kuri (58) minutes.

Njyanwa mu iyerekwa mbona hatangwa isoko tendermaze haza abantu benshi kuripiganira, harimo abashinwa, (CHINESE) nabazungu, ariko mbona iryo soko Umuhanuzi mukuru ko ari we uritsindiye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubwoko bw’Abahutu navuze yuko nzabugira ubwoko ni baca bugufi bakumva imiburo yanjye, dore noneho umwanzi w’ibyiza nasezeranije ko nzakorera ubwo bwoko mu gihe bazaba bamaze kuba umwandu w’Uwiteka Imana Nyiringabo, dore afashe ingamba zo kurimbura ubwo bwoko ahereye mu bahoze ar’ingabo za XFAR, abahoze muri APR/RDF na Local defense abo bose agiye kubarimbura ngo kuko acyeka ko bashobora kwifatanya n’umwanzi w’umwanzi we uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore gakondo yabakiranutsi, izasigara ari umusaka kuko umwanzi w’ibyasezeranijwe, yamaramaje kurimbura ubwoko bwanjye, none burira abantu b’Uwiteka uti, mwa bantu mwe, ko mugiye gukubitwa n’inkuba itagira amazi mwabaye mushakisha aho mwajya kwugama iyo mvura ikabanza igahita? Uko niko Uwiteka abaza!

Muri iryo rimbura hasigaye abahutu bacye cyane mbona hacitse ku icumu abakobwa (2) na basore (4) bishyirahamwe batangira kuririmbira Uwiteka bashima ko bacitse ku icumu ariko batazi ibyo bakora iyo bava cyangwa iyo berekera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mu gihe nkibabajwe niryo rimbuka ryabereye muri gakondo yuabakiranutsi, ndetse n’ubwoko Uwiteka yahize ko azagira umwandu we, ijambo ry’Uwiteka ako kanya rinzaho riti, mwana w’umuntu dore umwanzi yarimbuye ubwoko bw’Uwiteka ngo batazakorera Uwiteka Imana, ariko na y’ubusa naho hasigara bacye cyane mu barokotse nta kabuza yuko bazakorera Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amashyirahamwe y’abahutu yubatse ahitwa NYABUGOGO yose asenywa n’umwakagara kugirango batazashyigikira umwanzi w’umwanzi we. Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika uraguhagurukiye ube maso cyane kandi wirinde kuko ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa kawe rimaze kwamamara kw’isi yose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ikinyoma wari warakomeretse uruguma rwica, uwo mwuka usa nutagiye kuzanzamuka wongera kwisuganya uturuka mu butayu bugufiya aho warurwariye ugaruka mu murwa mukuru w’Isalem kugirango ukomeze imilimo yawo yo kuyobya abatuye muri gakondo yabakiranutsi kugirango badakomeza kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore uwo mwuka w’ikinyoma ubonye ugarutse uturutse mu butayu bugufiya uzanywe no kubeshya abtuye isi, ugiye gutangira guhimba amayeri y’uburyo bwose wa kongera ukumvisha isi, ko ukwiye kongera gutegeka manda ya lll muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanawa mu iyerekwa mbona wa mwuka w’ikinyoma mu gihe warimo kwisuganya ngo womore rwa ruguma rwakomeretse, mbona urwo ruguma rwongeye gutonekara cyane, maze ibyanyuma byawo biba bibi cyane kurusha ibya mbere imbaraga z’icyo kinyoma zarangira burundu zigenda nk’umuyaga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze kwitegereza ibi byose nahise mvuga nti, uwapfuye nta bwo yihuse kuko barahirwa abo Uwiteka yakinze kureba ibikorerwa muri gakondo yabakiranutsi kuko biteye agahinda n’umubabaro utazashira, ni uko mpita nshima abapfuye batabonye ibyago by’abakiranutsi bikorerwa mu isi yabazima.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi wabakiranutsi aguteje umwuka w’impanuka arashaka ko ucibwa amaboko ntuzongere kubona uko uzajya wandika ubuhanuzi, ariko ariyimbire kuko Uwiteka Imana Nyiringabo akurinze cyane uzengurutswe n’imbaraga z’Uwiteka zirinze umusozi zion uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru afata ubwato yambuka ava kumurwa mukuru w’ISHUSHANI mu gihugu cy’IBABULONI, ageze mu Nyanja hagati muri nyina, umwuka w’inzika wari wabukereye ateza ishuheri ryinshi ubwato buribirandura bugwa mu mazi yo mu nyanja. Maze nihutira kujya gutabara Umuhanuzi mukuru maze mbona wa mwuka w’inzika y’inzigo uhagaze ku nkombe urimo duseka cyane!

Maze nzika ya nzigo we yari yamaze kugera ku nkombe z’inyanja, atangira kutwishima hejuru ko twaguye mu nyanja, mbona Umuhanuzi mukuru akebutse abona nzika alimo kuduseka abonye ko twamutahuye yihinduramo undi muntu ngo tutamenya aza kudufasha kuzahura ubwato bwacu ngo tubukure mu nyanja uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, nzika ya nzigo namara kubona imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zitangiye, azateza umukwabu wo gusenya insengero zo muri gakondo yabakiranutsi kugirango abiture inzika yakabaye yitura Umuhanuzi mukuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo yabakiranutsi yongera gusanwa nyuma yuko ingoma y’abega ikuweho abega bagasiga bayishenye ngo kuko badashobora gusiga ibyo bubatse muri gakondo yabakiranutsi kandi nyamara byaraturutse mu misoro yabaturage uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, abafundi bashinzwe gusiga amarangi icyo gihe bzabona umugisha mwinshi kuko amazu yose yo muri gakondo yari yarasenyutse abaturage batangira kuyubaka bundi bushya kugirango basane umurwa mukuru twikureho igisuzuguriro twasigiwe nabo ku ngoma y’abega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 08,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Isamariya umwotsi watangiye gucumbeka, nyamara ibizaba Isamariya nibyo bizaba Ibuyuda.Ibyo bizakubere ikimenyetso cy’uko ibigiye kuba Isamariya bica amarenga yibigiye kuba Isalem uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, nyamara abasigaye muri gakondo yabakiranutsi bagiye gukorwa nisoni kuko umwanzi yabahagurukiye abaziza ibyahanuwe, kuko bisigaje igihe gito bigasohora mu gihe abantu bibwira yuko bitagisohoye kubera ko abana b’abantu kugeza magingo aya nta cyerekezo cy’ubuzima bwa gakondo yabakiranutsi barimo kureba imbere yabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore imfura y’umwakagara igiye kwinjizwa mu ishuri aho igiye kwiga ikamenya neza ko Uwiteka ari umunyembaraga mw’isi yose kandi ko nta wundi uhwanyije imbaraga nawe uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka nyamara n’ubwo uhagurutse nta bwo uhagurukanye imbaraga nk’izambere kuko imbaraga zawo zimaze gushegeshwa n’imbaraga z’Ubuhanuzi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi yamaze kugota umwanzi wa gakondo yabakiranutsi, none bwira abasigaye muri gakondo yabakiranutsi uti, mwirinde cyane kuko hasigaye ah’intwarane kuko intwari zitaka zinyinyiiriwe uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore mu murwa mukuru w’ISHUSHANI mu gihugu cy’IBABULONI, hagiye gutera amapfa agizwe n’ubutayu bukomeye! Ubwo butayu buzaterwa n’umutegeka w’isi ugiye kuza gusura umurwa mukuru w’ISHUSHANI icyo kizakubera ikimenyetso cy’uko ibyahanuwe na bahanuzi bisoheye uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umutegeka mukuru w’igihugu cya America utegeka isi Barrack OBAMA, yerekanwa ku nkuta z’amazu yamagorofa TV ndetse n’amazu magufiya abantu bose baramurebaga aho babaga bari hose kw’isi, amaze kuva muri uwo murwa hacika igikombe cy’ubutayu bukomeye cyane cyasaga n’umuhora w’inka zinyuramo zahuka zijya kurisha uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, yaba umutegeka w’isi uvuye muri United States of America Barrack Obama, ugiye kuza mu gihugu cy’Ibabylon namara kuva muri icyo gihugu azasiga umuvumo kubera balimo guhiga Umuhanuzi mukuru ariko bakaba batazi uwari we ariko bakaba bamubona mu gihugu cy’Ibabylon cyangwa ko yaba aherereye mu gihugu cy’Ubuperesi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ukwiye kuba maso cyane, kuko uwo mutegetsi agiye gukurikirwa nikizira kirimbuzi kizahagarara ahera. Uwo mutegeka w’isi namara kuva muri icyo gihugu azakurikirwa nundi uzaba afite ishusho yo kwera, nyamara imbere ari ISEGA riryana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, hungisha umulinzi mukuru umukure mu murwa mukuru w’ISHUSHANI kuko amapfa ateye kandi umwanzi akaba amuhigira kutamubura hasi no hejuru, maze umwerekeze mu majyaruguru yicyo gihugu kugirango azahamare iminsi yagenwe icyo gihe umwanzi azaba amaze gucogora uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanura uvuge uti, Uwiteka Imana ikiranuka muri byose, manura imyuka ll yo guhana ubwoko bw’Abayisilamu kuko bakabije gukiranirwa mu isi yabazima, kandi bakaba bakomeje kumena amaraso yabatariho urubanza uko uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, burira abashobora kwihana uti mwihane kuko umujinya w’Uwiteka ubamanukiye kubera gukiranirwa kwanyu kugirango niba bishoboka mukize ubugingo bwanyu mbere yuko ibihano by’Uwiteka bibageraho uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, uwo mwuka umanukiye ubwoko bw’Abayisilamu, ariko cyane urubyiruko nyarwanda kuko bashyizwe mu gipimo kugirango bageragezwe n’Uwiteka Imana irebe kwihangana kwabo no gukiranuka kwabo kuko nyuma yibi byose Uwiteka azabakoresha iby’ubutwari kubazanesha urwo rugamba uko niko Uwiteka avuga.

June 09, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igisirikare cy’urwagasabo kizasenywa cyongere kubakwa bundi bushya kuko ikiriho ubu gifite amatwara ya kinyeshyamba, kandi cyikaba cyubakiwe k’umuntu umwe gusa, bityo rero kizasenywa kugirango hubakwe igisirikare cy’umwuga cyubakiwe ku mbaraga z’igihugu uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwakagara asuzuguye umutegeka w’isi yose kubera guhindura itegekoshinga rya gakondo yabakiranutsi, nyamara ingaruka zizakurikira ingoma y’abega zizaba izo kwakiriza amaboko yombi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwakagara ahorana ubwoba buri mutegetsi wimye ingoma muri America yihutisha kujyana amaturo, ariko igihe kiraje akndi kirasohoye ubwo igihe kizagera akabura uwo aha amaturo ngo arambe ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments