April 13,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wakuyemo iryinyo mu menyo yawe, iryo ryinyo nta bwo ryali risanzwe kuko ryameze kubw’ushake bw’inkozi zibibi bakoherejemo umwuka uzajya wumva ibyo uvuga byose na gahunda za we zose kugirango babone uko barinda umugisha bagutwaye utazawusubirana. Umaze gukura iryo ryinyo (removing teeth) bahise babura (spiritual teeth network) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umucyecuru witwa Veronica Rwigara niwe wakoze ayo mahano akoresheje imbaraga z’umwijima, niyompamvu wabonye abana be bapfa ipfu zidasobanutse ndetse abandi bagahinduka abasazi kuko igihe cyo kugaruza ibyawe byatwawe cyari kigeze uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Abandi bahumanije ubugingo bwawe hamwe n’umuryango ukomokamo, ni abo mwari muturanye kwa Narcicis Ruzezwa n’abo ni uko bahumanije umuryango wawe ari cyane wowe bakoresheje umwana wabo mwari inshuti kandi mwiganaga witwa Kamanzi Narcissi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyompamvu Ruzezwa Narcissi umukobwa we yaguhamagaye kuza kumusengera, uragenda umusabira umugisha wo gukira kandi hari hashize imyaka (27) atarakubona ariko igitangaje yahise akumenya uwo uri we kandi yarahumye amaso umaze gusenga Uwiteka Imana Nyiringabo yahise amwica arapfa kugirango amwereke yuko nta muntu w’Imana uhumanywa kuko aba arinzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kirageze ngo abo inkozi zibibi zatwaye imigisha yabo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ayigarurire ba nyirayo kuko iki ar’igihe cy’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iki ni gihe cy’abakiranutsi kuko Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubakubira inshuro (7) zibyo bambuwe na bakozi ba Satani uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 14,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, soma ariya magambo yanditse ku kibaho (black board) imbere yawe yari yanditse mururimi rw’icyongereza “make revenge” bisobanura kwihorera ku muntu wa guhemukiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bantu binkozi zikibi ntuzabagirire imbabazi kuko bangije ubuzima bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uzahorere ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko bagiriwe nabi na bari bakwiye kubagirira neza, ariko bahitamo ku bagambanira kugirango ba batware imigisha yabo n’ubugingo bwabo burimbuke uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Jeannine Bizamporo n’umugabo we JUSTIN batuye England UK, ni bamaneko. Bihishe mu barokore kugirango bazajye babona uko baneka abantu kuko umugabo yihisha inyuma y’umugore agakoresha umugore kuko ajya afasha abiyita abakozi b’Imana barangiza bakabatangaho amakuru mu butegetsi bw’uRwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyompamvu bagusabye ko bagufasha kwimura ikinyamakuru cyawe (domain transfer) kugirango babone uko bashimuta inyangeNewss.com utazabona uko uzajya ubandika ukabashyira ku karubanda kuko bari bamaze gukeka ko wabatahuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 15,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, impunzi zo mu gihugu cy’Ibabylon zigiye gushyirirwaho amategeko azemerera gukandagira mu murwa mukuru w’ISHUSHAN-Nairobi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kubera ubukene bwinshi bugiye kwiyongera mu mpunzi zo mu gihugu cy’Ibabylon hagiye kuba ubusambanyi bwinshi cyane mu bagore na bakobwa niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire ngo, umunyabwenge iyo amaze kumenya ko agiye gushyirwa ku kiziriko, ntabwo ategereza ko baza kumushyira uwo mugozi mu ijosi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugambanyi yifuje wagezwa mu maboko ya banyabyaha ngo baguce umutwe, ariko Uwiteka Imana Nyiringabo yarinze ubugingo bwawe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo aciriyeho iteka abantu basuzugura umurimo ukora kuko batawufata ko ari Imana ivugana nawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
April 16, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri RNC hamanutse imyuka (3) umwuka w’ubugambanyi bashaka ko wakwicwa, umwuka wo ku kwitotombera cyane ngo wabaciriyeho iteka, umwuka w’urwnago rwinshi cyane bifuza yuko nta muntu wajya asoma Ubuhanuzi wandika, nyamara bakaba aba mbere kubusoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingabo za RDF zifte umuco mubi kuko buri musirikare agomba gushaka amagambo yo guteranya ajyana ku bamukuriye kugirango babone uko bahabwa amapeti uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuturage ujyana amagambo abeshyera abandi agira icyubahiro kuruta ingabo y’igihugu. Ni uko rero ubwo ingabo zigihugu zimaze kubona ko nta cyo zimaze, kandi ko umurimo wa bajyanye atari wo bakora, abemeze gutyo Uwiteka Imana Nyiringabo abaciriyeho iteka uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tega amatwi wumve uko Umwakagara Paul Kagame yitotomba, numva aravuze ngo, ayiiii ndabigenza nte, ko abanzi banjye babaye benshi cyane, bakaba bagiye kunyishima hejuru? Ndabona ibyo nari nishingikirije byose bigiye kumbera imfabusa ndetse na bayobozi bose nahaye akazi nta n’umwe turi kumwe, ahubwo birirwa bangambanira. Ariko nta cyo nabo nta n’umwe uzongera gusohoka muri iki gihugu bajya hanze kwivuza cyangwa gutembera kuko bashobora guturuka bakagenda burundu ntibagaruke uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 17, 2016 the rhema word comes from heaven unto me, and told me, that son of man looks ahead of you and read the word of the Lord send to You so that you’ll be able to announce for my people. The words which I saw was written on board called “PACIFYING “according research I have made this is meaning of it concerning with a country of Rwanda.
- To bring or restore to a state of peace or tranquility; quiet; calm: to pacify an angry man.
- To appease: to pacify one’s appetite.
- To reduce to a state of submission, especially by military force; subdue.
April 18, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inama ya bakomeye cyane barimo abacuruzi na banyapolitike yateranye. Impamvu yiyo nama, kwari ukurebera hamwe uburyo hari umucuruzi waguze igihugu cyose akakigarurira kikaba icye. Icyo gihugu kimaze munsi yububasha bwe, nta muntu n’umwe wongeye kuvuga yaba abanyepolitike cyangwa abasirikare yabatwaje inkoni yicyuma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko mbona abo bategetsi bakomeye bateranye muri iyo nama, bemeza ko muntu w’umukire (Paul Kagame) agomba kwamburwa icyo gihugu (Rwanda) maze kigasubizwa bene cyo. Ubwo mbona abo bategetsi bakomeye bakusanya amashillingi yaguze icyo gihugu (Rwanda) barayamusubiza igihugu gisubizwa banyiracyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu, ubonye iki? Ndasubiza nti, mbonye abakomeye baterana basaba umugabo w’umukire gusubizwa amashillingi ye kugirango asubize igihugu banyiracyo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Uwanyerekaga arambaza ati, ese waba wamenye amasura yabari bagize inama yo gusubiza uriya mugabo w’umukire amashillingi yari yaraguze kiliya gihugu? Ndasubiza nti oya nyagasani kuko na bonaga ari abantu bakomeye gusa ntaho na babonye na hamwe yaba kuri TV cyangwa se mu binyamakuru.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, inama igiye guterana ikomeye cyane bagiye kwiga uburyo Umwakagara Paul Kagame ya kamburwa igihugu maze kigasubizwa bene cyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara Paul Kagame ateranya inama yihutirwa (emergency meeting); iyo nama yari iyo kwiga uburyo bahumanya Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa muriyo nama bafata umwanzuro wo ku mwoherereza impano zijyanwa na bantu muri zo mpano bashyizemo ibihumanya “chemical industry” ku buryo azahita afungura igahita imuhitana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uhamagare Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa umubwire ubwo buriganya bagiye kumukorera bwo kumwica, nibamara kubona wanditse Ubuhanuzi barahita bahindura bashakishe umuntu uzajyayo kubana nawe kugirango azamuhe ubwo burozi mu byokurya cyangwa mu byo kunywa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 19,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo ya Rwanda National Congress (RNC) wongeye guhaguruka barakurakaliye cyane kubera guhyira ahagaragara imikorere yabo mibi babeshya abanyarwanda ube maso cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, RNC iyo bateranye barwanya Ubuhanuzi, bamara kuva mu nama buri umwe wese agahita ajya ku kinyamakuru www.inyangeNewss.com kujya gusoma ibyo wahanuye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, RNC bagiye gutangiza urugamba batangiriye muri DRC, ariko Umwakagara Paul Kagame azabafata abandi azabica kuko bagiye batusabye uburenganzira niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, RNC, RPF, NRM, bose bakoresha imyuka mibi Satani niwe bakorera ntabwo bizera Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona perezida Kaguta Yoweri Museveni ari kumwe n’Umwakagara Paul Kagame barimo bavugana uburyo bagiye gukurwa kubutegetsi na (USA) kandi ariyo yabashyizeho. Mbona bombi uko ari (2) bafatirwa ibihano babura amashillingi yo guhemba abasirikare uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bagiranye amasezerano yo gutabarana mu byagisirikare ariko nta cyo bizabamarira bombi kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyahanuwe bishobora gutinda gukora umurimo wabyo, ariko bizarangira bisohoje gukiranuka k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu wese wamennye amaraso atariho urubanza muri gakondo ya bakiranutsi, nzahora nihanukiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 20,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inka, imbata, inkoko, biza bisanga Umuhanuzi maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega baterekereye imandwa nyinshi zitandukanye, baguteje umwuka wo gutotezwa uhoraho, baguteje intambara zikomeye za hato na hato, baterekereye imandwa inkoko y’urugimbu kugirango bahagarike umurimo ukora wo guhanura uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni bamaze kunanirwa umurimo bagombaga gukora, none Leta y’abega yohereje abasore bafite uburambe mu bwicanyi bagera ku (10) baje muri Kenya-Nairobi kuza kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Leta y’abega bagiye kwitabaza ikorana buhanga ariko naryo, nta cyo rizabamarira kuko Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Nziza Jack ni we wahawe inshingano zose operation yo kurimbura ubugingo bwawe, ariko arasa naho uwo mugambi atazawushobora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona igihugu cyose cyuzuye amarozi menshi cyane bakoresha bica abantu. Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi bagiye kwicwa hakoreshejwe amarozi kuko ubutegetsi bw’abega bumaze kugira integenke uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa aho imyuka yabishwe bahohotewe aho ishyirwa mu gihe itegereje ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, mbona iyo myuka irimo kwitotomba cyane bibaza impamvu bishwe kandi nta cyaha bakoze, hanyuma Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akaba atabahorera uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iyo inkozi zikibi zishe abantu cyangwa umuntu, iyo amaze gupfa, ako kanya ahita amenya uwamwishe, kuko aba avuye mu mubiri akajya mu mwuka aba afite ububasha bwo kumenya no gutahura uwamukuyemo umwuka, ariko nta bubasha aba afite bwo kuba yagaruka kw’isi ya bazima. Ariko ashobora kuza mu buryo bw’umwuka akabwira abavandimwe be umwishe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 21,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakurwanyaga bose bazakugarukira harimo abayobozi bakuru ba RNC uko niko Uhoraho avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ba rushimusi boherejwe na Leta ya Kigali, ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega barimo kugerageza uburyo bakongera gushimuta gakondo yawe www.inyangeNewss.com ariko nta bwo biza kubatunganira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 22, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi akomeje ku guhiga ashaka kurimbura ubugingo bwawe, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uwigira umukiranutsi, uwo ni we ugambaniye umwana w’umuntu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 23, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyegera cy’umukuru w’igihugu wa Kenya Samuie William Ruto azasimbura Uhuru Kenyatta mu buryo bw’uburiganya, kandi azasahura icyo gihugu, abo munsi ye bose nabo bazaba basahuranwa igihugu kizasigara ari umusaka kidafite amikoro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uko abantu bihinduye abahanuzi na bahanuzi–kazi kubera gushaka uburyo bwo kubaho, ariko cyane, abenshi bakoreraga ubutegetsi bw’ingoma y’abega bashaka kuyobya benshi cyane bareke Imana yabo bizeye ahubwo bakurikire imyuka iyobya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri abo bihinduye abahanuzi–kazi bayobya ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, harimo witwa JEANINE BIZAMPORO utuye mu gihugu cy’Ubwongereza United Kingdom(UK) uyu mugore akaba akorera yabo y’abega ya Kigali ashinzwe gukorana na biyita abakozi b’Imana kugirango amenye imikorere yabo, na amshyaka ya politike ba barizwamo niba barwanya ubutegetsi bwabo bwa Kigali uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kirahe ubwo abantu bose bakorana n’imbaraga z’umwima bashyirwa ku karubanda kugirango bimenyekane uruhande baherereyemo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari abagore (2) bakoraga nka JEANINE BIZAMPORO bakunze gukurikirana Ubuhanuzi cyane, nibamara gusoma ubutumwa Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze kuri Jeanine Bizamporo bazahita bareka gukorana n’abega kubera gutinya yuko Imana izabashyira ahabona uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, umwana w’umuntu, wirinde umugore witwa Christine Mukama wo muri RNC kuko yatumwe na RNC ku kuneka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Marie Esther Murebwayire ni maneko akorera ubutegetsi bw’iwabo Igitarama buyobowe n’Umwakagara Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Consolee utuye muri France nawe ni maneko akorera ubutegetsi bw’ingoma y’abega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Nyiramihanda Magnifique na we ni maneko akaba umwega-kazi akorera ubutegetsi bw’ingoma y’abega atuye mu gihugu Irelande kumugabane w’Uburayi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na BIZAMPORO JEANINE akomoka Igitarama uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jeanine n’umugabo we JUSTIN bari batuye mu gihugu cy’Ubuholande baza kwimuka bajya kugakorera mu gihugu cy’UBWONGEREZA UK uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, abo abega–kazi bashinzwe kuneka umuntu wese utavuga rumwe n’ingoma ya kega ikomoka Igitarama uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, izo telephone zabo uzishyire ahabona kugirango bimenyekana imirimo yabo mibi bakora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jeanine Bizamporo telephone number: +447503278075/+447503777527
2016-03-10 0:23 GMT+03:00 JEANINE BIZAMPORO <jeanbiza@hotmail.com>:
April 25, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umutu, abo bose bari bashinzwe ku kuneka kugirango barimbure ubugingo bwawe, bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame yababaye cyane kuko washyize ahabona za maneko ze zari zishinzwe kumukorera umurimo none gahunda zabo zaburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, JUSTIN n’umugore we Bizamporo Jeanine bakozwe nisoni kuko bajyaga babeshya abantu benshi cyane, kandi bahemukiye kuko batigeze bamenyekana ko bakorera ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu burira abantu ubabwire uti ubutabera bw’Uhoraho Nyiringabo bwaratangiye burimo gukorera kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ba maneko bakorera Leta y’uRwanda bashatse undi mugore ugiye kuza ku kuneka kuko abandi wa maze kubatahura uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagambanyi babaye benshi kuko na Joyce Wanjiku hamwe na Joyce Olang’u nabo bamaze kuba Abagambanyi barimo gukorana na Murekatete Odette wagurutse Nairobi ahiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uvume abo bagore bose bakugambaniye kuzageza kubisekuruza byabo (7) niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ntuzabakize umwijima wa ni njoro, umucyo wawe uzababe kure kuko buzuye ubugome no gukiranirwa kwinshi cyane bashatse kumena amaraso atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ubwiza bwawe ntibazabwengere, imbuto nziza z’ibiti by’ubwiza bizababe kure cyane kuzageza igihe bazamenyera yuko gukiranirwa ari ikizira k’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bagume ntizabe mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko umucyo w’Uwiteka uzagaragara mu isi, ntibazawubemo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ntuzibagirwe ikinyoma bakoresheje yuko babeshye ubwoko bwawe ko ari abagaragu bawe, nyamara bakoreraga Umwami wabadayimoni nk’uko basogokuru babivuze neza ngo ugusengera kwishyiga umusiga ivu, n’ubundi ntuzibagirwe kubagenza uko bagenjereje abandi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
April 26, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bagiye gushimuta ikinyamakuru cyawe www.inyangeNewss.com ariko nta bwo umugambi wabo uri bugende neza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Ingabire Christine Marie Mugarura ntumwizere kuko akorana n’ingoma y’abega ni maneko ukomeye cyane bamuhaye gahunda yo ku gutumira kujya muri France–Paris kugirango bagufatire ku kibuga cy’indege uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’Isamairya (Burundi) Peter Nkurunziza asigaje igihe gitoya cyane kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 27, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu Umwakagara Paul Kagame yafunze abantu benshi cyane abandi arabashimuta baburirwa irengero niyompamvu ngiye kumukura ku ngoma kubera gukiranirwa cyane birenze urugero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore witwa Ingabire Christime Marie Mugarura ni we maneko wagerageje kuba umuhanga mu bagore bose bari bashyizeho ngo bakuneke uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ucireho iteka umuryango wa Ingabire Christine Marie Mugarura na bamukomokaho bose kuko yagambaniye Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ushyire ahagaragara uwo mugore w’inkozi yikibi Washatse ku guca igihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, JEZEBEL Nyiramongi Jeannette Kagame yari yatanze cash zitubutse kugirango ufatwe kuko icyo akeneye ari ukubona bakuzana bakakugeza imbere ya maso ye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo afite ingabo zitwa “INDOBANURE” muri RDF akaba ari zo zizakuraho ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ze zikorera muri RDF, uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo agiye kubakoresha ibikomeye cyane mu ntambara mugiye kurwana itandukanye nizo mwarwanye zose kuko mugiye guhura ni bikomeye cyane, ariko ntimutinye kandi ntimuhagarike imitima kuko ari kumwe namwe uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ingabo z’Uwiteka Imana Nyiringabo zikorera muri RDF, uti, mugiye guhura ni bikomeye cyane, ariko azabana namwe kuko muri ingabo agiye gukoresha ibikomeye kw’isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kuznaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ingabo zanjye zikorera mu ingabo za RDF, uti, uku niko Uhoraho abagira inama, udashoboye guhunga, naceceke kandi yirinde kwerekana umubabaro, ahubwo ajye agaragaza ubugwaneza, no kwishima cyane, inyuma y’umubiri kugirango kugirango abega batazigera batahura ko utishimiye ubutegetsi bwabo bakaguca igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko njyanwa mu iyerekwa mbona igisirikare cya RDF, abega bakuru murizo ngabo bakorana inama ikomeye cyane, n’Umwakagara Paul Kagame maze bemeza yuko bagiye gukurikirana buri musirikare bamenye inkomoko ye, maze babone uko bakora amajonjora bamwe birukanwe mu ngabo za RDF, cyane ko ba bashinjaga kuba ar’ingabo z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bari ku ngoma, bagiye kwica abasirikare bakuru batari abega abo bacyeka ko bafite ubushobozi bwo kuzahirika ingoma yabo bakabambura ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagiye kwicwa bakomoka mu muryango wabanyiginya na bandi bazi neza yuko batishimiye ubwami bw’abega uburire ingabo abakuru na batoya babe maso cyane usibye ko gucika urupfa abega barimo gutegura biragoye cyeretse bahunze igihugu bakava mu ngabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abo muri gakondo ya bakiranutsi yuko Umwakagara Paul Kagame akoresha imbaraga z’umwijima zihanitse cyane zo kurwego rwo hejuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urabe maso cyane kuko Umwakagara Paul Kagame arimo gutegura imigambi uburyo bwose yakoresha kugirango aguce umutwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 28, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye ku koherereza umugisha, ariko uturutse mu mwijima, ube maso cyane kugirango ubashe kuwakira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nguhaye ubwenge, ubuhanga, n’ubumenyi kugirango ukomeze umurimo wanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, amateka yose yo gukiranuka kw’Imana Uwiteka Nyiringabo, yigaruriwe na Roman Catholic Church Empire RCCE kugirango bashobora kwiba imigisha ya abantu mw’isi bitwaje ijambo ryanjye kandi bakorera Satani umwanzi wo gukiranuka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Emmanuel Munyaneza ni maneko wa Leta y’abega kuko nawe ari umunyagitarama yataye inzira yo gukiranuka ahitamo inzira yo gukiranirwa none umucireho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, undi mugabo witwa JEFF wiyigize pastor na we ni maneko akorana n’ingoma y’abega nibo bamushakiye akazi muri Jesuit Refugee Service (JRS) yo muri Uganda-Kampala uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu bose batuye kw’isi ariko cyane abo muri gakondo ya bakiranutsi yuko ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bugiye gutangira uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’ubwire abantu babe maso cyane kuko igihe cy’ubuntu n’imbabazi z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kirarangiye uko niko abivuga.
April 29, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’Umwakagara Paul Kagame buragendera ku bugenge kuko nta mbaraga basigaranye mu baturage niyompamvu umwaka utaha bizaba bikomeye cyane kuko azatangira kwica abaturage badashyigikiye ubutegetsi bwe bw’igitugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyo kumena amaraso kirarangiye hasigaye igihe cyo guca imanza zitabera no kurimbuka kubakiranirwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kugwa imvura ikomeye cyane kandi izahitana abantu benshi bazarimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za maneko za Kigali (NIS) zifite agahinda cyane kuko zakubuze bakaba bananiwe ku guca umutwe kandi ari gahunda bari bahawe na Paul Kagame avuga ko Ubuhanuzi bumubangamiye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
April 30, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikoemza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana wumuntu, Ngoga Bucyana Olivier gukora ubukwe ariko bazabamo intambara nyinshi cyane kubera benshi bamufitiye ishyari mubwire abe maso cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu umwuka w’inzika y’inzigo by’abega wongeye kuza bahiga ubugingo bwawe ube maso cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abakorera Umwakagara Paul Kagame bashinzwe guhiga ubugingo bwawe uti, Uwiteka Imana Nyiringabo abaciriyeho iteka rya burundu kuko murwanya umurimo we uko niko abivuga.
May 1, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo ko uyu mwaka ari umwaka w’ubutabera bw’Uwiteka Nyiringabo kw’isi yose ko bugiye gutangira buri muntu abe maso cyane atazacirwaho iteka uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira abo muri gakondo ya bakiranutsi yuko nta gikorwa na kimwe kijyanye niby’umwuka kizongera kuhakorerwa kuko Uwiteka Imana Nyiringabo avuye muri icyo gihugu kuko yamaze kugiciraho iteka uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ubwoko bwanjye mugihugu cya Uganda no muri gakondo ya bakiranutsi bararushye cyane kuko bayoborwa nk’inyamaswa zo mu ishyamba, ariko ubabwire uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuze, ngiye guca imanza zitabera mbahe ubutabera kandi abayobora ibihugu byanyu mbaciraho iteka rya burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyamulenge bagiye guhagurukira abatutsi bene wabo babica bagiye kurwana intambara ikomeye cyane, ariko nabo nyuma yaho bazicwa cyane kandi nta bwo bazagirirwa imbabazi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame yujuje inzu y’ihotel yakataraboneka yitwa Kigali Conversion Centre KCC none yatumije abakonikoni ngo baze kuyitaha maze bamubwire amatora ateganijwe umwaka utaha wa 2017 niba azamuhira uko niko abivuga.
Nerekwa mbona abakonikoni bamubwira yuko kuzageza mukwezi kwa September 2016 azagira ibibazo bikomeye cyane kuko amahanga amuhagurukiye bamusaba gutanga ibitambo by’amaraso kugirango ibyo byago bikurweho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwakagara Paul Kagame uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuze, naho wamanura Inyenyeri, Ukwezi, n’Izuba, nta kabuza nzagukura ku ngoma kandi uzavaho nabi cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 2,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikoemza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwakagara Paul Kagame uti, hari ibimenyetso (3) bigiye kubaho bigaragaza ko uzakurwa ku butegetsi ukavaho nabi.
- Hari abagabo (3) bazasura Umwami Kigeli V Ndahindurwa bazajya kumura bamushyiriye umugisha icyo kizakubere ikimenyetso cyo kuva ku ngoma
- Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa azagira urugendo rwo mu mahanga navayo Umwakagara Paul Kagame umutima uzahagarara cyane uko niko Uwiteka avuga.
- Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa azagira urundi rugendo rwo kujya muri gakondo ya bakiranutsi wenyine nta bwo abajyanama be bazamuherekeza. Ibyo bimenyetso uko ari (3) nubibona uzamenye ko uzava ku butegetsi nabi cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanzi bawe bose barwanya umurimo ukora bamaze gucirwaho iteka kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo, ari we wagumahagaye akagushinga umurimo umukorera wo guhanura no guca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame ibyo yifuza nta bwo nzabimuha kuko yifuza ko ubwami bwe yazaburaga abana be, kuko yabaye umunyarugomo rukabije cyane, sinzatuma ibyo yifuza bisohoza gahunda yabyo. Muri gakondo ya bakiranutsi nciye urugomo rw’abega ubugizi bwa nabi agirira ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi nkuyeho urufatiro (foundation of abega community clan) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri uku kwezi kwa 4, 2016 Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aciriyeho iteka abadayimoni bakoreraga mu gihugu cy’u Rwanda bari bashinzwe kwica, kwiba, gusambana, no kwambura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi mbona abanyamadini ba Pastor barwanya ijambo ry’Ubuhanuzi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, mwana w’umuntu, ngiye gufunga insengero nyinshi cyane zirwanya Ubuhanuzi wandika kuko bafite ishyari mu mitima yabo bigatuma barwanya umurimo wanjye kugirango abantu banjye batayoboka ijambo ry’Ubuhanuzi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutumwa Uwiteka yanyujije mu kanwa kawe abashumba (pastors) babuteye amabuye, none nanjye ngiye kubatera amabuye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 3, 2016 ijambo ry’Uwiteka Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kwitegereza dossier y’ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegeko nshinga, icyemezo yafashe cy’urubanza uko rwagenze murubanza rwitiriwe ubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned the whole world and its people dwells in it because of their iniquities obtained N° 0000/0005/0016 thus is heaven judiciary decision.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ijuru rimanuye umwuka witwa bagaragaraza kuko Uwiteka Nyiringabo agiy gukoza isoni ibyegera by’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa kuko barwanira icyubahiro badakorera kuko bo bumva kwitwa ibyegera by’Umwami w’uRwanda ari ishema ariko nta cyo bamariye ubwami bw’uRwanda none ngiye kubashyira ku karubanda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze gutoranya abandi biru (advisors of Rwandan Royal House Kingdom) yitoranirije abantu be azakoresha muri kiliya gihugu kuko ari cyo gihugu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yatoranije mu isi yabazima, kugirango abatuye isi yose bazamenye Uwiteka Imana Nyiringabo biturutse muri icyo gihugu uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urusengero rwa ADEPR utangaze yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aruciriyeho iteka uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu bose basengera muri ADEPR yuko bakwiye kuruvamo kuko rwamaze gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
May 4, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyegera cy’umukuru w’igihugu wa Kenya, (Deputy President) Samuei William Ruto ababajwe cyane na kagambane yagiriwe na banyaKenya bo mu bwoko bw’Abakikuyu. Bagiye kumubeshya ko bagiye gusengera urubanza rwe rwa ICC kugirango rurangire mu gihe barimo kumwita ko ari INDAYA yarongowe na HOSEA uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugabane w’Africa bagiye guhura na kaga gakomeye cyane kuko bagiye kumena amaraso menshi atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 06,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda batavuga rmwe na Leta y’abega iyobowe na Paul Kagame, bashaka ko yakurwa kubutgetsi, mbona begeranya urubyiruko maze bitwikiriza umutaka wa masengesho kandi ari inama bagiye gukora za politike uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, turiya tunama ubonye twa abantu bicaye mu matsinda nta kindi barimo gutegura kitari intambara kuko igihe cyo gukuraho Umwakagara Paul Kagame cyegereje kugirango ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu wese cyangwa abantu bose bagiriwe neza bakaba batarigeze bashima aba bagiriye neza Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubaciraho iteka kuko iyo neza bagiriwe bari bakwiye kuyishimira kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari we wabakoresheje kugirango yiheshe icyubahiro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko abantu bose bagiriwe neza bakaba batarigeze batanga ishimwe ku ba bagiriye neza, abo bakwiye gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
May 7, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abarwanya ubutegetsi bwa Kigali na RPF bafashe intwaro baratabaye bagiye guhangana n’Umwakagara Paul Kagame, ariko n’ubwo bagiye nta bwo ari jye ubohereje kuko batazabura gutsindwa urugamba bashaka gufata ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uiwteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umunu, abazatabara bose utabahaye uburenganzira bazatsindwa urugamba nta bwo bazarutsinda kuko uko niko nabitegetse uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko bagaye Umwakagara Paul Kagame nanjye ndabagaye kuko banze kumva imiburo yanjye ngo bagendere imbere yanjye mbahe igihugu. Umwakagara Paul Kagame nzamukuraho nkuko nabigambiriye, ariko nta bwo ari bo bazamukuraho kandi nta bwo ari bo bazamusimbura ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo ishyaka rya RNC rirwanya ubutegetsi rishobora gufata ubutegetsi kuko basuzuguye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’IBABYLON mbona ubwoko bwitwa (KIKUYU community clan) ko bagiye guhura na kaga gakomeye cyane, ku buryo ibyo biringiraga byose bibaye imfabusa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abatutsi biyita abanyamurenge barushijeho gukiranirwa kubera kuyoboka umwanzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo nta bwo bazigera baba abanyamugisha kuko bakunze indamu mbi banga gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ukuri nukuri nzabahana mbaziza kugambanira ubwoko bwanjye ngiye kubaciraho iteka mbaziza ubugambanyi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu wese ukora igikorwa cyo gukebwa ku bagore aba anyuranije n’ijambo ry’Uhoraho kuko hakebwa abagabo hadakebwa abagore uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 8, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zikibi Rwanda Protocol for a Rwanda Kingdom (RPRK) zahoze zitwa Rwandan Protocol to Return Kingdom bamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, izo inkozi zikibi ziyobowe na Munyandinda James, na mukuru we Mbayiha John bateguye umugambi wo kohereza umuntu uza kugusha muri Kenya-Nairobi, ariko imigambi yabo namaze kuyiciraho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’urupfu n’umwuka w’ikinyoma bishyizweho iherezo mu isi ya bazima kubera imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bakoresheje ikorana buhanga gushimuta gakondo yawe, na we ukoreshe ikoranabuhanga gutunganya imirimo idatunganije kuko batarikurusha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, naguhaye umwuka wo kumenya no gusobanukirwa no gutahura amayeri yose umwanzi akoresha. Ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka Nyiringabo ari kumwe na we uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abahiga ubugingo bwawe bameze nk’ibicu bitagira amazi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 9, 2016 Maze njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya mbona inkozi z’ikibi zirimo kwitoza guhanura kugirango zihangane n’Umuhanuzi Majeshi Leon kugirango bamere nka we kandi bajye berekwa nkuko yerekwa kuko yavuze yuko udashobora kuba Umuhanuzi utajyanywe mu butayu kwigishwa uko bahanura uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami wo gukiranuka araje kandi aje guca imanza zitabera kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami wo gukiranuka agiye gucira imanza abatuye isi bose, ndetse ni byaremwe byose bituye kumugabane w’iy’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakurwanya ni benshi cyane, harimo abo muziranye, nabo utazi, kandi bose buzuye umwuka w’ishyari, ubugome n’urugomo, ariko bose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kubaciraho iteka uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko intambara zirushaho kwiyongera za bakurwanya, niko Uwiteka Imana Nyiringabo nawe arushaho ku kongera imbaraga zo guhanura kugirango abo bose bacishwe bugufiya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukomere cyane kandi Uwiteka ari kumwe na we kuko nta mwana w’umuntu uzaguhangara kuko uko abanzi barushaho kwiyongera uko niko bagiye gutatana ntuzongera kubabona ukundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyompamvu abari inshuti zawe bose bahindutse abanzi barwanya ijambo ryanjye kubera ku kugirira ishyari, ni uko Ubuhanuzi bushyira ahabona ibinyoma byabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho UwitekaImana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko abantu nta cyo bashobora kugutwara kuko ndinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bose bakorana n’umwanzi Satani bagiye gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, niyompamvu bakurwanya kuko bamaze kumenya amakuru y’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, ikibazo si wowe, ikibazo baratinya ko bagiye gucirwaho iteka kuko Umwami wabo yamaze kubabwira ko igihe cye cyo gukorera mw’isi cyarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko mpawe izindi mbaraga zirwanya kandi zikanesha inkozi zibibi na Satani, Uhoraho Nyiringabo arambwira riti, uhawe kurwanya no kunesha umwanzi kugirango atarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona za maneko zo ku ngoma y’abega zagose Umuhanuzi Majeshi Leon, mu gihe ndimo gutekereza uko nakwivana muri zo za maneko z’abega, mbona Uwiteka Imana Nyiringabo yohereje inyoni (3) z’ubululu nibwo bwa mbere nari nzibonye, ziraza zirwana na za maneko ba Leta y’uRwanda (national intelligence service) (NIS) icyo gitero cyabo bose barahunga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Nyiringabo ajya atabara ubwoko bwe bumukorera, afite ingabo nyinshi zikorera ku isi hose zishinzwe umurimo we, niyompamvu ukorera Uhoraho adakwiye gutinya cyangwa ngo agire ubwoba bwo kumukorera kuko amaso ye, aba ku bamukorera iteka ryose uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi zimaze kubona ko ibikorwa byabo byose Uwiteka Imana Nyiringabo yabiciriyeho iteka, maze bohereza imbaraga z’umwijima na zo Uhoraho Nyiringabo aziciraho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abatutsi baturutse mu gihugu cya Tanzania baciriweho iteka kuko barwanije Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango barebe yuko imyuka mibi ya Satani bakoresha yakomeza kubakoreramo, ariko nta bwo byakunda kuko iyo myuka mibi ubwayo yamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu bantu baguhagurukiye harimo na bo abatutsi baturutse mu gihgu cy’Abakaludaya (Chaldeans) kuko Ubuhanuzi uhanura butuma imbaraga zabo zitongera gukora uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo batutsi baturutse mu gihugu cy’Abakaludaya (Chaldeans) batsinze n’urubanza imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, niyompamvu baciriweho iteka kuko ari inkozi zibibi niko abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, perezida w’u Rwanda ageze mu bihe byo muri 1993/94, abanyarwanda na basutseho umwuka wo gutinyuka bakarwanya perezida Habyarimana Juvenal kugeza avuye ku butegetsi. None na Paul Kagame nawe abanyarwanda nabashyizemo umwuka wo kwanga ibibi bakorerwa n’ubwo butegetsi kuzageza buvuyeho. Azica benshi cyane, ariko azava ku butegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, mbona Umwakagara Paul Kagame ahamagaza abakonikoni abaha ibyo bamusabye byose kugirango bahorereze Umuhanuzi Majeshi Leon imbaraga z’umwijima adakomeza guhanurira ubutegetsi bwe kandi areke no guhanurira amahanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abo bakonikoni bahamagawe na Paul Kagame bagerageza guterekera abazimu babo, ba bohereza mu banyarwanda basoma Ubuhanuzi kugirango babuzinukwe ntibakajye bumva bifuza kubukurikirana, maze mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nawe afashe iyo myuka mibi yose bohereje maze afungura ahantu humwijima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakonikoni ba benshye umukuru w’igihugu Paul Kagame yuko igikorwa cyo kuvangira abasoma Ubuhanuzi, nyamara imbaraga zabo zafungiwe ahantu mukirere cy’umwijima uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa numva abakonikoni bavuga bati, tubeshye umukuru w’igihugu, tumubwije ukuri, yatwica, kandi nta bundi buryo bwo kumufasha dufite. Imana yaduhaye ubwenge kuko nta kundi twabaho Tugomba kwirengera kugirango tubone uko tubaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Pentecostal Assembles of God Church (PAG) rikorera ku kimihurura mu Rwanda–Kigali bajyanywe mu butayu kujya kwigishwa uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo abashumba baragira intama zanjye bazongera kuziragira ngo ni uko bize amashuli ya “THEOLOGY” barangiza bagahabwa uburenganzira na (government) kandi jye nta bwo nabahaye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye guciraho iteka abashumba baragira intama zanjye kuko batigeze baragira intama zanjye neza, ahubwo barya izibyibushye izisigaye zinanutse zikaribwa na masega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 11, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cy’uRwanda bwana Paul Kagame, mbona asaba ubuhungiro mu bihugu byo hanze, umuntu wese yegerega ngo amusabe ubuhungiro yahitaga amuhunga akigirayo.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwana Paul Kagame arimo gutekereza kuva kuva butegetsi, ariko yifuza ko, ataba mu gihugu cy’u Rwanda ahubwo yajya kuba hanze mu buhungiro, nyamara ibihugu byose yagerageje kuvugana nabyo ko yifuza kuva ku butegetsi ariko abisaba ko bamwemerere ko atazafatwa ngo ashyikirizwe ubutabera abo yabisabye bose barabyanze bamubwiye ko badashobora kwivanga mu bucamanza kuko bwigenga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’uRwanda abazungu yari yizeye ko bazamuha ubuhungiro banze kumufasha icyifuzo yabagejejeho bamubwiye batabishobora none agiye kubaho wenyine nk’inyamaswa yo mu ishyamba agiye kwigunga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iiyerekwa mbona urusengero rwitwa Christian Life Assemble CLA rufite icyicaro ahitwa inyarutarama Kigali-Rwanda mbona ibyaha byabo bigeze imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo aciriyeho iteka urwo rusengero rwa Christian Life Assemble kuko badakorera Imana yo mu ijuru, ahubwo bakorera Satani umwanzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, uwo muzungu wubakishije urwo rusengero yatse abanyarwanda abamashillingi yikirenga arenze kuri (budget) yateganijwe kubaka urusengero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Pastor KUMAT uyoboye urusengero rwa Christian Life Assemble (CLA) aciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inyamaswa ifite amahembe [2] ku mutwe wayo, iyi nyamaswa ya hanuwe n’Umuhanuzi Daniel 7:1-25 mbona inyamaswa indi inyamaswa iturutse mu butaka ihaye imbaraga inyamaswa ya mahembe [2] maze iha ububasha bwose bwo gutangira gukorera mu isi kuyobya abayituye bose kandi abatazemera kuyiyoboka no kuyikorera bazacibwe imitwe. Maze mbona iyo inyamaswa imaze guhabwa ubutware imbaraga n’ubushobozi bwose, itangira gutegeka isi yose no kuyitwaza igitugu, mbona hazamutse akandi gahembe gatoya kazamukira hagati yizo inyamaswa uko ari (4) ako gahembe gatoya kari gafite ubutware bukomeye cyane kurusha izo inyamaswa uko ari (4) ariko butagaragara imbere ya batuye isi.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kuza ubutware mw’isi ya bazima, buzaba buturutse k’Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi ubwo bwami bazategeka isi yose, abami bose, na batware bose bo kw’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
In the first year of Belshazzar king of Babylon Daniel had a dream and visions of his head upon his bed: then he wrote the dream, and told the sum of the matters. Daniel spake and said, I saw in my vision by night, and, behold, the four winds of the heaven strove upon the great sea.
And four great beasts came up from the sea, diverse one from another. The first was like a lion, and had eagle’s wings: I beheld till the wings thereof were plucked, and it was lifted up from the earth, and made stand upon the feet as a man, and a man’s heart was given to it.
And behold another beast, a second, like to a bear, and it raised up itself on one side, and it had three ribs in the mouth of it between the teeth of it: and they said thus unto it, Arise, devour much flesh. After this I beheld, and lo another, like a leopard, which had upon the back of it four wings of a fowl; the beast had also four heads; and dominion was given to it. After this I saw in the night visions, and behold a fourth beast, dreadful and terrible, and strong exceedingly; and it had great iron teeth: it devoured and brake in pieces, and stamped the residue with the feet of it: and it was diverse from all the beasts that were before it; and it had ten horns. I considered the horns, and, behold, there came up among them another little horn, before whom there were three of the first horns plucked up by the roots: and, behold, in this horn were eyes like the eyes of man, and a mouth speaking great things. I beheld till the thrones were cast down, and the Ancient of days did sit, whose garment was white as snow, and the hair of his head like the pure wool: his throne was like the fiery flame, and his wheels as burning fire.
A fiery stream issued and came forth from before him: thousand and thousands ministered unto him, and ten thousand times ten thousand stood before him: the judgment was set, and the books were opened.
I beheld then because of the voice of the great words which the horn spake: I beheld even till the beast was slain, and his body destroyed, and given to the burning flame. As concerning the rest of the beasts, they had their dominion taken away: yet their lives were prolonged for a season and time. I saw in the night visions, and, behold, one like the Son of man came with the clouds of heaven, and came to the Ancient of days, and they brought him near before him.
And there was given him dominion, and glory, and a kingdom, that all people, nations, and languages, should serve him: his dominion is an everlasting dominion, which shall not pass away, and his kingdom that which shall not be destroyed.
I Daniel was grieved in my spirit in the midst of my body, and the visions of my head troubled me. I came near unto one of them that stood by, and asked him the truth of all this. So he told me, and made me know the interpretation of the things. These great beasts, which are four, are four kings, which shall arise out of the earth. But the saints of the most High shall take the kingdom, and possess the kingdom for ever, even for ever and ever.
Then I would know the truth of the fourth beast, which was diverse from all the others, exceeding dreadful, whose teeth were of iron, and his nails of brass; which devoured, brake in pieces, and stamped the residue with his feet; and of the ten horns that were in his head, and of the other which came up, and before whom three fell; even of that horn that had eyes, and a mouth that spake very great things, whose look was more stout than his fellows.
I beheld, and the same horn made war with the saints, and prevailed against them; until the Ancient of days came, and judgment was given to the saints of the highest; and the time came that the saints possessed the kingdom.
Thus he said, the fourth beast shall be the fourth kingdom upon earth, which shall be diverse from all kingdoms, and shall devour the whole earth, and shall tread it down, and break it in pieces.
And the ten horns out of this kingdom are ten kings that shall arise: and another shall rise after them; and he shall be diverse from the first, and he shall subdue three kings. And he shall speak great words against the highest, and shall wear out the saints of the highest, and think to change times and laws: and they shall be given into his hand until a time and times and the dividing of time.
nccleon@gmail.com




















































































































































