28 Mutarama 2026, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli andika aya makuru atangwa nitangaza makuru ryo mu ijuru (Heaven News Media Agency) kuko ari amakuru y’ingenzi mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kurekura ibirunga bigiye kujya mu muryango wo kwa Rwigara Assinapol, ibyo birunga nibiva kwa Rwigara Assinapol byambuka ubuhanda bijya mu nzu y’abega bari ku butegetsi, bisenya ubutegetsi bwabo birangije biragaruka byerekera mu nzu y’abashambo, birahasenya, birahava bimanuka umuhanda wose bijya mu nzu y’abakono, ariko mbere yuko bijyayo bibanza kwinjira mu nzu y’abatsobe, ariko ibyo birunga bisanga abatsobe baramaze kwitandukanya n’abakono birahareka bikomeza kujya gusenya inzu y’abakono bihakora umurimo mwiza cyane birahasenya biraharimbura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli utangaze aya makuru vuba byihuse kugirango umuryango w’abega bamenye ko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n’isi.
Ibi birunga byitwa “Silence Killer” bizasenya umuryango w’abega N’imitungo yabo yose ndetse n’umuryango wa Rwigara Assinapol, kugira ngo indi miryango yindi yose isigaye babibone kandi bibabere isomo, nk’uko byatangajwe n’ikigo cy’i tangaza cyo makuru cyo mu ijuru (Heaven News Media Agency)
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, ibirunga (Silence Killer) nta bwo bizasenya umuryango w’abatsobe kuko bitandukanije n’abega, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli dore ibimenyetso bya nyuma byo kuvaho kw’ingoma ya Paul Kagame:
Icyitonderwa: (i) Ikimenyetso: Muri icyo gihe, Abatutsi baturutse mu gihugu cya Samaria (ari cyo Burundi) bakaba batuye mu gihugu cy’abakiranutsi kandi bakora ubucuruzi mu masoko, bazaba bunguka cyane kandi baterwa ishema n’igihugu cyabo ku buryo bazaba basangira ibyiza by’igihugu n’umuryango w’abega.
(ii) Bazishimira kujya mu murwa mukuru wa Salem (ari wo Kigali) kuko bazaba bafite byinshi bungutse, mu gihe Abanyarwanda bandi bazaba bafite inda zuzuye umwuka gusa (inzara ikabije).
(iii) Ibi bizabanzirizwa n’amarira y’urwiyerurutso y’abahutu batuye kandi bayobora igihugu cya Samaria; bazaba barira bagaragaza agahinda, nyamara ari bo nyirabayazana w’ako kaga!!!
(iv) Muri icyo gihe, bizaba ari intangiriro y’uko umuryango w’abega wumva agahinda ka binjiramo kugeza mu busimbwa bw’amagufwa. Muri icyo gihe, bazashaka gukora ibyo Uwiteka, Imana Nyiringabo, yabategetse gukora, bitagishobotse.
(v) Ibi kandi bizabanzirizwa nagahinda gakomeye cyane kazahungabanya igihugu cya Iran.
(vi) Ayatollah Ali Khamenei azajyanwa mu butayu bunini cyane, aho atazabasha kugaruka, kandi ashobora kuzarangiriza ubuzima bwe bwose muri bwo butayu bw’iteka ryose.
nccleon@gmail.com
