13th March 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyarwanda bazashira kubera ko babaye intumva bagashukwa n’umwakgara ngo namahoro,nyamara bagiye kugubwa igutumo nkuko uhinzi agubwa gitumo nimvura yo mucyi.
Abanyarwanda bazashira burundu kuburyo uzarokoka azaba ameze nkicyatsi cyo mu mapfa y’izuba mu gihe cyionzara uko niko witeka avuga.Dore abanyarwanda umwakagara yababereye nka Ahabu mwene Nebat yigishije abisrael gukiranirwa yanyujije abakobwa nabahungu mu muriro abatandukanya n’U witeka bituma Uwiteka abarakarira maze abaheha nk’uheha amazira ntoki uko niko umwkagara Uwiteka azamuheha nkamazira ntoki uko niko Uwiteka avuze.
Mwana w’umuntu dore umwuka w’inzika n’inzigo urahagurutse kandi niwowe wifuza ariko ntitunye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe nzakugirira neza niho uzamenya ko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka avuze.
Mwana w’umuntu dore nguhaye isezerano nk’iry’Abraham kuko wakuze gukiranuka ukanga gukiranirwa nicyo gitumye nzakugirira neza ngasohoza ibyo nakuvuzeho byose uko niko Uwiteka avuze.
14th March 2015 Ijambo ry’Uwiteka erinzaho maze rirambwira riti mwana w’umuntu dore igabo za Uganda n’iz’uRwanda nibo bazajya gutabara intambara igiye kuba mu gihugu cya Kenya,icyo gihugu kizahura n’intambara ikomeye kuburyo kuzatabarwa namahanga bizagorana kandi kuyitsinda bikazabagora,dore ingabo za Uganda zizoherezwa muri icyo gihugu hazoherezwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda,byitwa ko arabanyayuganda,ndetse bazasahura icyo gihugu,ndetse nabanyarwanda ntabwo bazahatangwa kuburyo bazigarurira amaduka ibicuruzwa byose byo muri icyo gihugu.
Abanyagihugu bazaba baragihunze bazajya kukigarukamo abaje kubatabara bamazemo uburyo bwacyo kuko umurwa mukuru wa Nairobi nta munyagihugu numwe uzawusigaramo uko niko Uwiteka avuze.
Mwana w’umuntu dore inkozi zikibi zirashaka guhamana gakondo yabakiranutsi ariko ibyo byifuzo byabo nugushinga umuhunda kukirenge kuko bidashoboka aho niho bazamenya ko nd’Uwiteka Imana ya Israel wa yakobo uko niko Uwiteka avuze.
Mwana w’umuntu dore igihe cyawe kirarangiye urangije amasomo yose kubera wihanganye nguhaye impano y’umugaragu wanjye “ELISHA” iyo yakoreshaga kugirango uzajye uyikoresha ufasha ubwoko bwanjye kuko wabaye umwizerwa kandi ugahiduka ubwoko bw’Abakiranutsi uko niko Uwiteka avuze.
15th March 2015 Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuhanuzi mukuru yanyuze mu nzira ifunganye none iyo nzira arayirangije,dore ayoboye abasore bimegenda kandi abakiranutsi,niyo mpamvu abagire abanyarwanda –kazi bo mu bwoko bw’Abatutsi bazahura nakaga gakomeye cyane kubera gushinga amajosi yabo nkay’Impala kazi.
Dore amabere yabo nzayasghyira kukarubanda kubera kwigira intumva,umunsi wamakuba bazifuza ko nibura amabere yabo yahishwa n’umukungugu,naho ibibero byabo bazifuza ko byahishwa namababa yibisiga ariko bazakorwa n’isoni ntakabuza kuko bemeye gukora imirimo yabanikorayiti,bakemera kuboyoka inzira ‘y’Umwami Ahabu mwene Nebat,bakemera kunyura mu muriro no kuraguza ibicu ukwezi n’inyenyeri kubera ibyo nzabagira igitangarariro klum unsi wamakuba bazakorwa nisoni bazifuza gusubira munda yazabanyina ariko ntibazabishobora uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu hanura ibyago bikomeye ku ntasi z’Urwanda kugirango mbahe ibihano bikomeye badashobora kwihanganirwa,nzabaterenya nababayobora mbereke ko bananiwe kugufata ndetse badashoboye akazi kabo ko batagakora neza kugirango ibyo bakoreye abandi nabo bibe aribyo bakorerwa uko niko Uwiteka avuze