Home News Hillary Clinton akirutse NIMONIYA!

Hillary Clinton akirutse NIMONIYA!

0

Amakuru agera ku inangeNews aturuka muri America aravuga yuko Hillary Clinton,yongeye gusubira murubuga rwa politike nyuma yo gukomererwa nuburwayi bwa NIMONIYA  yamufatiye mu birori byo kwibuka ibitero byabaye muri Nzeri 11.Abaganga be bavuga ko,amagara ye ameze neza ashobora gukomeza ibikorwa bye bya politike yarasanzwe akora.

Amakuru akomeza avuga ko,uyu munsi taliki ya 15 Nzeri,2016 aribugaragare muruhame aho yafashe ijambo arigeza kubamushyigikiye,iryo jambo rikaba riri bumugaragaze ko ubuzima bwe bwongeye gusubirana akaba afite imbaraga zo gukomeza kwiyayamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu.

Iki nigipimo gikomeye cyane kuri we,ndetse no kubamushyigikiye,aho abatavuga rumwe nawe,bakaba bateze kureba koko niba ubizima bwe bumeze neza kugirango bazabone ibyo bamunegura mukwiyamamaza  bavuga adafite ubuzima bwiza bwashobora gukorera abanyagihugu.

Hillary azwiho kuba arumwe mubashyigikiye ubutinganyi mu gihugu cy’America,kandi bikavugwa yuko,arumunyaryango wa ILLUMINATI idini rya shitani rikorera kumugaragaro muri iyi minsi.Abasesenguzi ba politike bavuga ko,adafite amahirwe yo gutsinda kumwanya w’umukuru w’igihugu cy’America,cyane ko,bizaba bibaye ubwambere mur’america habonetse umugore wiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu nyuma y’imyaka [240] nibwo bwambere bizaba bibayeho.

Leta ya OBAMA yagrageje kugura ibinyamakuru byinshi byo hanze y’igihugu,nibyo indani mu gihugu kugirango bisebye DONALD Trump,ariko biranga bikagaragara yuko Trump afitiwe ikizere na baturage b’America ku buryo ashobora gusimbura OBAMA.Ndetse yatangiye no kugira ingendo asura ibihugu bikomeye bitavuga rumwe n’America nk’umuntu uzasimbura OBAMA uyoboye America inyaka [8] ari ku butegetsi.

DONALD T.Avuga ko,hari abantu benshi batuye kumugabane w’America ku buryo bunyuranije n’amategeko,akaba avuga ko,abo bantu ari bo bashobora kuba bateza umutekano mucye mur’America.Yavuze ko,akimara gutangazwa ko yatsindiye umwanya w’umukuru w’igihugu,mu isaha imwe muri desikuru ye ya mbereazahita asaba abashinzwe abinjira na basohoka guhita birukana abatuye muri cyo gihugu binyuranije na mategeko.

Amakuru dufitiye za gihamya ni uko abanyafurika bamwe batangiye gutahuka basubira mu bihugu byabo,harimo nabanyaKenya kandi OBAMA utegeka America akaba ar’umunyaKenya ku buryo bakabaye bafashwa bakabona ibyangombwa,ariko na none bagaterwa nuko binjiye mu gihugu niba baraciye inzira zibemerera ku gusaba kuba muri cyo gihugu cy’America.

 

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar