April 22, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona njyanwa mu butayu burebure mvuye mu butayu bugufiya Impongo,ubwo mfata INKOTA yanjye nyikuramo ndasimbuka nyijya kumugongo nyifata ijosi nyijomba INKOTA nyica igihanga.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intumwa z’Umwami ziraje ziturutse mu burengara zuba bwisi baje kuvugana na mahanga ku itahuka ry’ubwami bw’uRwanda.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kumbwira riti mwana w’umuntu dore Uhoraho yongeye gukomeza isezerano yuko azaha radio station Umuhanuzi Mukuru yo gukora umurimo w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirabwira riti,mwana w’umuntu,tunganya CV yawe kuko ugiye guhindurirwa imirimo n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kuko ugiye kongererwa imirimo yiyongera kuyo wakoraga niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara amerewe nabi cyane kandi ahagaritse umutima bikomeye cyane kuko yamenye yuko amahanga yamaze kumugambanira akaba agiye gukurwa ku ngoma bakoresheje imbaraga za gisirikare uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore abasangira ngendo bafatanije gutegekesha igitugu,nabo bahagaritse umutima bikomeye kuko bamaze gutakaza ikizere cy’Ikerecyezo cy’ubuzima bwabo niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ku kibaho(Bill board)handitse ijambo ry’Icyongereza ryitwa Rhema word(LONG LIFE KING HIS-MAJESTY)harakabaho Umwami w’uRwanda YUHI VI Nyir’uRwanda.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwami YUHI VI yimye ingoma muri gakondo ya bakiranutsi,kuko noneho bongeye kwimika (Official)no gukora imihango yose ya cyami irarangiye ubu yitwa LONG LIFE KING HIS-MAJESTY.
Nerekwa uwahoze arumufasha w’Umuhanuzi AINESHA Odette Murekatete,mbona yifuza cyane yuko twahura agasaba imbabazi,maze akanampa amakuru ya za magigiri nyuma yuko abonye yuko abana b’abantu yiringiye baciriweho iteka,bakaba bagiye gukurwa ku ngoma.Mbona na za magigiri zikorera mu mahanga bashinzwe guca ibihanga abatavuga rumwe na leta y’Umwakagara,mbona binjijwe mu butayu bugufiya baba ariho bajya kwihisha kugirango batazafatwa bagafungwa bagashyikirizwa inkiko kubera ibikorwa byurugomo nubwicanyi bakoreye abanyarwanda.
Bamwe mbona batangiye kunywa inzoga nyinshi bahinduka abasizi,bihindura imyambaro bambaraga bigira nka baturage kandi arabasirikare ariko bakora umurimo wubwicanyi bambaye civilian maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri ziciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa mu gihugu cy’Ubuphilisitiya (Uganda) abagore baho batwite bajyanwa mu butayu bugufiya,kubyara byari ihurizo rikomeye cyane ugiye kubyara bakabanza kumusaba bituga ukwaha na mashilingi ya deposit mbere yuko yinjira mu bitaro agatanga imitwari [8] bihwanye nibihumbi [80,000] byamashillingi yamara kuyatanga akabona kwemererwa kwinjira mu bitaro kubyaro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
April 23, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona inyamaswa isa Nuruko,ubundi igasa Ningwe,mbona ibunze ahantu isa nitegereje umuhigo.Maze mbona ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo gufashe INKOTA mu kuboko,kuraza gukegeta amatwi ya Nyamaswa isa Ningwe cyangwa URUKO.Mbona amatwi yose kuyamazeho!Mbona nay a NKOTA ifashwe mu ntoki n’ukuboko k’Uwiteka,gusogota mu matwi ya nyamaswa isa Ningwe cyangwa URUKO INKOTA ihinguka mukundi gutwi.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambaza riti,mwana w’umuntu,waba wasobanukiwe ibyo weretswe?Ndasubiza nti oya nyagasani!Nabibwirwa niki ntabisobanuriwe!?
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,iriya nyamaswa isa Ningwe cyangwa URUKO,ibundiye ahantu isa nitegereje umuhigo,niwowe yari itegereje.Nariya matwi wabonye ni Netework yikoranabuhanga (Tracking)ya za magigiri zashyizeho ngo bajye bagutrackinga kugirango bamenye imigambi yawe na gahunda zawe zose kugirango babone uko bazakubikira baguce igihanga.
Ariya matwi yaciwe n’ukuboko k’Uhoraho,ni Network yabo Uwiteka yashenye,iriya nkota yashinzwe mugutwi igahinguranya mukundi gutwi,na none niya network yabo yamaze gusenyuka kuko abari barahawe umurimo wo kujya bakumviriza bagakoreshwa mukohereza umugisha ariko kuri bo ar’umuvumo baguteze kugirango uwugwemo none byabaye imfabusa uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nongera kwerekwa INYONI imeze nka TAUSI (peacock) nayo ibundiye ahantu yigira nkaho irimo gutoragura,ariko isa naho itegereje umuntu.Mbona kwa kuboko nabonye mbere,gufata UMUKASI(ijambo ry’Imana)kogosha ikirokoroko cyayo cyo hejuru kumutwe cyose gishiraho.Maze mbona uhereye ku ijosi igenda ishonga gahoro gahoro kugeza ishizeho.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,iriya Tausi ubonye ni NYONI ihagarariye umuzima ukomeye ufite ubwibone ABEGA bakoresha bavuga ko batazava kubutegetsi none uwo muzimu wabo uciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa umuririmbyi witwa APOLINAIRE ukomoka ISAMRIYA uririmba indirimbo zo kuramya Imana,yarahungiye muri gakondo ya bakiranutsi ahunga intambara zabereye iwabo muri SAMARIYA na nubu zitari zarangira.Mbona anyura hejuru mugezi unyura munsi yibishanga,maze akajya abinyura hejuru arazenguruka agaruka ahumutse.Mbona ko Abanyasamariya baungiye muri gakondo ya bakiranutsi bagiye gusubira iwabo kuko ngo bumvise yuko muri gakondo hagiye kuba amatora ashobora kuzavamo intambara bagatinya yazabahitana uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa mu gihugu cy’ibabylon ahitwa COST cyangwa MOMBASA hatera inzara ikomeye maze abagore bafite abagabo bagasiga abagabo murugo bakajya gushaka abagabo(Kwicuruza)ijoro ryose bakarara banyuranamo naba Police ndetse nurubyiruko rwa basore mbona nabo bajya kwiba ninjoro Police irara ibirukankana.
Mbona mu gice Nairobi,Kajiado urubyiruko rwaho rutega abantu bafite amashillingi bagiye guhaha waba ufashe amashillingi mu ntoki urimo kugura ibintu hanze hatari muri super market bakayagupapura bakirukanka.
Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihugu cy’ibabylon hatewe umwuka wubucyene ukomeye cyane ku buryo mu gihugu cyose hagiye kubura umutekano kubafite amashilingi none nukuba maso cyane kubajya guhaha no bajya kubikuza amashillingi muri za bank kujya kubikuza abantu bakureba nukwiteza ibibazo bikomeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye.
Nongera kubona ndwana n’umwuka w’Inzika y’Inzigo,turahangana kugeza munesheje,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka w’Inzika y’Izingo urawunesheje kuko uhanganye nawo igihe kitari gito mu bihe [7] urwana nawo none mu gihe cya [8] ukaba uwuhanguye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa gutambagizwa mu gihugu cy’Abaphilisitiya,kumusozi wa masengesho witwa (PRAYER MOUNTAIN) uherereye bunamwaya SSEGUKKU mbona za magigiri z’Umwakagara zijya guhigayo ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwahungiye mu gihugu cy’Ubuphilisitiya maze bagezeyo,mbona abagiye gusengerayo bose bakwira amashyamba nibishugunda bajya kwihisha bahunga ingoma ya Bega kugirango batajyanwa muri gakondo bagacibwa ibihanga mu gihe nk’iki Umwakagara ategereje gukurwa ku ngoma agasimburwa n’ubwami bw’uRwanda bwmewe na mategeko.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara ubwoba bwamutashye none yatanze intonorano muri police ya KPC kugirango bafashe za magigiri z’Umwakagara gushimuta abacitse ku icumu ry’Umwakagara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nkiri mur’iryo yerekwa mbona uruganda rwubakishijwe amabati adassanzwe,nabonaga hari imachine ikora mu mwanya wabantu.Yakataga amabati ikayazamura igasakara uruganda rushya rw’ubatswe vuba.
Mbona urwo ruganda rwo gutunganya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,mbona rusakarwa hose kugisenge no munguni zarwo.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uruganda rutunganya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rurarangiye aho ubwoko bw’Uhoraho bugiye gutunganirizwa(Refined)kugirango babe kuba abantu b’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nkigikoresho gikwiriye nyiracyo none Umwakagara wabajujubije ngiye kumukuraho kugirango abantu banjye nubwoko bwanjye butunywe muruganda rwamaze kuzura uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuba.
Nuko rero burira ubwoko bwanjye bwahungiye mu gihugu cya Philisitiya yuko bagiye guhigirwa kumusozi wamasengesho,kandi abazajyayo bazafatwa.Uhereye ejo ku mbere taliki ya 24 mata,2017 ntimuzongere kujya kumusozi gusengerayo,kuko bamaze kubagura ahubwo muzategereze igihe Uwiteka azababwirira ko habonetse umutekano maze mubone gusubirayo uko niko Uwiteka avuga.
Dore n’umwana w’UMUSITA afite ubwoba bw’Umwakagara yuko za magigiri ze,zitwaza gusenga zikaza guteza umutekano mucye gushaka uburyo bagambanira UMUSITA wiwabo kwivuko IGITARAMA none nawe agiye gutangira gufata ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwaturutse muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Mwirinde kandi cyane kuko igihe kiri imbere ar’igihe cy’umugisha nk’uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yavuze!
Abazumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bazarya ibyiza byo mu gihugu.Naho intumva ni nkozi z’ibibi ntizizabura guhanwa n’Uwiteka Nyiringabo kubera kutumvira ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bazaza gusaba abanyamuryango ba RDM ishyaka ryaharaniye gusubizaho ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekonshinga kugirango nabo bagire ababahagararira mu ntekonshinga mategeko y’uRwanda ku ngoma y’Umwami YUHI VI ugiye gusimbura Umwakagara ku ngoma.
Nuko rero burira abayobozi ba RDM,ubabwire uti,ntibazakire abo banyamurenge binkozi z’ibibi bazaza gusarura aho batabibye!No gushaka gusangira ibyo batatetse cyangwa batoreye inkwi uko niko Uwiteka avuga.Ubwo bwoko bwaravumwe kubera gukerensa ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo kandi banze kwihana imirimo yabo.Nuko rero ntihazagire imyanya mubaha mu butgetsi kuko arabanyamuvumo kuzageza igihe umuvumo uzabaviraho batazabasiga icyasha mugakurwa imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka atgetse!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri z’Abega,zigiye gukoresha uwahoze ar’inshuti yawe bamubwiye yuko azaza kwivuriza mu gihugu cy’ibabylon kugirango azakoherereze intonorano maze agusabe uze muhure akuramutse uramenye ntuzageyo kuko bazaba bashaka kuguta mu mutego ngo baguce igihanga,kandi iyo nshuti yawe bakaba baramaze kumufata mu Ijosi kugirango bamugire igikoresho cyo kumena amaraso atagambiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.





