HomeNewsHarahagazwe,nah'Uhoraho Uwiteka wenyine,naho ubundi ntibizoroha

Harahagazwe,nah’Uhoraho Uwiteka wenyine,naho ubundi ntibizoroha

Mar 20,2017 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyarwanda bahagaritse umutima cyane ku buryo budasanzwe kubera intambara igiye kubera mukarere kibiyaga bigari ihereye muri gakondo ya bakiranutsi.Abanyamuryango ba RNC bahagaritse umutima kandi bacitse intege cyane kubera inyandiko washyize ahagaragara ivuga ukuri kose ko mu mutima ku mikorere y’umwana w’UMUSITA uburyo yamaze kugurisha gakondo ya bakiranutsi akaba arimo kuriganya Gen.Nyamwasa Kugirango amugire igikoresho abone uko yifatira gakondo ya bakiranutsi ayisubizo mu maboko y’umwanzi ari we umufaransa wahekuye gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Mar 21st, 2017 nerekwa magigiri w’umugore wigize ko ar’umunyabwenge ashaka uburyo yavugana n’Umuhanuzi kugirango amucishe igihanga yitwaje gusengerwa,ariko ntiyahirwa muri uwo mugambi wubugambanyi kuko umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yarandiho maze aramburira uko niko Uwiteka akora,kandi nuko avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo mugore akorera za magigiri ni ukumwitondera cyane kandi ntumuhamagare cyangwa ngo we aguhamagare kuko bidashoboka kubera ko telephone yawe bayikurikirana ubutitsa uko niko Uwiteka akuburiye.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zigiye kwiyoberanya zihimbe umushinga(Project) maze bashake kuwukoramo bakoresheje abazungu kugirango baguhe Address bazabona uko bazagucakira baguce igihanga uko niko Uwiteka avuga.

Ndabwirwa ngo,inkozi z’ibibi zibasha kureba zikamenya ibigiye kubabaho mu rwego rwo guhabwa umugisha,niyompamvu usanga bagukorera uburiganya cyane bibwire yuko udafite umwuka w’Imana muri wowe,kuko baharanira kugumishaho umwuka wikinyoma kugirango barambe ku ngoma.

Njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane,mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bajyanwa kuragira INKA murwuli rwo mubutayu bugufiya.Ubwo butayu mbona yuko bukomeye cyane batazabushobora.Ngerageza kubahanurira ibigiye kubabaho ariko banga gutega amatwi!Mbonamo abagabo [4] baraza bantega amatwi ndababwirauko gahunda ziteye uburyo ingoma ya Bega igiye gukorwa nisoni niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona ubutayu agace kamwe gatohagiye neza,ariko ahandi hose hasigaye mbona za NKA zirirwa zishakisha ubwatsi bwo kurisha ariko ziraheba pee!!!Nubwo bari baragiye izo nka barimo no kuganira uburyo Umwakagara yasuzuguye Umugogo w’Umwami Ndahindurwa yaciye igihanga taliki ya 16 ukwakira, 2016.

Mbona izuba ryaratse cyane kugeza ubwo ubutayu buhinduka ibara ry’umukara,ahandi naho hagatukura,uduti twose two mu butayu turuma ikintu cyose cyari gifite ubuzima kirarimbuka kubera amapfa yateye adasanzwe imvura ikaba yarahindutse iciro ry’umugani mu batuye isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abahutu kazi nabasaza babo barimwe akazi muri leta y’Umwakagara na FPR,mbona abakobwa babo bacuruzaga bahomba kubera gusabwa imisoro y’umurengera,babonye bibayobeye bahitamo kwikorera uburaya kuko bwo butagira umusoro bishyura!Ariko bitewe nuko amapfa yakomeje kuba menshi bituma uburaya bwa bahutu kazi bubura abakiliya barakena bamera nabi ndetse nabasaza babo nabo biba uko basigara batakigira nurwala rwo kwishima.

Mbona abagore b’Abatutsi Kazi bambuwe abagabo bitotombera kuba barambuwe abagabo babo,numva bavuga ko kwamburwa abagabo babo nabandi bagore binuranije na mategeko ya bantu bubaha Imana.Ndetse nabagabo bambuwe abagore babo nabo nuko bavugaga aha ndavuga umugore uta umugabo akajya gushaka undi mugabo asize umugabo bashakanye ndabwirwa ngo ibyo ababikora na mahano atajyanye numuco kuko ubikoze aba ashenye urugo rwa mugenzi we,akaba ar’ikizira k’Uwiteka niko umwuka w’Imana avuga.

Nerekwa haruguru yubutayu bugufiya,mbona abagore na bagabo bashishikajwe no guhinga ngo kuko babonaga agacu gaturuka mu Nyanja kazamutse maze bakeka yuko ako gacu gashobora gutanga imvura kuko amapfa amaze igihe kitari gitoya.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira mwana w’umuntu,dore abanyagakondorero barimo gusenga cyane imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ndetse barimo kwihana no kwiyeza cyane kuko bahagaritse umutima nibigiye kubabaho muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri z’Abega zikomeje kugutegatega imitego nudutego,ariko uhumure kuko Uwiteka Imana akubereye maso cyane kandi azagukiza iyo mitego yose.Dore hari umwana w’umusore w’umwizerwa ngiye gukoresha aguheshe umugisha kugirango utagwa mu mitego y’Abega batambagiye isi yose bashakisha abo baca ibihanga uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nkomeza kwerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ukomeretse muruhanga rwo mu maso,kubera gushakisha uko waca igihanga cy’Umuhanuzi ariko unanirwa gusohoza umugambi wabo mubisha kuko Uwiteka yakubereye ubuhungiro kandi akaguhisha mu mababaye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore Abega biringiye amagare na mafarashi bagirango bizabasha kubakiza kumunsi mubi wa makuba wahanuwe n’Umuhanuzi.Ariko abiringiye Uwiteka azababera umukiza uzabakiza akaga na makuba bibategereje kumunsi Uwiteka yavuze kuko hagiye kubaho ibyago bikomeye bitigeze bibaho mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa Inzika ya batutsi yongera kuzikuka maze mbona umwuka wiyo nzika utetse impungure zimaze gushya bahamagara abatutsi bamennye amaraso ya batariho urubanza maze babicaza kumeza bahabwa kurya izo mpungure zitari zihiye neza nkuko bisanzwe.Maze umwuka w’Imana zera anzaho arambwira ati,mwana w’umuntu igihe kirageze kandi kirasohoye ngo abatutsi bamennye amaraso yabatariho urubanza baryozwe amaraso bamennye kuko akomeje kurira asaba Uwiteka guhorerwa n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Itangiriro 4:9-10 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu uku niko Uwiteka avuga,unyuranya nawe,Uwiteka nawe azanyuranya nawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa intambara itangiye batangira kwica abantu hirya no hino mu murwa mukuru w’Iyerusalem,maze mbona abagore bafite amazu yibitabashwa bubatse amazu yitwa VILLAS bazamutse guhisha abana babo muri za prafo maze abari baje kubica baje basanga ntabari mu mazu yabo bashakisha uko bazamuka muri za prafo ngo barebe yuko bihishe mugisenge ariko Babura aho banyura ngo bagere aho bihishe.

Nerekwa ingabo za RDF/KDF ko zifite amadeni kandi abenshi bakaba bazagwa mu ntambara igiye kubahuza na bene wabo kugirango bakureho Umwakagara.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ingabo zose uwaba afite ideni aryishyure kuko bagiye gucyurwa mu Ijuru kandi ufite ideni akaba adashobora kuzamurwa mu Ijuru kuko ijuru ari irya abera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona uburyo Abega babuze uko banca igihanga ahubwo bahitamo guterekera banyoerezaho umwuka wubukene.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Abega batumye umwuka wubukena ariko ntabwo bashobora guhirwa mu migambi yabo kuko Uwiteka ari we butunzi bwawe kandi akaba ibyiringiro byawe, ndetse akaba n’umucyo wawe kuko ari we waguhamagaye akakumenya mu izina uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abakinnyi bumupira wa maguru mu ikipe y’igihugu bashyirwa mu modoka maze bajyanwa gukorera imyitozo mu butayu bugufiya maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,amakipe yo muri gakondo ajyanywe mu butayu bugufiya gutunganywa kugirango bamenye yuko mu Ijuru hari Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpabwa akazi n’Umututsi wavuye mu Burundi,angira kuba conductor wimodoka ye,ambwira yuko azajya ampemba ibihumbi 18,000 kshs,maze ambwira ko akazi ngatangira saa 1:00hrs haza undi muntu yasanga na mwene wacu maze aza azanye minbus cyangwa ariko zazindi nini zijya kungana na Bus,araza avuye kugura iyo minBus kandi ikiri nshyanshya kurusha iya wa mututsi wavuye mu Burundi kuko iye yari yarakozeho imaze gusaza.

Uwo mugabo arambwira ati,nguhaye akazi kuko uri mwene wacu kandi bambwiye yuko uri umwizerwa,nzajya nguhembwa ibihumbi 20,000kshs kandi ambwira kumutegereza ko ari buze saa 2:30hrs ngahita ntangira akazi.Ubwo nahise njya kuzana Diriving Leisence DL yanjye kugirango ntangire akazi vuba byihutirwa.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Abega bagiye gukoresha umuntu ushaka kuguhuza na banyedini bakorera mu gihugu cy’IBABYLON kuko bamaze guterekera babona yuko Uwiteka yagusezeranije kuzaguha abantu muzakorana umurimo w’Imana none bahisemo gukora uburiganya kugirango baguhe address bazabone aho bagucira igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ariko ntibigukange kuko ibyo Uwiteka yavuze no kubikora ntazabura kubikora,kuko hariho umwe mubwoko bwayo arimo gukoresha kubijyanye namasezerano yawe kandi abo nibaza Uwiteka azabiguhishurira naho ibigiye kuza ni fotokopi ya Satani kugirango abone aho yagufatira kuko wamubujije amahwemo kandi akaba ageze ku iherezo uko niko Uhoraho uwiteka Nyiringabo abivuga.Nuko rero ukomere kandi ushikame ukomeze kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana yawe nk’uko wamwiringiye ntabwo uzakorwa nisoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments