21st Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye gukora ibikomeye n’ibitangaza mu isi yabazima uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.Dore ngiye kwihesha icyubahiro mu isi yabazima kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana yaremye ijuru n’isi.
Dore amahanga yose azamenya yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi,kandi amavi yose azamfunkamira uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.Dore ntakabuza nzanyeganyeza isi nabayituye niko Uwiteka Nyiranabo avuga kugirango inkozi zibibi zigaruriye abantu banjye zimenye yuko nd’Uwiteka ushobora byose niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Yeremeiya 32:27
Dore ntakabuza amahanga azakorwa nisoni kuko birase imbaraga zabo bakiyibagiza yuko ari jye waremye isi nibiyirimo bakiha gukora ibyangwa namaso y’Uwiteka Imana yawe,nyamara kuri wa munsi bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Dore abakiranutsi bahira barira bavuga ngo,ibi bizajyeza ryari? Kandi amaherezo yuru rugomo nayahe?Uko niko abakiranutsi bahira babaza Uwiteka Imana.Uyu munsi Uwiteka Imana yambwiye ati,ngiye gukora ibikomeye mu isi yabazima nzabateza ubukene,ibyago,amakuba na kaga gakomeye.
Dore abantu banjye bashiriye mu madini batwarwa nkabaja nabagaragu wagirango ntibafite Uwiteka Imana nk’umukiranutsi wabo ushinzwe ubugingo bwabo uko niko Uwiteka avuze.
Dore Uwiteka agiye kubohora abantu be bagizwe imbata nabanyamadini kuko babasuzuguwe bakabagira imbata zabo,nyamara se ntibafiteho Uwiteka Imana yabo nk’umukiza wabo?Cyangwa umucunguzi? Uko niko Uwiteka abaza!
Nerekwa itotezwa rigiye gukorerwa umuhanuzi mukuru ni nkozi zibibi zishaka kongera kumusubiza mu ishuli kandiigihe cye kurangiza amashuli yaragiza cyera mu butayu none ngo nawe barashaka kongera kumusubiza mubutayu bwira umuhanuzi mukuru uti,ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari kumwe nawe niko Uwiteka nyiringabo avuga!
Dore barashaka kubuza kwinjira mu masezerano y’Uwiteka Imana yabakiranutsi ariko umubwire uti,humura Uwiteka yakurinze,nubundi ntazabura ku kurinda niko Uwiteka avuga .
Uwiteka arakomeye cyane arusha imbaraga umwakagara nabandi bose bamaze nkawe,abamwiringira ntabwo bazakorwa nisoni.Kuko kubamutegereza iteka siko bizahora uko niko Uwiteka avuga.
ba cyane yuko uzabacika nyamara
Amahanga azahita avuza induru yuko uRwanda arirwo rubiri inyuma ibyo nibyo umwakagara ashaka kwitwaza kugirango atazakurwa kubutegetsi kuko hadashobora kuzaba amatora mu gihe igihugu kizaba kiri mu ntambara urwo nirwo rwitwazo agiye kwitwaza uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore umwakagara yakoreshega umukongomani witwa Tonny Tambwe niwe waruhagarariye imitwe yitwaje intwaro muri Congo itavuga rumwe na leta,uwo Tonny Tambwe akora ubucuruzi bw’imiti yo kwa muganga kugirango yihishe muri uwo mutaka kugirango ntibizamenyekane ibyo akora ariko ashinzwe koherereza amafaranga imitwe yitwaje intwaro ayo mafaranga aturuka muri gakondo yabakiranutsi iyo mitwe nayo igacukura amabuye yagaciro bakayanyuza murwagasabo bakaba aribo babagurira ayo mabuye yagaciro.
Tonny Tambwe yabaye umukuru w’iperereza ryo mu gihugu igihe cya CNDP,bagiye ikinshasa bamugira vice Governeur wubukungu,nyuma yaho intambara zaje gukomera yahungiye mu rwagasabo ajya gutura inyamirambo,nyuma yahoo nibwo bahamuye uwo murimo wogucuruza imiti no gukurira no kuyobora izo nyeshyamba zo muri Congo.
Tonny Tambwe nyina n’umuhutukazi w’umunyarwanda-kazi wahungiye mu Burundi aza gushakwa numunye Congo w’Umufurero uwo niwe wakoreraga leta y’umwakagara none bamushyize kuruhande nyuma yo kohereza Gen.Nkunda ugiye gutangiza intambara muri Congo uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abahoze arabaturanyi bawe,bongeye kohereza imbaraga z’umwijima kubera yuko wigaruriye ubutunzi bwawe none bamaze guhura ingaruka zubkene kuburyo bizabagora kongera kubona umugisha utari uwabo uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.
Vice Chancelor in Finance KIST
Head of Tumba Technology Pascal
Icyakurikiye nyuma yubwo butumwa Uwiteka Imana yavuze yuko akemuye icyo kibazo burundu kugirango abashe gukorera Uwiteka Imana umuri we,hashize umwaka umwe yitaba Imana muri 2005 turamuhamba.
Muri 2009 nibwo umubyeyi wuyu mudamu utuye igikundo aaba anasengera muri PEFA igikundo papa we titwaga Ruzezwa Narsis nawe yakoreshaga imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bw’ABACWEZI yaje kwivuza uyu mudamu yarampamagaye kuza gusengera papa we yari yarabaye paralyze.
Ariko igitangaje nuko musaza wa maman Anitha nasanza aho yanganaga na mukuru wanjye ,ariko baramwishe bakoresheje imbaraga z’umwijima ntabwo yigeze amenya ko arijye nyamara ingo ziwacu zirakurikiranaga zegeranye ariko igitangaza papa we warurengeje imyaka (80); yahise ababwira ngo uwo n’umuhungu wa Protaise byarabatangaje cyane ariko ntibamenya yuko akoresha izo mbaraga z’umwijima.Narasenze rwose mbikuye murukundo rw’Imana ariko nyuma y’iminsi (2);yahise yitaba rurema.
Umucyecuru we KANKINDI yasize n’umuhungu we KAMANZI NARSIS nibo basigaranye uwo murage wo gukoresha imbaraga z’umwijima.Abo nibo nabonye nabo barimo gukora ibishoboka byose ngo bagaruze umugisha bamaranye imyaka (34); ariko ntibishoboka.Nuko nerekwa na none abo bacyecuru bombi SUZANA na KANKINDI bishyirahamwe ngo bakore ibishoboka byose ngo bongere bagaruze imigisha bari baratwaye itari iyabo.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirmbwira riti,dore SUZANA arimo gukora ibishoboka byose ngo abahugu be:GATABAZI Emmanuel na PASCAL Rubetus,Gatabazi akora muri KIST akaba Vice Chancelor wa Finance naho Pascal akaba ahagarariye TUMBA technology College kugirango babashe kubona imyanya yo hejuru muri politike ariko dore nta bwo bizashoboka kuko imigisha yabantu batwaye Uwiteka yamaze kuyibambura yayishubije banyirayo nawe umuryango wawe ubariwemo uko niko Uwiteka avuga