Home Uncategorized Gen.Raurent Nkunda agiye gutangiza intambara muri Congo kugirango ahe amahirwe perezida Josepf...

Gen.Raurent Nkunda agiye gutangiza intambara muri Congo kugirango ahe amahirwe perezida Josepf Kabila yo kuguma kubutegetsi

0

21st Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye gukora ibikomeye n’ibitangaza mu isi yabazima uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.Dore ngiye kwihesha icyubahiro mu isi yabazima kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana yaremye ijuru n’isi.

Dore amahanga yose azamenya yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi,kandi amavi yose azamfunkamira uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.Dore ntakabuza nzanyeganyeza isi nabayituye niko Uwiteka Nyiranabo avuga kugirango inkozi zibibi zigaruriye abantu banjye zimenye yuko nd’Uwiteka ushobora byose niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Yeremeiya 32:27

Dore ntakabuza amahanga azakorwa nisoni kuko birase imbaraga zabo bakiyibagiza yuko ari jye waremye isi nibiyirimo bakiha gukora ibyangwa namaso y’Uwiteka Imana yawe,nyamara kuri wa munsi bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Dore abakiranutsi bahira barira bavuga ngo,ibi bizajyeza ryari? Kandi amaherezo yuru rugomo nayahe?Uko niko abakiranutsi bahira babaza Uwiteka Imana.Uyu munsi Uwiteka Imana  yambwiye ati,ngiye gukora ibikomeye mu isi yabazima nzabateza ubukene,ibyago,amakuba na kaga gakomeye.

Dore abantu  banjye bashiriye mu madini batwarwa nkabaja nabagaragu wagirango ntibafite Uwiteka Imana nk’umukiranutsi wabo ushinzwe ubugingo bwabo uko niko Uwiteka avuze.

Dore Uwiteka agiye kubohora abantu be bagizwe imbata nabanyamadini  kuko babasuzuguwe bakabagira imbata zabo,nyamara se ntibafiteho Uwiteka Imana yabo nk’umukiza wabo?Cyangwa umucunguzi? Uko niko Uwiteka abaza!

Nerekwa itotezwa rigiye  gukorerwa umuhanuzi  mukuru ni nkozi  zibibi zishaka kongera kumusubiza mu ishuli kandiigihe cye kurangiza amashuli yaragiza cyera mu butayu none ngo nawe barashaka kongera kumusubiza mubutayu bwira umuhanuzi mukuru uti,ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari kumwe nawe niko Uwiteka nyiringabo avuga!

Dore barashaka kubuza kwinjira mu masezerano y’Uwiteka Imana yabakiranutsi  ariko umubwire uti,humura Uwiteka yakurinze,nubundi ntazabura ku kurinda niko Uwiteka avuga .

Nerekwa umwakagara yohereza imbaraga z’umwijima,yohereje abagabo (3) abarozi bo kurwego rwo hejuru bashakaga kunyica cyangwa kumpindura umusazi ariko hanuka izina ry’Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo maze mbona umuriro uratse babagabo bari boherejwe mbona batinya uwo muriro wamunutse mu ijuru bahita biruka barahunga nukuri nashimiye Uwiteka Imana uburyo yankijije imbaraga z’umwakagara nabadayimoni bakomeye badasanzwe.

Uwiteka arakomeye cyane arusha imbaraga umwakagara nabandi bose bamaze nkawe,abamwiringira ntabwo bazakorwa nisoni.Kuko kubamutegereza iteka siko bizahora uko niko Uwiteka avuga.

22nd Sept,2015 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana dore uhereye kumunsi wejo umwakagara yararimo ategura imigambi yubugizi bwa nabi,ariko ntabwo byamuhiriye.Dore barigutegura imigambi mibisha ngo kuko bazi neza yuko ugiye gukurwa mu gihugu cy’IBABYLON bafite ubwo
ba cyane yuko uzabacika nyamara bizageda nk’uko ijambo ry’UWiteka ryavuze kuko uzabanyura mu maso yabo bagasigara bicuza ndetse bimyiza imoso aho niho bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mwana w’umuntu dore leta y’umwakagara yongeye kohereza Gen.Raurent Nkunda mu gihugu cya Congo,bamuhaye Perezida Joseph Kabila kugirango amanuke muburasira zuba bwa Congo ajye guteza umutekano mucye kugirango Kabila Joseph azabone uko yongera iminsi ye kubutegetsi.

Dore Gen.Nkunda ahawe kuyobora ibice (2); byagisirikare igice (1);kigiye gutangiza intambara muburasira zuba bwa Congo,igice cya (2);gitangize intambara muburengerazuba bwa Congo ibyo bizafasha umwakagara na Josepf Kabila kuguma kubutegetsi kuko bagiye kwitwaza intambara kugirango baburizemo amatora y’umwaka utaha kuruhande rwa Joseph Kabila.

Amahanga azahita avuza induru yuko uRwanda arirwo rubiri inyuma ibyo nibyo umwakagara ashaka kwitwaza kugirango atazakurwa kubutegetsi kuko hadashobora kuzaba amatora mu gihe igihugu kizaba kiri mu ntambara urwo nirwo rwitwazo agiye kwitwaza uko niko Uwiteka avuga.

Umwakagara ababajwe cyane namabanga ye ushyira ahagaraga bigatuma umwingiriza za gahunda ze,iyo ikaba imwe mu mpamvu zituma aguhiga ubutsitsa amanywa ni joro,dore ntakabuza amaraso yabakiranutsi atariho urubanza agiye kumugwa nabi cyane amaraso ya Rwogara Assinapol agiye kumugiraho ingaruka kuburyo bwihuse kuko Uwiteka yarahari ubwo bamucaga igihanga ndetse bakagerekaho kimusenyera inzu bakoresheje ubugome bwose bushoboka !Vuba byihuse ayo maraso Uwiteka agiye kuyahorera kandi amahanga yose azamenya yuko Uwiteka aca  imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu,dore umwakagara yakoreshega umukongomani witwa Tonny Tambwe niwe waruhagarariye imitwe yitwaje intwaro muri Congo itavuga rumwe na leta,uwo Tonny Tambwe akora ubucuruzi bw’imiti yo kwa muganga kugirango yihishe muri uwo mutaka kugirango ntibizamenyekane ibyo akora ariko ashinzwe koherereza amafaranga imitwe yitwaje intwaro ayo mafaranga aturuka muri gakondo yabakiranutsi iyo mitwe nayo igacukura amabuye yagaciro bakayanyuza murwagasabo bakaba aribo babagurira ayo mabuye yagaciro.

Tonny Tambwe yabaye umukuru w’iperereza ryo mu gihugu igihe cya CNDP,bagiye ikinshasa bamugira vice Governeur wubukungu,nyuma yaho intambara zaje gukomera yahungiye mu rwagasabo ajya gutura inyamirambo,nyuma yahoo nibwo bahamuye uwo murimo wogucuruza imiti no gukurira no kuyobora izo nyeshyamba zo muri Congo.

Tonny Tambwe nyina n’umuhutukazi w’umunyarwanda-kazi wahungiye mu Burundi aza gushakwa numunye Congo w’Umufurero uwo niwe wakoreraga leta y’umwakagara none bamushyize kuruhande nyuma yo kohereza Gen.Nkunda ugiye gutangiza intambara muri Congo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abahoze arabaturanyi bawe,bongeye kohereza imbaraga z’umwijima kubera yuko wigaruriye ubutunzi bwawe none bamaze guhura ingaruka zubkene kuburyo  bizabagora kongera kubona umugisha utari uwabo uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.

Vice Chancelor in Finance KIST

Muri bo harimo umuryango wa Thomas wakubyaye muri batisimu umudamu we SUZANA niwe ukoresha izo mbaraga z’umwijima  zo mu bwoko bw’ABACWEZI .Uyu mu byeyi yishe umugabo we Thomas amuteje abadayimoni amutangaho igitambo.Yarwanije umuhungu we Francois wabaye umukuru wa Tanzania Revenue Authority TRA,nyuma yo gutaha mu gihugu yaje gukora muri Bank nkuru y’igihugu BNR.Muri 2004 Uwiteka Imana yantumye mu Idini rya PEFA aho Imana yantumye kujya gutanga ubutumwa aho nasanze basenga ku cyumweru iryo dini ryari rifite ikibazo cyo kuba uwo nyakwigendera yarahagurukaga muruhame akakoba umufasha we Maman Anitha (NYIRAGWIZA)

Head of Tumba Technology Pascal

Uwiteka Imana yavuze yuko arambiwe ibyo uwo mugabo akorera umudamu we,ndetse Uwiteka anavuga yuko yatejwe abadayimoni bo mu bwoko bw’IMBATA na nyina umubyara kuko yashakaga gusenyera umukazana we kuko atashakaga ko asazana n’umuhungu we nyamara abo babyeyi bari bakuzijije bafite umwana urangije amashuli y’isumbuye.

Icyakurikiye nyuma yubwo butumwa Uwiteka  Imana yavuze yuko akemuye icyo kibazo burundu kugirango abashe gukorera Uwiteka Imana umuri we,hashize umwaka umwe yitaba Imana muri 2005 turamuhamba.

Muri 2009 nibwo umubyeyi wuyu mudamu utuye igikundo aaba anasengera muri PEFA igikundo papa we titwaga Ruzezwa Narsis nawe yakoreshaga imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bw’ABACWEZI yaje kwivuza uyu mudamu yarampamagaye kuza gusengera papa we yari yarabaye paralyze.

Ariko igitangaje nuko musaza wa maman Anitha nasanza aho yanganaga na mukuru wanjye ,ariko baramwishe bakoresheje imbaraga z’umwijima ntabwo yigeze amenya ko arijye nyamara ingo ziwacu zirakurikiranaga zegeranye ariko igitangaza papa we warurengeje  imyaka (80); yahise ababwira ngo uwo n’umuhungu  wa Protaise byarabatangaje cyane ariko ntibamenya yuko akoresha izo mbaraga z’umwijima.Narasenze rwose mbikuye murukundo rw’Imana ariko nyuma y’iminsi (2);yahise yitaba rurema.

Umucyecuru we KANKINDI yasize n’umuhungu we KAMANZI NARSIS nibo basigaranye uwo murage wo gukoresha imbaraga z’umwijima.Abo nibo nabonye nabo barimo gukora ibishoboka byose ngo bagaruze umugisha bamaranye imyaka (34); ariko ntibishoboka.Nuko nerekwa na none abo bacyecuru bombi SUZANA na KANKINDI bishyirahamwe ngo bakore ibishoboka byose ngo bongere bagaruze imigisha bari baratwaye itari iyabo.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirmbwira riti,dore SUZANA arimo gukora ibishoboka byose ngo abahugu be:GATABAZI Emmanuel na PASCAL Rubetus,Gatabazi akora muri KIST  akaba Vice Chancelor wa Finance naho Pascal akaba ahagarariye TUMBA technology College kugirango babashe kubona imyanya yo hejuru muri politike ariko dore nta bwo bizashoboka kuko imigisha yabantu batwaye Uwiteka yamaze kuyibambura yayishubije banyirayo nawe umuryango wawe ubariwemo uko niko Uwiteka avuga

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar