Home News Gen.Nziza Jack akomeje iterabwoba rikomeye cyane kumuhanuzi

Gen.Nziza Jack akomeje iterabwoba rikomeye cyane kumuhanuzi

0

04th FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitabonwa ba bantu basanwe,mbona abantu bagenda biganirira bazamuka PEAGE umwe agenda abaza amakuru y’Iburundi uko ibintu byagenze mu nama yari yabereye ADDSA-BABA mur Ethiopia.Maze numva undi amusubiza ko amaziro abarundi bari bafite ko bagiye gutabwarwa ya yoyotse byarangiye.

Bakimara kuganira ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uwitwa NKURUNZIZA ibye birarangiye akuwe ku butegetsi vuba cyane kandi bikozwe n’umwakagara niwe ukoreshejwe kumura ku ngoma uko niko Uwiteka ategetse.

Nerekwa urwobo runini cyane nka rwa rundi bajyaga bajugunyamo abatutsi muri jenocide cyangwa abahutu abo fpr yabaga yishe ikananirwa kubahamba ikabashyira mu rwobo runini cyane mbona niko narwo rungana.Ndabwirwa ngo,dore umwakagara yagucuriye imva yo kuguhambamo ariko iriya mva niwe uzagutanga kuyijyamo uko byagendekeye Bishop .Batange Aaron muri Uganda,uko byagendekeye umunyamakuru ,mugenzi wawe Ingabire Charles wakugambaniye hanyuma akagutangamo ninanko bigiye kugendekera umwakagara azagutanga muri iyo mva yacukuye kuko nakubwiye yuko abanzi bawe bazaba abanzi banjye,inshuti zawe zizaba izanjye kuko nitwa Uwiteka ushobora byose dore ihanga rizakurwanya nzaririmbura uko niko Uwiteka yavuze!

05th FEB,2016 nerekwa ahitwa ku GISENYI ko hafashwe na FDLR bahamarana igihe kitari gitoya ari bo bahakontrola maze mbona umwakagara akoresheje inama ya gisirikare abaza abasirikare uko byagenda maze mbona babuze igisubizo bafata umwanzuro wo kuharimbura.Mbona akoresheje intwaro za kilimbuzi Gisenyi yose arayitwaka arayirimbura arayicurika maze mbona FDLR basubiye inyuma muri Congo abatuye I Gisenyi bose batahunze bahise barimburwa nibyo bitwaro bya kilimbuzi hahinduka ubutayu bwegereye inyanja yitwa KIVU uko niko bizagenda kuko ar’Uwiteka ubivuze.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara azarasa intara ya gisenyi ubwo hazaba hamaze gufatwa na FDLR kandi ikintu cyose gihumeka kizahita kirimbuka none burira abatuye iyo ntara bashake ubuhungiro kugirango batazarimburwa n’umwakagara dore si bya kera ahubwo ni bya vuba kandi biraje byihuta uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti mwana w’umuntu,sengera abakiranutsi bafite amadeni kuko harabagiye gutaha bazarimbuka kubera amadeni kuko ijuru ari irya bera kuko nta cyintu na gito cyanduye kizinjira mu ijuru kuko ar’irya bera uko niko Uwiteka avuga.Nuko ndibambura mfata akanya ndasenga nti:Uwiteka Mana y’Abraham,Issac,Yakobo na Majeshi Leon.

Uyu munsi umugaragu wawe ndakwingize ngo wumve gusenga kwanjye kandi kuguhindukirire nk’umubavu uhumura neza ongera ukingure imiryaango yakinzwe nabadayimoni kugirango bene data bahabwe umugisha maze ubwo bazaba bahamagawe nabo bazabashe kwitaba.

Fungura imiryango y’Iburasira zuba,n’Iburengera zuba,Ikusi n’Ikasikazi kugirango umwanzi atazabishima hejuru kandi abazakurwa mu mubiri ubahamagaye bazabashe gutsinda urubanza cyane yuko uyu mwaka wa 2016 ar’umwaka w’ubutabera bw’Uhoraho nuko rero niba nkugiriyeho umugisha reka nzumve ko bene data basigaye muri gakondo yabairanutsi wabaguriye neza nanjye nzashima izina ryawe Amen.

Ijambo ry’Uhoraho riragaruka rirambwira riti,dore abagore nibo benshi bafashe amadeni none sengera abagorre by’umwihariko kuko bananiwe kwizera bananirwa kwihangana ndetse bituma no kwizera kwabagabo babo kunamuka bemera gufata amadeni ndetse bemera gukora ibidakwiriye kubera abafasha babo ngo babanezzeze uko niko Uwiteka avuga.

Uwiteka Mana girira neza abagore bateza abagabo babo kunamuka bakava mu byizerwa kubera gushaka iby’igihe gito,ubagirire neza ubahe umutima wo kwihana ndetse ubakingurire imiryango babashe kwishyura imyenda bafitiye bagenzi babo ahubwo ubahe kugira umwenda w’urukundo gusa kugirango bazinjire muri gakondo yo mu ijuru uko niko umuhanuzi asengeye abakiranutsi.

Ijambo ry’Uwiteka riragaruka riti,mwana w’umunge shima Uwiteka wabakuye murusengero rwa Eglise VIVANTE isengera mu kanogo kuko abasore bose bayivuyemo bafite ubugingo,ariko abayisigayemo baciriweho iteka niko Uhoraho avuga.Uwiteka Mana ndagushima yuko wadukuye muri Eglise VIVANTE kuko tuba twaraciriweho iteka.Ushimwe ku mirimo myiza wakoze waduhaye guhumuka ukadukura muri urwo rusengero rwabadayimoni nuko ufashe abakirimo bahumye ubereke inzira kuko ari wowe wenyine Uwiteka ubasha gukiza abantu bibe nk’uko ushaka ntibibe nk’uko twebwe dushaka mu izina rya Data,Mwana,na Mwuka wera.

Mbona Malaika araje ampa imfunguzo (3);maze arambwira ati,uhawe imfunguzo(ubushobozi) bwo gufungura ababoshye bafungiwe mu isi y’umwijima kandi ibyawe byose byari bifunze Uwiteka arabibohoye nuko ndasenga mbwira Uwiteka nti,data niba uikunze ubohore ubwoko bwawe bwaboshwe n’inkozi zibibi kuko ari wowe wenyine witwa Uwiteka ushobora byose ugirire neza imbohe kugirango bimenyekane yuko ukiranuka muri byose maze nabo bazashime izina ryawe ryiza uko niko umuhanuzi asengeye ababoshwe kugirango babohoke.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari abagore bibikura nkota biyemeje kujya bafata imyenda barangiza bakanga kwishyura nyamara ababagurije babikoze babikunze none sengera ibyo bikura nkota Uwiteka abirememo umutima w’inyama kuko bifite uwibuye maze bibashe kwishyura abo byanze kwishyura kuko ababa gurije bamerewe nabi nubukene uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nerekwa nabanyamadini nabo bafitiye amadeni za Bank bananiwe kwishyura maze ndabwirwa ngo,abo banamadini nubwo bakwanga kandi bakaba bakurwanya wowe basengere Uwiteka abacire inzira bishyure amadeni yabo kuko hagiye kubaho isarurwa bityo bazassarurwe bejejwe kuko btazashoboka yuko binjira mu ijuru batejejwe kuko imvura igiye kugwa kandi izabanyagira bazihana nyamara icyo gihe nta buryo buhari bwo kwishyura imyenda bafitiye bagenzi babo bazaba bafite uko niko Uwiteka Imana yaremye ijuru n’Isi ababuriye.

06th FEB,2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwwana w’umuntu,dore wa mukiranutsi-Kazi utuye kumugabane w’Uburayi(France) araremerewe kuko wa mwana w’umuhungu yamubereye inshobera mahanga,ariko dore ngiye gukora icyintu gishya ubwo nzakura umuhanuzi ku nkenegero z’ubutayu,nzamuha kubana nawe maze mukoreshe ibikomeye dore uwo mwana nzamukuramo umutima w’inyama wo kutumva yashyizwemo nabadayimoni kuko iryo shuri baryize ubutarirangiza ariko noneho nzagutuma ubashyire certificate yo kuri rirangiza kuko bishyize cyera numva kurira kwabo uko niko Uwiteka avuga.

Dore barariganijwe bambuwe umugisha nyamara abawubambuye ngiye kubategeka bawugarure kandi ibyo uzabirebesha amaso yawe kuko nd’Uwiteka ngirira neza uwo nshatse ngakunda unkunda kandi abanyanga bazaba kure yanjye ndetse bazaba kure y’ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho avuga.

Nuko mu gihe twari tukiri muri iryo yerekwa mbona za nkozi zi ibibi zihagaze ahirengeye zitegereje kwamburwa imbaraga zikoresha muguhumanya ubwoko bw’uhoraho mbona umuhanuzi mukuru aturutse mugikombe cy’Abakiranutsi maze aragenda yambura za nkozi zibibi umugisha zari zarambuye uwo mukiranutsi-kazi ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,biraje nta bwo bishyize cyera ahubwo nibyavuba uko niko Uwiteka ategetse.

Nongera kwerekwa General Nziza jack ategura abasirikare ba KDF kugirango barase umuhanuzi Majeshi Leon,mbona bahagaze babundikiriye ko asohoka mu icumbi rye,maze mbona abasirikare (3) ba Kenya Defense Force.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nziza nyuma yo kugusaba kuvugana na JEZEBEL ukanga ateguye kuguhitana bakaguca igihanga ariko ariyimbire kuko arimo gushinga umuhunda kukirenge nyamara zagutanga kwinjira mur’urwo rwobo yagucukuriye dore ngiye kumukorera igishya kugirango azamenye ko yatutse umugaragu wanjye jyewe Uwiteka Imana ihoraho ibihe byose.

Fata ibyo bitutsi ubihyire kukarubanda kugirango buri wese abisome maze ubwo nzamucira urubanza bazamenye yuko Uwiteka ariwe Mana agaca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

U rampa phone number ryari ? Cyangwa nohereje Karangwa ku ndege ya nimugoroba aze muvugane? Anakugurire ibiryo uwo rusaku rwawe ni inzara yakurenze wa ngumba we, urongora umugore imyaka 6 nta mwana, amashitani agukoreramo yaragukonnye ! Ubeshya umwana w,umuntu nguri umugabo wa mutwa we? Nutampa iyo number Ndohereza Karangwa Nimugoroba umusange kuri Hotel.

From: Ntakirutimana Mageshi <nccleon@gmail.com>;
To: jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz>;
Subject: Re: Kannyemo
Sent: Fri, Feb 5, 2016 9:02:14 PM

Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanje?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba
jye nta nyama y’ubwoba yanigayemo nayisize iwanyu mugisirikare urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwra pe!Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yankye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe n’amaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.

Majeshi GASHINO KA NYOKO , ni ubwa nyuma tukwandikiye tukwiyama.Funga akora kayozo kawe ngo ni a kanwa I birengera birenze kuba byinshi.
1. Intambara mu Rda n,u Burundi ni wowe izabanza guhitana abandi ntacyo izadutwara.
2.Uko utubashye nyoko ni nako ubwejagura wasebeje 1 st lady turakwihorera
3.Gitwaza akuturegeye bigera 10
4 rwandamura.charles wagirango ni umwe mu bashumba b’inka, kandi ashumba abantu.

None GASHINO KA NYOKO, wibaza ko twakubuze ? Funga Mdomo wake pumbafu!

Wagiye tukwirukanye GASHINO KA NYOKO? Garuka usabe imbabazi tugusubize mu gisirikare cyangwa ukore ibindi wifuza uzibe siwowe waduhaye igihugu.

First lady afite amazu ahongaho niba ari inzira ikwishe vuga a ku genereuse aho uba mu nzu ze uceceke GASHINO KA NYOKO. Usabwa kumpa phone number yawe kuko First lady ashaka kuvugana nawe, nutayiduha kakubayeho ni haha ndi hawe.

Think twice!

E-mail from Gen.Jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz> GASWERE NYOKO UMUCURITSE NURANGIZA UMUCE RUGONGO!
KABUNO KA NYOKO ujya kuzererana u mugore akageza ubwo aguta warataye umutwe. Sara ugaruka hano niwanyu umugore azakwakira nureka kujya mu Barangi bagushajije. KUDAKUBITA IMBWA BYORORA IMISEGA KABUNO KA NYOKO , uzongera kwandika First lady nzagusweza nyoko!

Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanje?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba
 jye nta nyama y’ubwoba yanigayemo nayisize iwanyu mugisirikare urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwra pe!Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yankye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe namaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,dore uwahoze ari madam wawe bamuhaye ikiraka cyo gukwirakwiza ko wapfuye kugirango ubwo bazakwica bizavugwe ko nubundi byari byaravuzwe ko yapfuye nuko rero dore MUKANDIRIMA Murekatete Odette aravumwa kuko yagambaniye umuntu w’Imana ihoraho iteka ryose.

Mwana w’umuntu,dore Bishop Rucyahana agiye kubambanira ubwoko bw’Uwiteka aturanye nabwo kugirango ashimishe FPR-Inkotanyi none burira ubwoko bw’Ubw’Uhoraho kugirango bakize ubugngo bwabo niba badakuyemo ubugingo bwabo niba bitabaye ibyo dore aabaturanyi betemera FPR bagiye kwicwa vuba bidatinze

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar