04th FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitabonwa ba bantu basanwe,mbona abantu bagenda biganirira bazamuka PEAGE umwe agenda abaza amakuru y’Iburundi uko ibintu byagenze mu nama yari yabereye ADDSA-BABA mur Ethiopia.Maze numva undi amusubiza ko amaziro abarundi bari bafite ko bagiye gutabwarwa ya yoyotse byarangiye.
Bakimara kuganira ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uwitwa NKURUNZIZA ibye birarangiye akuwe ku butegetsi vuba cyane kandi bikozwe n’umwakagara niwe ukoreshejwe kumura ku ngoma uko niko Uwiteka ategetse.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara azarasa intara ya gisenyi ubwo hazaba hamaze gufatwa na FDLR kandi ikintu cyose gihumeka kizahita kirimbuka none burira abatuye iyo ntara bashake ubuhungiro kugirango batazarimburwa n’umwakagara dore si bya kera ahubwo ni bya vuba kandi biraje byihuta uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti mwana w’umuntu,sengera abakiranutsi bafite amadeni kuko harabagiye gutaha bazarimbuka kubera amadeni kuko ijuru ari irya bera kuko nta cyintu na gito cyanduye kizinjira mu ijuru kuko ar’irya bera uko niko Uwiteka avuga.Nuko ndibambura mfata akanya ndasenga nti:Uwiteka Mana y’Abraham,Issac,Yakobo na Majeshi Leon.
Uyu munsi umugaragu wawe ndakwingize ngo wumve gusenga kwanjye kandi kuguhindukirire nk’umubavu uhumura neza ongera ukingure imiryaango yakinzwe nabadayimoni kugirango bene data bahabwe umugisha maze ubwo bazaba bahamagawe nabo bazabashe kwitaba.
Ijambo ry’Uhoraho riragaruka rirambwira riti,dore abagore nibo benshi bafashe amadeni none sengera abagorre by’umwihariko kuko bananiwe kwizera bananirwa kwihangana ndetse bituma no kwizera kwabagabo babo kunamuka bemera gufata amadeni ndetse bemera gukora ibidakwiriye kubera abafasha babo ngo babanezzeze uko niko Uwiteka avuga.
Uwiteka Mana girira neza abagore bateza abagabo babo kunamuka bakava mu byizerwa kubera gushaka iby’igihe gito,ubagirire neza ubahe umutima wo kwihana ndetse ubakingurire imiryango babashe kwishyura imyenda bafitiye bagenzi babo ahubwo ubahe kugira umwenda w’urukundo gusa kugirango bazinjire muri gakondo yo mu ijuru uko niko umuhanuzi asengeye abakiranutsi.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari abagore bibikura nkota biyemeje kujya bafata imyenda barangiza bakanga kwishyura nyamara ababagurije babikoze babikunze none sengera ibyo bikura nkota Uwiteka abirememo umutima w’inyama kuko bifite uwibuye maze bibashe kwishyura abo byanze kwishyura kuko ababa gurije bamerewe nabi nubukene uko niko Uwiteka avuga.
06th FEB,2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwwana w’umuntu,dore wa mukiranutsi-Kazi utuye kumugabane w’Uburayi(France) araremerewe kuko wa mwana w’umuhungu yamubereye inshobera mahanga,ariko dore ngiye gukora icyintu gishya ubwo nzakura umuhanuzi ku nkenegero z’ubutayu,nzamuha kubana nawe maze mukoreshe ibikomeye dore uwo mwana nzamukuramo umutima w’inyama wo kutumva yashyizwemo nabadayimoni kuko iryo shuri baryize ubutarirangiza ariko noneho nzagutuma ubashyire certificate yo kuri rirangiza kuko bishyize cyera numva kurira kwabo uko niko Uwiteka avuga.
Dore barariganijwe bambuwe umugisha nyamara abawubambuye ngiye kubategeka bawugarure kandi ibyo uzabirebesha amaso yawe kuko nd’Uwiteka ngirira neza uwo nshatse ngakunda unkunda kandi abanyanga bazaba kure yanjye ndetse bazaba kure y’ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho avuga.
Nuko mu gihe twari tukiri muri iryo yerekwa mbona za nkozi zi ibibi zihagaze ahirengeye zitegereje kwamburwa imbaraga zikoresha muguhumanya ubwoko bw’uhoraho mbona umuhanuzi mukuru aturutse mugikombe cy’Abakiranutsi maze aragenda yambura za nkozi zibibi umugisha zari zarambuye uwo mukiranutsi-kazi ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,biraje nta bwo bishyize cyera ahubwo nibyavuba uko niko Uwiteka ategetse.
Fata ibyo bitutsi ubihyire kukarubanda kugirango buri wese abisome maze ubwo nzamucira urubanza bazamenye yuko Uwiteka ariwe Mana agaca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.
From: Ntakirutimana Mageshi <nccleon@gmail.com>;
To: jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz>;
Subject: Re: Kannyemo
Sent: Fri, Feb 5, 2016 9:02:14 PM
Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanje?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba
jye nta nyama y’ubwoba yanigayemo nayisize iwanyu mugisirikare urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwra pe!Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yankye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe n’amaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.
Majeshi GASHINO KA NYOKO , ni ubwa nyuma tukwandikiye tukwiyama.Funga akora kayozo kawe ngo ni a kanwa I birengera birenze kuba byinshi.
1. Intambara mu Rda n,u Burundi ni wowe izabanza guhitana abandi ntacyo izadutwara.
2.Uko utubashye nyoko ni nako ubwejagura wasebeje 1 st lady turakwihorera
3.Gitwaza akuturegeye bigera 10
4 rwandamura.charles wagirango ni umwe mu bashumba b’inka, kandi ashumba abantu.
None GASHINO KA NYOKO, wibaza ko twakubuze ? Funga Mdomo wake pumbafu!
Wagiye tukwirukanye GASHINO KA NYOKO? Garuka usabe imbabazi tugusubize mu gisirikare cyangwa ukore ibindi wifuza uzibe siwowe waduhaye igihugu.
First lady afite amazu ahongaho niba ari inzira ikwishe vuga a ku genereuse aho uba mu nzu ze uceceke GASHINO KA NYOKO. Usabwa kumpa phone number yawe kuko First lady ashaka kuvugana nawe, nutayiduha kakubayeho ni haha ndi hawe.
Think twice!
E-mail from Gen.Jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz> GASWERE NYOKO UMUCURITSE NURANGIZA UMUCE RUGONGO!
KABUNO KA NYOKO ujya kuzererana u mugore akageza ubwo aguta warataye umutwe. Sara ugaruka hano niwanyu umugore azakwakira nureka kujya mu Barangi bagushajije. KUDAKUBITA IMBWA BYORORA IMISEGA KABUNO KA NYOKO , uzongera kwandika First lady nzagusweza nyoko!
Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanje?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba
jye nta nyama y’ubwoba yanigayemo nayisize iwanyu mugisirikare urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwra pe!Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yankye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe namaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,dore uwahoze ari madam wawe bamuhaye ikiraka cyo gukwirakwiza ko wapfuye kugirango ubwo bazakwica bizavugwe ko nubundi byari byaravuzwe ko yapfuye nuko rero dore MUKANDIRIMA Murekatete Odette aravumwa kuko yagambaniye umuntu w’Imana ihoraho iteka ryose.
Mwana w’umuntu,dore Bishop Rucyahana agiye kubambanira ubwoko bw’Uwiteka aturanye nabwo kugirango ashimishe FPR-Inkotanyi none burira ubwoko bw’Ubw’Uhoraho kugirango bakize ubugngo bwabo niba badakuyemo ubugingo bwabo niba bitabaye ibyo dore aabaturanyi betemera FPR bagiye kwicwa vuba bidatinze