Amakuru yaakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambuga,aravuga yuko,umugore wa Col.Gacinya uzwi cyane kuba ar’umwicanyi akaba n’umugome cyane byintangarugero,ko yaba yariyahuye kubera ibibazo yarafitaye numugabo we Gacinya.Ariko ababikurikiranira hafi baravuga yuko ngo Gacinya yaba ari we waba yaramukuyemo umwuka akamuta ku karubanda bityo bikavugwa yuko ari we wiyahuye!?
Gacinya uzwi cyane muri CID,no kuba yarashimuse abanyarwanda benshi ubwo yarakuriye iryo shami ryishinzwe ubwicanyi kuko ntaho CID ihuriye nibikorwa by’ubutasi.Icyo ikora nugushimuta abanyarwanda no kubica bakabashyiraho iterabwoba kugirango batinye ubutegetsi bw’Umwakagara.
Ubusanzwe abagore b’abasirikare bakuru barihanganye cyane kuko baharitse kumugaragaro iyo bagize ngo baravuga,bisanga mukaga gakomeye cyane.Cyera Umwakagara agikorana na batutsi yazananye nabo bavuye ikantarange,byibuze bajyaga kumuregera,ninabwo yaje kubaha ikiraka cyo kuzajya baneka abagabo babo.
Ariko Jezebel Nyiramongi amaze kurusha amaboko umugabo,byahumiye kumirari Babura uko bazaajya bagera k’Umwakagara.Ubu Abarundi nibo bategeka Umwakagara we asa nigishushanyo gusa ku buryo atagifite ijambo nubwo muri iyi minsi bagiranye ibibazo bya IAN KIGENZA yabayaranye na EUGENE GASANA,ariko system iracyakomeza ntabwo yabasha kuyisenya kuko yamaze kwigizayo abari bamushyigikiye hinjizwa abashaka kumugarika ngo bisigaranire ubutegetsi.
Kuba rero umugore wa Gacinya yiyahuye nikimenyetso simusiga yuko ingo nyinshi z’inkomamashyi zirimo kwaka umuriro izuba riva.And makuru twafata nkibihua aravuga yuko ngo haba hari abasirikare bagera kuri [40] ba RDF bamaze guhunga igihugu bakaba bahungiye mu Burundi.Ariko ubusanzwe niko Umwakagara akora,bishobora no kuba ari byo ariko bagambiriye yuko bajya mu Burundi kujyakugigira kuko udashobora kuba uri umurikare ngo uhungire mu Burundi muri iki gihe kandi ibihugu byombi bitameranye neza.
Nyuma yuko umwakagara afungiwe amayira yose aturuka cyangwa ajya mu Burundi,agomba gushaka uburyo yakora kose kugirango yohereze abantu bajya mu Burundi bitwa impunzi ko bahunze igihugu bityo baramuka babaciriye umwakagara akaba abonye icyo yashakaga ubwo bagangira akazi kabo ko kuneka neza bitwa ko bahunze igihugu cyabo.
Ibintu muri iki gihe,bikomeje kuba uruvange rudasobanutse kubera igihe cy’intambara gisa naho cyatangiye,mu buryo butagaragara twabyita “Cold war”nyuma niho bizava mu bukonje bikajya mu bushyuhe”Hot war”.Ikigaragara kuba Umwakagara ataratera Uburundi ni uko ari mu mibare minshi cyane ku buryo asanga ashobora kuzahasiga agatwe ubanza wa mugani za ndagu za magayane z’uko azagwa mu Bugesera zigiye kuba impamo.
Save