Inama yabereye I davos mu gihugu cy’Ubussuisse yigaga kubutunzi bw’isi ni uko abatuye isi basaranganya ubutunzi buyirimo aho basanze abaherwe [62] batunze amafaranga cyangwa ubutunzi bw’abatuye isi bagera kuri miliyari 3.6,iyo raporo ikomeza ivuga ko abatuye isi mu buryo bujyanye nuko umuntu yakagombye kubaho bagera kuri miliyoni [70];bityo bikagaragara yuko miliyoni [70] zababayeho neza wongeyeho [62] batunze ½ cy’abatuye isi.
Mu igenzura ryakozwe basanzwe 1% y’abatuye isi batazwi aho baba nuko babayeho kubera ubwikanyize bukomeye buri hagati yabakire nabakene noneho hakabaho banyakujya baburwe irengero batazwi uko babayeho cyangwa niba banabaho icyo cyabaye ikibazo cyabaye muri iyo nama kuburyo yarangiye bemeje ko bagiye gusaranganya ubutunzi bw’abatuye isi usibyeko ntawibyizera kuko byagoraba cyane kwemeza yuko bashobora kwemera gusaranganya ubutunzi mu gihe ama leta akomeje guhonyora agateka ka kiremwa muntu.
Niba rero ari uko bimeze,ubwo murumva tudakwiye gutabaza iyo mu ijuru kugirango Uhoraho ace imanza zitabera maze natwe uwo mugisha wihariwe ni nkozi zibibi natwe utugereho?Ntibyoroshye kwambura inkozi zibibi ubutunzi zabonye mu buryo bw’uburiganya cyakora abantu biringiye Uhoraho bagakora ibisabwa binyuze mu ijambo ry’Imana ntagushidikanya yuko umugisha wawe wambuwe ni nkozi zibibi wawusubizwa maze nawe ukanezererwa Uhoraho.
Iyo raporo yagaragaraje ko milyari $500 ry’America zibarizwa mubaherwe bo kumugabane w’Africa,tekereza miliyari $500 ayo mafaranga angana iki?Muri 500 ukuremo miliyoni $500 umwakagara yibitseho ubwo noneho ufate asigaye nayabandi bakuru b’ibihugu byo kumugabane w’Africa.
Uburyo bumwe gusa bushingiye ku ijambo ry’Uhoraho (Bibiliya) ni uko Uhoraho ateza intambara agasenya ibikorwa byose by’inkozi zibibi kugeza ubwo ubutunzi bwabo busubira mu maboko yabakiranutsi ntayindi nzira iriho kuko ibi bisambo ntibishobora kwemera gutanga imitungo y’igihugu basahuye murumva rero abadashaka intambara mushobora kuba munyuranye n’ijambo ry’Uwiteka mana yabakiranutsi.