HomeNewsBitarenze muri 2019 umubare 666 uratangira gukora kumugaragaro!

Bitarenze muri 2019 umubare 666 uratangira gukora kumugaragaro!

666 Micro Chip Implant Coming November 23 – 2019 {New World Order Chip Plan leaked} WAKE-UP !!!

Bene data dore igihe agakiza kavugiwe noneho karatwegereye,dore imigambi y’umwanzi wabizera arimo gutugunganya kugera mu mwaka wa 2019 umubare wa anti Christ uratangira gukora ni nayompamvu bashyizeho itegeko ku isi yose ko tuva muri analog tukinjira muri Digital

B6Ijambo ry’Imana buri gihe riratuburira ariko abantu ntibashaka kumva nyamara agakiza karatwegereyebkuruta uko kari kameze ibihe byose birangiye

Yemwe bantu b’Imana namwe bana b’Imana mukore mushyizeho umwete gushaka ibyagakiza twabwiwe kandi twahawe kuva aho kabonekeye nyamara abaza mu Nyanja yaka umuriro na mazuku bizaba ar’kubushake bwabo naho ubundi ntako Uwiteka atagize ngo yikirize abantu be ariko baranga bamutera isogo

Niba utarakizwa ubu noneho niwo mwanya wo gukizwa no gukiranuka gushaka ibyisi mubishake muzi yuko turabagenzi kuri iyi,bityo bidutere imbaraga zo gukiranuka kugirango Uwiteka nabikunda azadukizanye nabacu bose twigire muri gakondo yo mu ijuru

B66Iyi micro ship yatangajwe 1995 niho yakorewe igeragezwa ko ishobora gukora hanyuma yakorewe igeragezwa mu gihugu cy’Ubuyapani aho bayishyize mu IFARASi aho igiye hose bakajya bakurikira bakoresheje ikorana buhanga rya computer

Nnyuma yogushyira isi yose kuri digital ubu abana bab’abantu nibo batahiwe aho ibicuruzwa byose n’imirimo yose igiye gukorwa nikorana buhanga kugirango babashe gukontrola buri kimwe cyose gikorerwa mu isi yabazima

Ndibuka tukirangiza ishuri hari umunyeshuri wahise abona akazi muri cyber yo kwishuri muri KIST,maze tuza kubona software yitwa remote control twabashaga gukurikirana abanyeshuri bose bazaga muri cyber tugasoma za e-mail zabo batabiza

Ndetse twashoboraga no kuzimya computer ye atabiza kandi tutamwegereye bagahita bavuga ngo imashine ifite virus,nyamara ntabwo bigeze bamenya namba ko tubakurikirana twabashije kumenya amabanga menshi yabanyeshuri batazi ko tubakurikira

Niba se twarashoboraga gukurikira buri kimwe cyose abanyeshuri bakora mbese twebwe ko twari tukirangiza kwiga ubu noneho nyuma y’imyaka 10 ubu bimeze gute?Urabona ko mwisi ntabanga rigihari ibintu byose biri ku karubanda ibi birerekana ko ubwenge bugeze kwishyerezo nk’uko ubuhanuzi bwo mugice cya (4) cy’Ubuhanuzi kivuga ndetse no mu ijambo ry’Imana mubuhanuzi bw’umuhanuzi Daniel niko nabwo buvuga ko isi nigera kwiherezo bazakora iby’ubwenge buhanitse hanyuma ubwo bwenge bugere ku ishyerezo

None bakundwa nimureke twizere Uwiteka Imana bigishoboka ko abonwa,kuko igihe kiraje kandi kirasohoye aho bizaba bigoranye ko umuntu utarakijijwe hakiri kare ko abona agakiza bizagorana kukabona

Intashyo, Ibyahishuwe 13:16-18

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments