Amakuru agera ku inyangeNews avuga ko,abakuru bamwe bo muri Africa,b’abanyagitugu,bahisemo kwegura kumyanya yabo,aho kugirango bazahangane na perezida w’America watsinze amatora bwana Donald Trump warahiye ko atazihanganira igitugu cy’abaobozi bo kumugabane w’Africa.
Bamwe muri bo,harimo perezida wa GAMBIA warutegetse imyaka [22] YAHAYA wavuze ko,azayobora imyaka igera kuri miliyari imwe akiri kubuyobozi.Ariko amakuru avuga ko,YAHAYA akimara kumva yuko uwo bari bahanganye bwana BORROW watsinze amatora y’umukuru w’igihugu akaba yakoraga ubucuruzi bwo kubaka amazu akayagurisha,ubu akaba ari we uramutswa kuba umukuru w’igihugu cya GAMBIA.
Suwo gusa ubaye uwa kabiri wemeye kureka ubutegetsi amazeho imyaka [22] akoresheje igitugu,ahubwo na perezida wa ANGOLA DE SANTUS umaze imyaka [37] kuko yafashe ubutegetsi nubundi afite imyaka [37] bivuga ko,ubu afite imyaka [74] amaze kubutegetsi,yatangaje ko,umwaka utaha ataziyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu cya Angola akaba azasimburwa n’umukuru w’ingabo zicyo gihugu kuzahagararira ishyaka riri kubutegetsi rya rihagarariwe na De Santos.
Aba bakuru b’ibihugu baje batera ikirenge mu cya perezida wa ZIMBABWE Robert MUGABE wemeye ko,nawe atazongera kwiyamamaza kumwanya w’umukuru igihugu cya ZIMBABWE amaze ho imyaka [32] akaba afite imyaka [92] ya mavuko.Amakuru avuga ko,ngo amaze gusaza cyane,ariko akaba yifuza ko,yasimburwa numugore we Grace Mugabe.
Ariko abatavuga rumwe nawe bakaba batabikozwa,twibutswe ko,bwana Donald Trump yiyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu yavuze ko,naramuka atsinze amatora azafunga Museven na Mugabe ubuzima bwabo bwose bukarangirira muri gereza kuko ngo arabanzi ba demokarasi kandi bakaba abanyagitugu.
Amakuru avuga ko,ngo leta zunz’ubumwe z’America perezida watsinze amatora Trump yahamagaye Yahaya wa GAMBIA akamusaba guhitamo kwemera ibizava mu matora cyangwa akazarangiriza ubuzima bwe,mu nzu yimbohe ubuzima bwe bwose.Ariko bamwizeza ko,naramuka yemeye ibizava mu matora nta kibazo cyo kuzakurikiranwa nubucamanza kuko azaba atanze umwanya mwiza wa demokarasi mu gihugu cya Gambia.
Akaba ariyo mpamvu yahise ahamagara mugenzi we watsinze amatora akamwifuriza intsinzi mbere yuko akanama gashinzwe amatora gatangaza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.Amakuru avuga ko,America n’umuryango w’ubumwe bw’UBURAYI batigeze bohereza indorerezi zishinzwe amatora kureba ko,ayo matora azakorwa mu mucyo.
Amakuru akomeza avuga ko,perezida YAHAYA akimara kubona ko,nta ndorerezi z’amahanga zoherejwe ngo,yahise abona uko ibintu biteye ananirwa guhakana ko ataziyamamaza,ahubwo ahitamo guhangana ariko yirinda kwiba amatora kubera igitsure cy’amahanga kitari kimworoheye.
Kumugabane w’Africa ahakaba hasigaye UMUSITA n’Umwakagara akaba aribo bananiranye bakaba bashaka yuko Uwiteka azabigaragarizaho kugirango abatuye isi,babone kongera kwizera Imana ko ifite imbaraga kandi ko,ariyo ishyiraho ikongera igakuraho ikaba ariyo yica ndetse ikanakiza!
Ikigaragara Umwakagara ntabwo azageza mu matora ateganijwe mukwezi kwa kanama 2017,nk’uko Umwakagara abyifuza.Kubona umukambwe nka De Santos wemeye kurekura ubutegetsi,bishatse kuvuga ko,amazi atakiri ya yandi.Abareba kure bemera kurekura ubutegetsi bagatanga urubuga rwa demokarasi kugirango abanyagihugu barusheho kubona ubuzima bwiza bushingiye ku kwishyira ukizana hamwe nuburenganzira bwa kiremwa muntu.
Dushingiye kubiri kubera mukarere biragaragra yuko akarere kibiyaga bigari,umwaka utaha bizaba bitameze neza.Uhereye muri Congo,ntabwo Kabila kugeza magingo aya,yizeye ko,abanyeCongo bazamwemerera kongera gutegeka undi mwaka kuzageza 2018.Naho Nkurunziza hamwe na mugenzi we,Umwakagara bashobora kuba bari mu kigare kimwe berekeza iwabo wa twese aho bamariye bagenzi babo kubera kutavuga rumwe.
Ikigaragara nta kizere basigaranye cy’uko barekura ubutegetsi kugirango bazabaho mu mahoro.Ahubwo usibye gucibwa igihanga gusa,nta bindi byiringiro basigaranye,usibye gusanga basekuru bagahura nabo baciye ibihanga babarenganije reka twizere yuko bazabisobanura nibaza bamaze kugerayo.
Gusa nta bwo tuzi uko bigiye gutangira,niba Umwakagara ari we uzabanza,cyangwa Nkurunziza ari we uzabanza hagakurikiraho Umwakagara ntabwo biramenyekana ariko ikigaragara ni uko Umwakagara agiye kuba igikoresho cy’Uhoraho akabanza guca igihanga Nkurunziza,yarangiza nawe bagahita bamuha igihano kimukwiriye urwo yaciriye abandi,akaba ari rwo nawe acibwa.





