Bene data bakundwa sinshaka yuko mutamenya ibyasezeranijwe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Ibyahanuwe bibivuga neza yuko Umwakagara adashobora kuza ku ngoma,igihe cyose Umuhanuzi azaba akiri mu butayu bw’IBABYLON ku murwa w’ISHUSHAN.Intasi z’Umwakagara zikaba ni nkozi z’ibibi,zimaze kumenya iryo sezerano rikubiye mu ijambo ry’ibyahanuwe mu ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko ryavuzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana yanjye!
Bakoze ibishoboka byose bakoresha abantu batandukanye,cyane abenshi barabagore bagereranywa ni nkozi z’ibibi mu ijambo ry’igisobanuro cy’ubuhnauzi uko ryahanuwe nijambo ry’umwuka w’Imana yo mu Ijuru.
Mu mezi [3] yarangiye uhereye mukwezi kwa Kanama 2016, ubwo twahuraga n’umugambanyi wabarirwaga mu nteko y’ubwami bw’uRwanda,akaba yaraafite umugambi wo guhitana Umwami w’uRwanda,akaba yaraje no kuwugeraho madame Mukashema ESPERANCE.Yashatse kumenya cyane amwe mu mabanga yose ajyanye nijambo ry’ubuhanuzi.
Maze ndmausobanurira ariko sinasobanura uko byose yabyifuzaga,kuko hariho bimwe byagizwe ubwiru bw’ibyahanuwe kuzageza igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo waremye Ijuru n’Isi.Nibwo yamenyaga yuko ngo,kugirango Umwakagara akomeze ubwami bwe,ari uko yabanza guhitana Umuhanuzi Majeshi Leon,kuko ari we ntsinzi y’ubwami bw’uRwanda,akaba n’Inzitizi ya repubulika y’Umwakagara itemewe na mategeko.
Bene data bakundwa biratangaje cyane,kandi bikaba binababaje cyane,kubona umuntu udafite isezerano ry’ubugingo bw’iteka,akirigitwa n’umuvumo agashaka guhitana Umuhanuzi kuzageza aciriweho iteka n’umuhanuzi w’Uwiteka wahawe ubudahangarwa na nyir’ubwite nyiribihe byose, Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Kuko umwana w’isezerano adashobora kugerageza umwuka w’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Igitangaje muri byose,nukubona umuntu wiyitirira uugingo bw’Uwiteka,kandi ari ntabwo ateze kuzabona,akamenya ibihanurwa byose uko bisobanurwa,akabona imbaraga z’ibyahuwe,ariko akanga agasigara uko ari,akaba adashobora guhinduka kugirango abone ubugingo buhoraho.
Natangajwe na mudame wiyitirira izina ry’Uhoraho witwa Uwimbabazi Christine,yaranyandikiye ansobanuza inzozi uko zisobanura,ndamusobanurira ndangije sinongeye kuvugana nawe,ukuntu yaje kuriganywa na Satani akohereza amashilingi kandi ari ntayo namusabye,simbizi!Nk’uko ikinyamakuru inyangeNews cyabibabwiye,yohereje Ref:Nº zitabaho kandi zirenze umubare wazo ziba zikwije kugirango wohereze ibyo ugomba kohereza binyuze muri western union.
Sibyo gusa,ahubwo yohereza numubare inshuro ebyeri,hamwe ngo [45000] ahandi ngo yohereje ama euro [€60] ubwo yarahwanye nibihumbi [6000] by’amashillingi.Ibyo byose naramwihoreye kuko nabonaga ko ari magigiri w’Umwakagara ugitangira umurimo akaba atarawugiramo uburambe akaba agihuzagurika.
Ariko igitangaje umwana wo kurimbuka ntabwo arara bushyitsi!Ubwo umwuka w’Imana umaze gushyira hanze Mukashema Esperance ku karubanda,ubwo umugore wo kurimbuka yahise ajya kuri mudasobwa aranyandikira arantuka arantokoza bikomeye cyane.Ntabindi bihembo bikomeye yagombaga guhembwa usibye gucirwaho iteka!
Igitangaje n’ukuntu ijambo ry’Uwiteka Igice cya (44) cy’ubuhanuzi,ryatangiye rimbwira guciraho abantu iteka.Nyamara sinari nakamenye icyo Uwiteka yabivugiye,abantu benshi bafata ijambo ry’Uwiteka nkigigkinisho.Ariko bazantaganzwa nuko bazisanga igihe kimwe baraciriweho iteka n’Uwiteka Imana akoresheje abana b’abantu kuko atazakoresha abamalaika gucira abantu imanza,ahubwo azakoresha ubwoko bwe nk’uko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabihanuye!





