May 15, 2016, Ijambo ry’Uwiteka rinzaho kumuns wa nyuma wokwandika igice cya (31) cy’Ubuhanuzi, maze njyanwa mu iyerekwa mbona habuze amavuta atwara imodoka mu nzima.Maze mbona haje abantu baturutse imahanga babaririza aho baashobora kubona amavuta atwara imodoka yitwa (Fuel or Essence) icyo kiraka cyari gifite abantu bakomeye ariko bakaba batashoboraga kuba babona ayo mavuta bari bakeneye.
Mbona abo bantu babantumyeho baraje kuko bari bamenye yuko ari jye uzi aho ayo mavuta aturuka cyangwa umuntu uyafite.baza bibarisha ubusa busa bibwira yuko ntari butahure ikibazanye baza bagigira kugirango bamenye aho ayo mavuta aherereye kugirango bahite bajya kuyarangura kugiciro gito maze bajye kuyacuruza kugciro cyo hejuru.
Nanga kubarangira aho ayo mavuta bayabona,kunshuro ya kabiri bongera kugaruka bakoresheje abandi abandi bantu.Na none nanga kubarangira,icyatumaga ntabarangira ayo mavuta aho aherereye suko bashakaga kumenya ayo mavuta aho aherereye ahubwo nuko bazaga bari kumwe na mwuka w’Inzika ya Nzigo bashaka kumenya umuntu uwari we ngo maze bamugirire nabi bahite bitwarira ayo mavuta yabaye iboneka rimwe mu isi yabazima.
Bongera kugaruka ku nshuro ya gatatu maze ndabaza nti,niki gituma mungarukaho mubanza ibya mavuta kandi muzi neza yuko nabahakaniye ko ntazi umuntu ucuruza ayo mavuta?Maze umwe ambwiza ukuri arambwira ati,abantu baravuga yuko uwo muntu ari wowe uzi aho aherereye kandi twagerageje gushakisha aho muntu aboneka twahabuze bose baravuga ko ari wowe uzi aho uwo muntu ari.
Na none ndabahakanira baragenda,bamaze kugenda ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,mwana w’umuntu,waba wamenye iby’urugendo rwabo bagabo b’Ibigina gusa gusa nicyaba kibagenza?Nanjye ndasubiza nti oya nyagasani Mwami wanjye.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,se ntabwo uziko imodoka icyari icyo mubuhanuzi bwawe ugeza kubatuye isi?Ndasubiza nti,ndabizi ko bisobanura( umulimo) ati,hanyuma se imodoka yagenda idafite amavuta ya (Essence?) Nanjye ndasubiza nti Oya!Ati nuko rero kuko imodoka yahagaze igihe kire kire amavuta akaba yarabaye imboneka rimwe mu isi yose niyompamvu barimo gushaka uwaba afite amavuta kugirango bayagure maze biyitirire ko aribo bashatse amavuta yimodoka kuko imodoka ihagaze igihe kire kire maze babyiyitirire batware icyo cyubahiro bandike ibitabo bavuga ko aribo bashatse amavuta yari yarabuze mu isi yabazima.
Nuko rero uramenye ubwire Umulinzi mukuru w’Ibyasezeranijwe hamwe n’Umuhanuzi mukuru w’Ibyasezeranijwe babe maso cyane kuko aribo bafite ayo mavuta balimo gushaka.Dore har’inkozi yikibi y’umuzungu irimo gushaka ayo mavuta kugirango iyacuruze mu isi yose ivuga ko ariyo yavumbuye amavuta yari yarabuze none akaba yangeye kuboneka.
Dore nagushyriyeho kuba amaso y’impumyi zitabona kugirango ujye uzibwira ibyo zitabona dore Uwiteka agiye gukora icyintu gishya mu isi yabazima none barutuku babimenye yuko har’ikigiye gukorwa kuko Uhoraho atajya akorera mu bwihisho yababwiye ko azihagurukiza umugaragu we uzazana amavuta mu isi yabazima kuko yabaye imboneka rimwe,none bahise bajya gukora ubushakashatsi ngo bamenye uwo muntu aho agiye guturuka.
None uramenye dore ugiye kubona za imvitation zigumira mu mahanga uramenye ntuzajyeyo kuko bashaka kwiyitirira ibyo batakoze bashaka gutwara icyubahiro cy’Uhoraho.Erega har’impamvu yatume Uhoraho aguhisha amaso ya bagome ninkozi zikibi nuko rero uburire bene so uti,umwanzi yamenye ko kamubayeho kuko ijambo iyo rimaze kugera mu isi yabazina kaba kabaye ibintu biba bicika mu isi y’umwuka(spiritual ream) uko niko Uhoraho avuga.
Dore hashyizweho abakomisiyoneri cyangwa mu yandi magambo bitwa ba (Blockers) baje gushaka umuntu ugiye kuzana ububyutse mu isi yabazima kandi batamuzi kuko bari bazi yuko ububyutse buzaturuka mu idini runaka niko gufata ingamba zo gukontrola amadini yose kugirango uwo mwana uzavuka bahite bamwica.
Uhoraho nawe numuhanga cyane ubwo yahise yihunguri inzira ya madini arayireka maze umwanzi(Satani) asigara yigamba avuga ngo,nzaba ndeba aho Uwiteka azanyura ko amadini yose nyafite uwo mwuka w’ububyutse uzaza gusenya imilimo yanjye azaturukahe?Niko satani yabajije!
Ubwo barutuku bakimara kumenya ibigiye kuba kandi bizaba biturutse mur’Africa mubirabura bahita Babura amahoro kumva ububyutse ko buzaturuka mur’Africa bizaba ar’igitutsi gikomeye kuri barutuku nibwo bahise bashyiraho ingenza zijya kugenza uwo muntu ugiye guteza akaga mu isi imilimo y’inkozi zikibi yose ikaburiramo aho guhabwa icyubahiro bagahabwa igisuzuguriro kuko banze ukuli biyubakira ubwami butubatswe n’Uhoraho none ngo barashaka kumenya uwo muntu uwari we udaturutse iwabo!
Nuko ijambo ry’Uhoraho rikoeza kumbwira riti,niyompamvu nagukinze guhura nabarutuku akaba ariyompamvu nakoresheje abanyafurika bagenzi bawe kugirango imyumvire yabarutuku yo kumvako aribo bashoboye ikintu cyose ibanze ikuvemo maze ubone yuko Uwiteka atarabonura kubutoni
Iyo bitaza kuba ibyo,nari kurekura barutuku bakaguhandagazaho ubutunzi bwabo kuko nabo bakeneye ukuli ku ijambo ry’Uwiteka ariko ibyo sinabikoze kubera impamvu zumutekano wawe kuko batagira ibanga kandi umwanzi yari ku kubona kuburyo bumworoheye cyane ariko ubu ngubu umaze kumenya agaciro kumulimo ukora,ningaruka zawo kuko hari abibwira yuko umulimo ukora arumulimo mwiza nibyo nimwiza ariko urwanywa na bantu batagaragara kuko bitwaza ubutegetsi bigatuma bigaragara ko uwo mulimo arumulimo ugumura cyangwa uhahamura abantu bigatuma abawukora batawukoranye ubwenge bahura nakaga gakomeye cyane mu isi yabazima.
Bivuzengo icyo mupfa,ni cyubahiro wababuye kuko abaturage batangira kwiringira ijambo ry’Uwiteka ndetse bagakurikiza ibyaryo wahanura intambara abaturage bagahunga,niyompamvu ubona batangiye kwima ubuhungiro impunzi zahunze kugirango zisubire mubihugu byazo maze izo ntambara bahunze zizabageraho babone yuko ibyo bahunze ari ntabihari ariko nubwo umwanzi abigenza gutyo,Uhoraho afite amaboko ahambaye cyane kuko atazabura kwirokorera abo yamenye akabahamagara kugirango bamenye yuko ariwe Mana wenyine wica akanakiza uko niko Uhoraho avuga.
Nuko rero muntu w’Imana ube maso cyane kandi ushikame kuko ibihe bitoroshye nzi imilimo yawe,nziko bakurwanya cyane ariko wikomeze kuko wagambirie mu mutima wawe kuzahesha icyubahiro Uhoraho nawe niko yabigambiriye mbere yuko ubaho kuko yakumenye mbere yuko uvuka maze agambirira kuzakoresha uwo mutima wuzuye ubugingo kugirango imbohe babohorwe babone ubugingo uko niko Uhoraho avuga.
Nuko rero ubwo ibyera byose ataramata,nibitukura byose bikaba atar’inyama,umenye icyo ukwiye gukora gikwiriye kugirango mu gihe gikwiriye uzagorerwe uhabwe ingarorano igukwiriye nkitwarane yanesheje maze intore z’Uhoraho zibone gukiza ubugingo bwazo uko niko Uhoraho avuga.
Mbonye abadayimoni bajyanwa mu gihugu cy’Ubutayu,maze mbona bashyizwe mubutayu bugufiya kandi aho bari baherereye hari hahereranya nurugabano rwaho abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu batuye cyangwa bakambitse,mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abuhutu basurwa nabo badayimoni kuko bari batuye ku nkengero z’ubutayu baryaga ibyokurya bvanzemo nibyatsi kurya inyamaswa zirya ibyatsi.
Kandi aho bafungugiriraga hari imbere y’ubwiherero aho bituma,maze ndabegera ntegereza uburo bari mukaga gakomeye cyane mbona umwana umwe araje anyiba kamambili zanjye nari nambaye maze ndabwirwa ngo”abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bakwiye gusenga Uhoraho akabatabara kuko bagiye guhura nakaga gakomeye cyane mu isi yabazima kuko baragoswe kandi baraboshye none abasenga mukwiye kwibuka bene wanyu kuko ubwo Uwiteka abivuze buriya har’icyo agiye kubakorera.
Ntihagire umuhutu wihanira undi,ahubw buri muhutu yihane akukije ibyo we yakoze maze namara kwihana asabe imbabazi abo yakoreye icyaha niba ari kure yabo yakoreye icyaha ajye muruhame yihane kuko ibyaha yakoze yabikoreye kukarubanda maze Uhoraho ari mu ijuru arahita yumva gusaba imbabazi kwe ndetse anareba umutima yasabanye imbabazi maze amugirire ibambe niba abahutu badakoze ibyo,bye bye kababayeho kuko uko ari ko Uhoraho abitegetse uba intari akabikora ntakabuza yuko Uwiteka atazabura kumugirira imbabazi uko niko Uhoraho avuga.
Uhoraho azi neza ibyo mwakorewe,ariko none kandi azi neza ibyo namwe mukorera abandi ndetse mukabikorana ubugome bukomeye kandi mukabikorera mu ibanga naho abagabo babikorera kukarubanda ariko mwebwe muteza urwikekwe mu bantu kandi muzi neza ibyo mwakoze none mumaze gufatwa mu ijori ngo murashaka imbabazi.Nuko numva umwe aravuze ngo”Mimi sitasamehe kwasababu alinikosea sana”.
Ijambo ry’Uhoraho riragaruka rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu,uti,urwango mwanga abatutsi ubwoko bw’Uwiteka bwananiranye bushinga amajosi iyo bubwiwe kwihana ruzaba bageza kure rubate ku karubanda none niba mushaka kubaho nimibereho myiza mureke kwikorera imitwaro yo kwanga ubwoko bw’Uwiteka bwitwa abatutsi bwananiranye Uwiteka azabwihanira kandi namwe Uhoraho azabaha ubutabera bwiza kandi muzanezerwa nuko atazigera abera cyangwa arobanura kubutoni niba mudakoze ibyo muraza gushirira ku icumu ubwoko bitwa NDAKOREKA kuko umuntu wese wabugiriye nabi atabura gucirwa urubanza n’Uwiteka Imana nyiringabo uko niko Uhoraho avuga.
Nubwoko butagonda ijosi ariko kandi nta muntu washyiriweho kubuhana usibye Uhoraho wenyine wabwiremeye dore azaburimbura abusige ari ntabwo kuko bwanze kumvira ijambo ry’Uhoraho abumviye ijambo ry’Uwiteka abongabo azabagirira neza kandi azabarokora kumunsi wa makuba niko Uwiteka avuga.Ariko nimwanga mugakomeza kwikorera mu mitima yanyu ubwoko butagonda ijosi buzabagonda amajosi niko Uwiteka avuga.
Maze guhanura no kwandika iby’ubwoko butagonda amajosi nibya abahutu banze kwihanira abatutsi kugeza ubwo umwakagara abibakoresha kungufu ndetse agategeka abahutu bose gusaba imbabazi kandi atariko bakoze icyaha cya genocide numva ndatagangaye numva imbaraga zinshinzemo mbaye nkurwaye kubera kwandika ubutumwa bukomeye cyane bwabatuye mu isi yabazima.
Nuko ningiga Uhoraho ngo arekeraho kumpa ubutumwa bwo kwandika kuko numva imbaraga zinshizemo kandi nkaba imilimo yose nyikora ntawundi umfasha kugirango ndebe ko naruhuka ngafata agatege nkabasha kuza kubasha gutangaza ubwo butumwa bw’abantu b’uwiteka yo mu ijuru.
Nuko rero abafite iyi mpano mumenye neza ingaruka zizabageraho kuko muzihigwa nabakozi ba sekibi bakomeye harimo abanyamadini bakomeye bavuga ko ngo ubuhanuzi busenya itorero ndetse nubutegetsi bukabashyigikira kuko ubuhnauzi bukorera mu bwami ntabwo bwemewe muri epubulika kuko yashyizweho na satani niyo mpamvu sekibi yagerageje gusenya ubwami mu isi yose kugirango ashyireho repubulika nuko rero niba ufite iyi mpano ugire ubwenge kandi udatinya kuko nihahandi hawe uzapfa ariko ntibikwiriye yuko wapfa igihe cyawe kitaragera ariko kandi ntiwifuze kumenyekana ahubwo ukoreshe ubwenge kugirango ibyo wahawe ubigeze kubatuye isi ukoresheje ikoranabuhanga naho bitaba ibyo uzamanukirwa nigicu cyuzuye imvura yamahindu kuko ibyambayeho nijyewe ubizi n’Uwiteka Imana yanjye.
