Home Inte'l Apôtre Dr. Paul Gitwaza intumwa ya SATANI, ninde umurusha kuba IDUBU?

Apôtre Dr. Paul Gitwaza intumwa ya SATANI, ninde umurusha kuba IDUBU?

0

Apôtre Paul Gitwaza intumwa ya SATANI,arasaba Abakristu kurushaho kwitondera abavuga ko bakorera Imana muri iki gihe , ahubwo bakarushaho kumenya ijambo ry’Imana .Intumwa y’Imana Dr. Apôtre  Paul  Gitwaza agaragaza  ko mu madini no mu matorero by’iki gihe hadutse abayobozi , abahanuzi , abavugabutumwa n’abakora umurimo w’Imana bataye inshingano zo kugabura iby’Imana uko bikwiriye.

Asobanura ko hateye abavugabutumwa  bagamije inyungu zabo  bwite , bakagusha abantu batari bacye , kandi  abenshi bakava mu masezerano y’Imana.Nyamara aravuga ibyo,mu gihe bimaze kumenyekana yuko asigaye yibera mu isanduka yabapfuye aho aba alimo kuganira na SATANI yibereye ikuzimu.

Intumwa y’Imana Dr. Paul Gitwaza intumwa ya SATANI, agereranya bamwe mu banyamatorero n’abafite inshingano mu matorero n’amadini  kumera nk’inyamaswa y’idubu , cyangwa  ibirura  byica gusa bitagamije kurya , ahubwo bigamije kwishimisha  .

Agira ati :” Mu matorero menshi harimo amadubu menshi , agamije gukura abantu b’Imana mu byizerwa , bagaragara nk’abantu b’Imana , basoma Bibiliya nkatwe , baririmba nkatwe ariko imitima yabo ihabanye n’inzira z’Imana ”.

Akomeza agaragaza ko  mu madini n’amatorero harimo ibirura byo mu mwuka aribo intumwa z’ibinyoma , abahanuzi b’ibinyoma bagamije kwangiza ukwizera kw’Abera bakuramo  abantu urukundo  Imana yababaye , kubw’inyungu zabo  bakagusha benshi  mu rwobo rw’umurimbuzi satani.

Aba bakozi ba satani binjiye mu matorero , abandi bashinga ayabo bagamije guhangana n’abakristu bakomeye mu mwuka .Ariko Gitwaza afite ubwoba kuko abakilia be ngo baba bamaze kumushiraho.

Apôtre Dr. Paul Gitwaza intumwa ya SATANI,avuga ko  bene abo bagerageza guhangana n’abakomeye mu by’umwuka , ndetse bagahangana n’abakiristo bakivuka kugira ngo barebe uko babafata mpiri.

Agira ati :“ Amadubu menshi aratuzengurutse , ariko nta kindi cyayatsinda uretse amaso y’umwuka wera , ndetse n’amaraso ya Yesu Kriso wapfuye akazuka. Iyo uriho amaraso ya Yesu umurimbuzi ntashobora kwinjira iwawe ”.

Umushumba mukuru w’Itorero Zion Temple ku isi Intumwa Dr. Paul Gitwaza intumwa ya SATANI,avuga ko mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 20:29-30 hagaragaza ko  amadubu azatera , ko  kuyarwanya bisaba kugira amaso  y’umwuka.Ibi byose bibaye nyuma yuko Intumwa ya SATANI Gitwaza ashyiriye ahagaragara ko,ashaka kongera amazina ye,mu gitabo cy’ibyakozwe n’Intumwa icyo gitabo kibarizwa mu isezerano rishya amazina ye hamwe nizindi nkozi z’ibibi zikorera Satani zishaka guhidura ijambo ry’Imana bibiliya kugirango bakore amazina yabo nabo bamenyekane nk’intumwa,zikorera Uhoraho kandi zikorera Satani.Imitwe batetse ngo ni ukongeramo igice cya (29) kuko ubusanzwe icyo gice gifite ibice (28) nabo bagakora amateka ariko bazarimbuka.

Hagira hati :” Nzi yuko nimara kuvaho, amasega aryana azabinjiramo ntababarire umukumbi. Kandi muri mwe ubwanyu hazaduka abantu bavugira ibigoramye , kugira ngo bakururire abigishwa inyuma yabo ”.

Agaragaza neza  ko Satani ugereranywa n’idubu  ashobora gutera ingo z’abantu , mu kazi bakora , mu gihugu , kandi ko kugirango abantu bayatsinde bikwiye nk’Abakiristo kugira amaso y’Umwuka wera , bagakomera mu kwizera Imana n’amaraso ya Yesu Kristo.

 

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar