Ubuhaanuzi uko bukurikirana ni nako buzagenda busohora,habanje ubw’Uburundi ubu igihugu gikomeje intambara y’imbere mu gihugu intambara Peter Nkurunziza adashobora guhagarika kubera yuko kugeza magingo aya,iyi ntambara irimo kugenda ihindura isura cyane ku buryo nabahanga bintambara badashobora kumenya ibyayo.
Nawe se dore Nkurunziza yanze yuko AU yohereza inagabo zijya kulinda amahoro,akimara guhakanira inteko ya ONU yari ihagarariwe na Amb.Wa USA muri ONU cyangwa UN bakimara kuhashingura akaguru NKurunziza amaze kubahakanira ko adakeneye ubufasha kuko mu Burundi ata nzu irimo gushya.
YOBU niwe wavugiye ngo ibyo nangaga cyangwa natinyaga nibyo byangezeho,nyamara nubwo Pastor Liliyoza uyuboye idini rya Omega risengera mu nzu ya Rubangura building ,akavuga ko ngo yarumunyabwoba akaba ariyo mpamvu byamugezeho nyamara yiyibagije ko byari byavuye k’Uwiteka Imana.
Akenshi abana bab’abantu bagir ubwoba bwibizababaho ndetse bagakora ibishoboka byose ngo bitabasohoraho,Nkurunziza ashobora kuba ari mu ihurizo ridafite igisubizo kandi akaba agenda arushaho kubona amaherezo ko ashobora kutaba meza.Urumva niyanga ko Munusco balinda umutekano barahita bashumuriza opozisiyo ihite yambuka ifate icyo gice cyose kiri iruhande rw’umupaka wa Congo n’Uburundi hanyuma se azabwira iki abanyagihugu niba ONU yarashatse kulinda umutekano wabanyagihugu hanyuma akanga urabona batazaba bamuteranije nabanyagihugu avuga ko bamuri inyuma.
Hanyuma naramuka yemeye ko balinda umupaka bizaba bimaze kugaragara ko yabaye umunyantegenke ndetse nibyo yigambaga ko ata nzu irimo gushya bizahita bagaragara yuko hatangiye gucumbuka umwotsi akaba ariyo mpamvu bagiye kuzimya umuriro.
Nyamara ubanza amaherezo agiye kuba mu nzu.Mu gihe ibyo birimo kuba abamurwanya bakomeje kwisuganya bitoreza mu gihugu cyabaturanyi cy’Urwanda aho barimo guhabwa omyitozo yo kujya guhangana na leta ya NKurunziza.
Ibyintambara ivugwa mu gihugu cy’Uburundi ubanza atariho honyine ahubwo ubanza ubuhanuzi bwamaze gukora umurimo wabwo neza aho amakuru akomeje kuvugwa ni ntambara igiye kuba mu gihugu cya Uganda ishobora kuzamara amezi (6) iyi ntambara ikaba ishobora kuzasiga ikuye M7 ku ngoma yashakaga kuzasigira B.Gen.Kainerugaba umuhungu we wimfura kuko we ngo yifuzaga (M7) kuzarekura ubutegetsi muri 2056 aho yari kuzaba afite imyaka ya isaga 90
Dady wabitegereze,nibenda kutwihaho kubutegekyi bwitu!Nabacenga nabitegereze

Report ya CIA yasohotse uyu munsi iravuga yuko mu gihugu cya Uganda haba hagiye kuba intambara bise Civil war isubiranamo ry’abaturage barwanya leta banga ko yakomeza kubayoboza igitugu nyamara buriya ababica amarenga baba babizi none se babwiwe niki ko iyo ntambara izamara amezi (6)?
Ubwo nawe urabe wumva birenge niwowe ubwirwa kuko ngo abwirwa benshi akumva bee yo,nyamara ubishatse wahindura ibitekerezo hakiri kare kuko ikigaragara ni uko igihe cy’abayagitugu cyaba kigeze kumuhero waho ariko wenda wasanga baba bagifite ibyiringiro ubanza umwana w’umusita yaba afite andi mayeri yo gukoresha kuko we ajya areba kure ariko aramutse abaye nta yo ubanza ibimenyetso byose byo kuvaho kwe bishobora kuba byararangiye kuko ikimenyetso cya nyuma bwar’ububyutse bw’ubusambanyi bwabagabo babatinganyi GAY yagerageje gushaka kuburizamo ubuhanuzi ariko mu gihe gito yisubiraho bamaze kumufungira ARV zabasirikare barwaye SIDA ahitamo gusinyura itegeko rihana abatinganyi.
Ubu buhanuzi wabusanga mu gice cya 1-3 cy’ubuhanuzi uko intambara yo gukuraho umwana w’umusita izagenda nubwo yagerageje guhamagara abakonikoni nabapfumu batandukanye nta cyo byamumariye kuko ubuhanuzi iyo bwavuzwe ntawubuhagarika cyangwa ngo abuvuguruze .Reka nibura umwakagara araba areberaho.