Home News Akari mu Ihene,ninako kari mu ntama!

Akari mu Ihene,ninako kari mu ntama!

0

May 10, 2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abapfapfa nibo baragira abadayimoni,muri gakondo yabakiranutsi bakomeje guhura na kaga gakomeye kandi buri munsi niko akaga kagenda karushaho kwiyongera kubanyagihugu.Nuko rero nta kindi kibasigariye usibye kubarekera mumaboko y’umwanzi(umwakagara)akabagenza uko ashaka kuko barabwiwe banga kumva niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe n’Umuhanuzi  (Yesaya 4:1) birasohoye kuko abategarugori bagiye kwikuba inshuro [3] mu isi yabazima abagabo nabo bakazagabanuka ho inshuro [2] ku buryo mu minsi izaza kuzabona umugabo bizaba ar’ikintu gikomeye kandi kizahangayikisha benshi cyane mubategarugori uko niko Uhoraho avuze.

Nongera kwerekwa abadayimoni bo muri gakondo bashakisha amazi yo kunywa aho bari mu butayu,maze mbona bazamutse mu butayu bugufiya ahagana mu majyaruguru y’uburengera zuba mu karere k’Africa y’Uburasira zuba,mbona bageze ku iriba ariko bahasanga abadayimoni benshi birukanywe muri gakondo yabakiranutsi kuko basimbuwe nabandi bashyashya bagiye gufasha umwakagara gusohoza imigambi ye,maze mbona bamwe mubadayimoni bibabereye ikizamini kugirango babashe kunywa amazi yo mu butayu.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,bariya ubonye nabadayimoni birukanywe murwagasabo basimbuwe nabandi bashya bazanywe no gukra genocide ngo bice ubwoko bw’Uhoraho butazinjira mu masezerano kuko igihe gisa nikimaze guhumuza ngo ubwoko bw’Uhoraho burekurwe n’Umwami FARAO bujye gutambira ibitambo muri gakondo yabo batambira Uwiteka Imana yabo uko niko Uhoraho avuga.

Dore umwanzi yatangatanze ubwoko bw’Uwiteka Iburazira zuba, Iburengerazuba, amajyaruguru, amajyepfo,yatangatanze ubwoko bw’Uhoraho yibwira yuko butazabona icyanzu cyo gukiza ubugingo bwabo ariko Uwiteka afite imbaraga zirenze kwizera kwa bantu kuko ashobora no kuzakoresha abazaba bashinzwe kurimbura ubugingo bwabo kuzarokora ubwoko bw’Uhoraho uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi byaramuyobeye kuva wahindura ikoranabuhanga bakananirwa kumenya ikirere uherereyemo none dore harabagiye ku kwandikira bashaka kumenya telephone zawe ntabwo bamenye yuko wahawe ikoranabuhanga ryo guhamagara ukoresheje internet kuburyo na bwo badashobora kumenya ikirere uherereyemo.

Dore bakoze inama yuko bashaka uburyo bwose babone telephone zawe kandi abakoze iyo nama baherereye mu gihugu cy’UBUFARANSA gifite code itangirwa na +33 nuko rero ubategereze nibananirwa ibyo bibwira urabona bakwandikiye kuri e-mail yawe kuko bagiye kwigira abantu b’Imana kandi bakorere sekibi nuko rero ntubatinye uvugane nabo kandi ugenze kwa kundi ujy’ubagenza niko Uhoraho avuga.

May 11,2016 Njyanwa mu kibaya kiri munsi gakondo ya bakiranutsi ku nkengero zacyo,maze nerekwa ibikomeye cyane kandi mbwirwa amagambo akomeye cyane atakwihanganirwa nuwari we wese cyaretse uyawahawe(Umuhanuzi) wenyine.Nuko mbona cyangwa mpishurirwa uburyo abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bakoze ibishoboka byose ngo bajye bahora batsa umuriro  mu banyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu kugirango bazaheranwe n’ubwicanyi bwa jenocide bakoreye abatutsi.

Maze mbona haje umugabo mure mure cyane wo mu bwoko bw’Abatutsi atanga akazi na mabwiriza ashorewe na mahame ndakuka yo gutoteza abanyarwanda b’Abahutu,maze amaze gutangira gutanga ayo mabwiriza mbona abanyanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bumviye uwo mukuru wabahaye ayo mabwiriza nuko ibikorwa byo gutoteza no kwima ubutabera abahutu mbona biratangiye!

Nuko abahutu mbona bahuye nakaga katigeze kubaho,yaba uwagize neza cyangwa uwagize nabi,bose mbona nikimwe ntawaruse undi,mbona abahutu bitotombaaa!!!!!!!!!!cyane!!!!!!!!!Mbona barenganije abahutu bagize neza ndetse babafata kimwe nabagize nabi,maze uwanyerekaga armabwira ati,mwana w’umuntu,mbese warebye kandi witegereje wabonye ibibera muri gakondo ya bakiranutsi?

Nanjye ndasubiza nti yeeeeeeee nabibonye kandi nitegereje nta na kimwe cya nyuzeho.Nuko arambwira ati,nuko rero uhanurire ubwoko bwawe ububwire uti,mwakije umuriro mubahutu mwibwira yuko mugize neza mwikingiye mutazongera guhura nakaga gakomeye maze mushinga inkingi yo kubera ihinduka ubutabera mu bwoko bw’Uhoraho.None muhame hamwe kuko umuriro mwakije mu bahutu niwo ugiye kwaka mu batutsi kandi uzikuba inshuro [7] kuko mutakunze gukiranirwa kuko uwicisha inkota ariyo nawe azicishwa uko niko Uwiteka avuga.

Ubwo butumwa nzenguruka mu batutsi mbubagezaho maze mbona abatutsi batanshaka kunyumva ariko ikindi gice cyabo cyubaha Uhoraho cyashakaga kumva imiburo y’Uhoraho kuko cyari kimaze kurmabirwa kurenganya ku ingoma ntutsi ihora yica rubozo abaturage ishinzwe kugirira neza yakabaye irindira umutekano maze ubwoba bwinshi cyane bufashwe abari ku ngoma ntutsi bivovotera Uwiteka Imana yabakiranutsi aho kugirango bihane ibyaha byabo maze Uhoraho abone kubagirira ibambe.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko bagenje nabo niko bazagenzwa kuko umunyagakondorero wese wakoze ibikorwa byo gukiranirwa nawe ntazabura kubihemberwa kugirango abanyagakondorero bose bamenye ko Uhoraho ariwe Mana kandi ko ari we uca imanza zitabera uko niko Uhoraho avuga.

Nuko mbwirwa kuburira abo muri gakondo kubaburira ko nubwo basenga amasengesho yibice bice,ko bakwiye kuyongera kugirango azabashe kubarengera kumunsi wa makuba ubegereye wavuzwe nabahanuzi uko niko Uhoraho ababuriye!Nuko numva umwe mu banyabwenge bakomoka mu bwoko bw’Abatutsi avuga ngo”BURYA ITANGIRIRO RY’IKINTU,NIRYO HEREZO RYACYO”ndamwegera ndamubaza nti,buria ushatse kuvuga iki?”ARANSUBIZA ARAMBWIRA ATI,INKOTANYI ZATANGIRANYE UMURIRO,NONE ZIGIYE GUSOZANYA UMURIRO”.Numva ibyo avuze noneho ko mbisobanukiwe nibuka ya ndirimbo twajyaga turirimba twihanurira ivuga ngo”MOTO UTAWAKA MOTO,WA WAKA WA WAKA*2.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza maze nerekwa iyerekwa risobanye kandi rigoye gusobanura usibye uwarihawe we wenyine,ubasha kurisobanura.Mbona umwe mubagize inteko y’ubujyanama ibwami,uwo muntu ubusanzwe akaba ashinzwe gusopanya imikorere y’ibwami kugirango azabashe kugera mu mwanya yifuza kugeramo.Mwerekwa nabonaga afite isura mbi cyane bisobanura ko agira umutima mubi cyane akaba n’indryarya ikomeye cyane kandi akiyita umuhanga ukomeye nyamara n’umuntu usanzwe!

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore iyo ndryarya Uwiteka agiye kuyishyira kure y’ubwami kuko ubwami bwaturutse k’Uwiteka kandi niwe ufite icyerekezo nimigambi by’ubwami bw’uRwanda akaba ari we uzi uko yifuza uko bumera,akaba rero adashobora kwihanganira habe na gato kuba undi muntu yazana imyumvire ye muri gahunda y’Uhoraho.Dore yibwira ko akomeye nyamara agiye gucishwa bugufi kugirango ibwami bamenye yuko Uhoraho ari we wahisemo gahunda y’ubwami kugirango ubwoko bwe buzajye kumutambira muri gakondo ya bakiranutsi.Icyo kizaba ikimenyetso gikomeye kizagaragaza yuko uwo mugabo Uwiteka atamushaka muri gahunda y’ibwami.

Icyo gikomerezwa gikunda amafaranga cyane,kubera rero akunda amafaranga dore Uhoraho agiye kumufungurira inzira y’umugisha kuko uwo niwo mutego we,ahabwe uwundi mulimo muri organization ikomeye kandi azahembwa amadollar menshi cyane ku buryo adashobora kwihanganira kureka uwo mulimo maze bibe inzira yo kwigizwayo ajye kure y’ubwami bw’uRwanda kugirango atazongera kurosera ubwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho abitegetse!

Nkomeza kwibera mu iyerekwa nongera kubona inzu nziza yitwa urusengro kandi isanzwe isengerwamo,mbona ilimo umwanda maze ndabwirwa ngo nijye kuyisukura ndagenda ndayisukura ndangije mbona abayobozi biryo dini nabakiristu babo baje mu materaniro maze numva biranejeje cyane iryo tereniro ryali ryuzuyemo abana benshi cyane kurusha abantu bakuru maze ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,mbese siwowe wasukuye urusengero rw’Uwiteka Imana yabakiranutsi?

Ndasubiza nti ni jyewe Nyagasani.Ndabwira ngo;uko wasukuye ruriya rusengero,uko niko Uhoraho agiye gusukura itorero rye kugirango yitunganirize ubwoko bwe!Kugirango ibirura byaragiye intama bitarahamagawe n’Uhoraho,bimenye ko intama zifite umwungeri kandi ko zifite nyirazo maze izo nkozi zikibi zihaye kuragira umukumbi utari uwazo zicirwe imanza zo gukiranuka kugirango urubanza rwali hagati yazo na nyirazo rurangire uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,tega amatwi wumve ibyo umwuka wera akuvugaho nuko mfungura amatwi yanjye numva umwuka wera abwira abari bamuteze amatwi maze aravuga ngo”NKUNDA URIYA MUHANUZI KUKO YITA CYANE KUMULIMO WE,KANDI AKABA ADAKANGWA N’UMWANZI NGO AMUTEZE KWIZERA GUCYE!!Maze kumva iyo mvugo y’umwuka wera numva ndanerewe nanjye numva ndushijeho kumukunda no gukomeza kumwumvira no kumwubaha kugirango data ahabwe icyubahiro uko niko Uhoraho avuze.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kundemesha rimbwira yuko rigiye kunkorera ibikomeye ibyo abantu benshi bifuza ariko bananiwe kugeraho jyewe Uwiteka yamaze gutegeka ko mbikorerwa kandi yuko ibyavuzwe byose n’umwuka w’Uhoraho byose abisohoje numva ndushijeho kunezezwa nuko Uwiteka yongeye kwibuka umugaragu we akaba amutungarije imeza ye imbere ya banzi be niko Uhoraho abitegetse!

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar