May 10, 2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abapfapfa nibo baragira abadayimoni,muri gakondo yabakiranutsi bakomeje guhura na kaga gakomeye kandi buri munsi niko akaga kagenda karushaho kwiyongera kubanyagihugu.Nuko rero nta kindi kibasigariye usibye kubarekera mumaboko y’umwanzi(umwakagara)akabagenza uko ashaka kuko barabwiwe banga kumva niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe n’Umuhanuzi (Yesaya 4:1) birasohoye kuko abategarugori bagiye kwikuba inshuro [3] mu isi yabazima abagabo nabo bakazagabanuka ho inshuro [2] ku buryo mu minsi izaza kuzabona umugabo bizaba ar’ikintu gikomeye kandi kizahangayikisha benshi cyane mubategarugori uko niko Uhoraho avuze.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,bariya ubonye nabadayimoni birukanywe murwagasabo basimbuwe nabandi bashya bazanywe no gukra genocide ngo bice ubwoko bw’Uhoraho butazinjira mu masezerano kuko igihe gisa nikimaze guhumuza ngo ubwoko bw’Uhoraho burekurwe n’Umwami FARAO bujye gutambira ibitambo muri gakondo yabo batambira Uwiteka Imana yabo uko niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi byaramuyobeye kuva wahindura ikoranabuhanga bakananirwa kumenya ikirere uherereyemo none dore harabagiye ku kwandikira bashaka kumenya telephone zawe ntabwo bamenye yuko wahawe ikoranabuhanga ryo guhamagara ukoresheje internet kuburyo na bwo badashobora kumenya ikirere uherereyemo.
Dore bakoze inama yuko bashaka uburyo bwose babone telephone zawe kandi abakoze iyo nama baherereye mu gihugu cy’UBUFARANSA gifite code itangirwa na +33 nuko rero ubategereze nibananirwa ibyo bibwira urabona bakwandikiye kuri e-mail yawe kuko bagiye kwigira abantu b’Imana kandi bakorere sekibi nuko rero ntubatinye uvugane nabo kandi ugenze kwa kundi ujy’ubagenza niko Uhoraho avuga.
Maze mbona haje umugabo mure mure cyane wo mu bwoko bw’Abatutsi atanga akazi na mabwiriza ashorewe na mahame ndakuka yo gutoteza abanyarwanda b’Abahutu,maze amaze gutangira gutanga ayo mabwiriza mbona abanyanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bumviye uwo mukuru wabahaye ayo mabwiriza nuko ibikorwa byo gutoteza no kwima ubutabera abahutu mbona biratangiye!
Nanjye ndasubiza nti yeeeeeeee nabibonye kandi nitegereje nta na kimwe cya nyuzeho.Nuko arambwira ati,nuko rero uhanurire ubwoko bwawe ububwire uti,mwakije umuriro mubahutu mwibwira yuko mugize neza mwikingiye mutazongera guhura nakaga gakomeye maze mushinga inkingi yo kubera ihinduka ubutabera mu bwoko bw’Uhoraho.None muhame hamwe kuko umuriro mwakije mu bahutu niwo ugiye kwaka mu batutsi kandi uzikuba inshuro [7] kuko mutakunze gukiranirwa kuko uwicisha inkota ariyo nawe azicishwa uko niko Uwiteka avuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko bagenje nabo niko bazagenzwa kuko umunyagakondorero wese wakoze ibikorwa byo gukiranirwa nawe ntazabura kubihemberwa kugirango abanyagakondorero bose bamenye ko Uhoraho ariwe Mana kandi ko ari we uca imanza zitabera uko niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza maze nerekwa iyerekwa risobanye kandi rigoye gusobanura usibye uwarihawe we wenyine,ubasha kurisobanura.Mbona umwe mubagize inteko y’ubujyanama ibwami,uwo muntu ubusanzwe akaba ashinzwe gusopanya imikorere y’ibwami kugirango azabashe kugera mu mwanya yifuza kugeramo.Mwerekwa nabonaga afite isura mbi cyane bisobanura ko agira umutima mubi cyane akaba n’indryarya ikomeye cyane kandi akiyita umuhanga ukomeye nyamara n’umuntu usanzwe!
Icyo gikomerezwa gikunda amafaranga cyane,kubera rero akunda amafaranga dore Uhoraho agiye kumufungurira inzira y’umugisha kuko uwo niwo mutego we,ahabwe uwundi mulimo muri organization ikomeye kandi azahembwa amadollar menshi cyane ku buryo adashobora kwihanganira kureka uwo mulimo maze bibe inzira yo kwigizwayo ajye kure y’ubwami bw’uRwanda kugirango atazongera kurosera ubwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho abitegetse!
Ndasubiza nti ni jyewe Nyagasani.Ndabwira ngo;uko wasukuye ruriya rusengero,uko niko Uhoraho agiye gusukura itorero rye kugirango yitunganirize ubwoko bwe!Kugirango ibirura byaragiye intama bitarahamagawe n’Uhoraho,bimenye ko intama zifite umwungeri kandi ko zifite nyirazo maze izo nkozi zikibi zihaye kuragira umukumbi utari uwazo zicirwe imanza zo gukiranuka kugirango urubanza rwali hagati yazo na nyirazo rurangire uko niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kundemesha rimbwira yuko rigiye kunkorera ibikomeye ibyo abantu benshi bifuza ariko bananiwe kugeraho jyewe Uwiteka yamaze gutegeka ko mbikorerwa kandi yuko ibyavuzwe byose n’umwuka w’Uhoraho byose abisohoje numva ndushijeho kunezezwa nuko Uwiteka yongeye kwibuka umugaragu we akaba amutungarije imeza ye imbere ya banzi be niko Uhoraho abitegetse!
