Isesengura ry’akarere kibiyaga bigari,hamwe n’umuryango w’akarere k’Africa y’uburasira zuba,East African Community EAC ryakozwe nikinyamakuru inyangenews rigaragaza yuko utwo turere uko ari tuburi,dushobora kwisanga mu ntambara z’uruduca mu minsi iri mbere zishobora kuzasiga utwo turere tuzahajwe ni ntambara.
Reka duhere mu gihugu cya Uganda aho ku wa 18 Gashyantare 2016 habaye ikijya gusa namatora ariko mu byukuri akaba ataramatora kuko atakozwe nk’uko asanzwe akorwa binyuze muri demokarasi
Ubusanzwe iyo igihe cya matora kigeze ;abakandida bose nta numwe urusha undi agaciro kabone naho waba uri kubutegetsi.Abiyamamarije umwanya wo kuba umukuru w’igihugu,bose bahabwa amahirwe angana kandi bagakoresha ubutunzi bw’igihugu muri icyo gikorwa cyo kwiyamamaza.
Muri Uganda siko byagenze cyangwa se ngo no mu Rwanda ntihajya harangwa ubwisanzure muri politike ndetse nta demokarasi yigeze ihagera kuva abakoloni badusigira ubutegetsi.
M7 yatangaje isi yose,kuva igikorwa cya matora cyatangira yatangiye afunga uwo bahanganye kurinda igikorwa cyo gutora kirangiye.Aha wakwibaza impamvu yatumye ategura amatora kandi atiteguye guhangana nabo batavuga rumwe ahubwo bikarangira abashyize mu nzu y’imbohe!
Amama mbabazi bari bahanganye CYIZA Besige,na Ssejusa abo bose yakoze uko ashoboye abashyira mu nzu y’imbohe kuko bashatse no gutanga ikirego murukiko bavuga amatora yabaemo ubusuma ariko Babura uko batanga icyo kirego
Magingo aya M7 ntabwo ararahira nka perezida wa Uganda kandi isi yose yamaganye ibyavuye mu matora ndetse igihugu cya USA umukandida uharanira umwanya wa perezida wa repubulika Donald Trump yavuze yuko naramuka atsinze amatora azahita afunga perezida M7 ubuzima bwe bwose akaburangiriza muri gereza hamwe na Robert Mugabe wa Zimbabwe usibyeko Mugabe we wakumva ko nubu yaraye yitaby’Imana
Ikindi gihugu cyatangaje ko kizata muri yombi perezida M7 naramuka anyuze muri icyo gihugu yerekeza mur’Africa y’Epfo,n’igihugu cya Botswana cyasabye igihugu cya Kenya kuzata muri yombi perezida M7 mugihe zaba aje mu gihugu cya Kenya.Cyongeyeho ko Kenya niramuka idakoze ibyo Botswana isabye ngo hagati y’ibihugu byombi umubano ushobora kuzazamo agatotsi!
Reka tunyaruke twerekeze murwagasabo umwakagara yamaze guhindura itegekonshinga yongererwa imyaka [7] azayobora hatabaye amatora,nyuma 2024 niho hazaba amatora y’umukuru w’igihugu uzamara imyaka [5] nk’uko biteganywa nitegekonshinga rishya ryahinduwe n’umwakagara mu buryo butemewe namategeko
Igihugu cy’abaturanyi cya DR Congo amatora yagombaga kuba muri uyu mwaka wa 2016 ariko kugeza ubu Josepf Kabila yanze gutegura amatora kuburyo uhereye ejo mata 2016 abatavuga rumwe na Kabila bashobora kuzatangira ibikorwa byo kwigaragarambya bishobora kuzavamo intambara kuko amatora yagombaga kuba mu Ugushyingo 2016 none nta ni nzozi barota nibura zagaragaza ko hashobora kuzaba amatora.
Igihugu cy’Uburundi cyo kigeze mu marembera aho bivugwa yuko umukuru w’igihugu Peter Nkurunziza ngo yaba arimo ashaka guhunga igihugu ngo nyuma yahoo biciye Colneri na Major ngo yaba yamaze kubona yuko ibintu bitacyoroshye.Amakuru aturuka mu gihugu cy’Uburundi aravuga yuko ngo yaba yagiriwe inama yo kwegura ariko akaba na none yabuze uko yakwegura kuko yahita asiga igihugu mukaga gakomeye none abasangira ngendo be ba CNDD/FDD ngo bamusabye gupfa kigabo
Igihugu cya Kenya haravugwa uruntu runtu ko ngo amashyaka [2] yihuje agakora aamtora The National Aliance TNA iyobowe na Uhuru Kenyatta, hamwe na United Republic Party URP iyobowe na William Ruto ngo byaba bigiye gukora gatanya ubukwe bari barakoze aho bubakanye urugo rumwe muri werurwe 2013 ngo byaba byananiranye kubana hamwe bitewe nuko ngo icyegera cy’umukuru w’igihugu yaba agiye gufungwa murukiko mpanabyaha rwa ICC
Birahwihwiswa yuko URP ishobora kwitandukanya na TNA kubera ko TNA yagambaniye URP murukiko rw’I LA HAYE mu gihugu cy’Ubuhollande,ngo naramuka afunzwe URP ishobora kuzifatanya nabatavuga rumwe na leta ODM iyobowe na Odinga Raila aho bashobora kuzakoresha intekonshinga mategeko bagatora NO CONFIDENCE AGAINST UHURU KENYATTA bisobanura kumuraho icyizere.