Home News Abo muri gakondo mu icuraburindi ry’itangaza makuru!!!

Abo muri gakondo mu icuraburindi ry’itangaza makuru!!!

0

Amakuru aturuka muri gakondo yabakiranutsi,aravuga yuko,ngo abanyagakondorero batakibasha gusoba ikinyamakuru inyangeNews na egretNews gakondo z’Umuhanuzi Majeshi Leon.

Ubutegetsi bw’umwakagara bwakoze ibishoboka byose kugirango bubulizemo itangaza makuru ryigenga rya INYANGENEWS MEDIA AGENCY (INMA) rikorera mu mahanga ritangaza amakuru y’umwimerere afite ibimenyetso bihagije ariko kubera integenke zo gutekereza ntabwo bashoboye kugera kumugambi wabo mubisha kuko bagerageje gusenya ikinyamakuru nshuro nyinshi kugirango abaturarwanda batabasha kumenya ibikrerwa mu gihugu.

Ibi bikaba ari gihamya yuko ubutegetsi budashaka ko abaturarwanda batamenya ibikorwa barimo gutegurirwa byo kubatsembaho kubera ubutegetsi bwa FPR butahwemye gutoteza abanyagihugu ndetse nabanyapolitike batavuga rumwe cyangwa batabona ibntu kimwe nuko RPF ibibona

Bagerageje gukoresha abantu batandukanye balimo uwahoze arumufasha w’umuhanuzi Majeshi Leon,nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryabivuze muri 2013 maze akabigira ibanga maze igihe cy’ubuhanuzi gisohoye uwahoze ari madame ISHASHI ye imusiga mubutayu yerekeza muri gakondo nibyo twise mu mvugo yubuhanuzi ko nyampinga uzava mu butayu agasubira muri gakondo azaba kimwe mubimenyetso bya nyuma by’intambara izakuraho ubutegetsi bugizwe nagatsiko k’Abega kabicanyi gakomeje koreka igihugu mukangaratete ku buryo amizero yuko harabazacika ku icumu agerwa kumashyi!

Bakoresheje ubutgetsi bafunga count yanjye ya facebook,bashakaga ko nzajya ndwana nayo ngo mpindure za password maze babone aho mperereye maze bante muri yombi.Ibyo byatumye dukora ibyo ijambo ry’Uhoraho ryadutegetse gukora maze tugura software encryption itagaragaza aho duherereye turi kumulimo w’Uwiteka.

Bamaze kubona bimeze gutyo bahitamo gufunga ibinyamakuru bya company duhagaragriye INYANGENEWS MEDIA AGENCY kuburyo amakuru akomeje kugera ku inyangenews aratubwira ko abanyarwanda batuye murwagasabo bakomeje guhura nakaga ko kuba mu mwijima batamenya ibikorwa by’ubutegetsi bw’Abicanyi bakoemeje gukora bikaba bagaragara ko abaturage bashobora kuzagwa mu mutego mutindi ubwo ruzaba rwambikanye dore ibihugu bikomeye ku isi muri iki cyumweru turangije byakoze inama ikomeye yo gukuraho umwakagara amakuru dukesha ibiro by’iperereza rikomeye ku isi rikorana n’ikinyamakuru inyangenews kubera ko Uhoraho yatugiriye Ubuntu bwo kumenyana nabakomeye kuko twegamiye umugabo ukomeye kubaruta.

Uyu mulimo ukomeye utoroshye Uhoraho yadushinze wo kuzajya tubagezaho amakuru bigaragara yuko ukorwa neza kuko niba utakorwa neza ntabwo ubutegetsi bwa gatsiko kabicanyi bwakomeza kuduharanya badusanga no mu mahanga aho twabahungiye ngo bashake kuduca igihanga.Ariko Uhoraho twiringiye ntajya abura kudutabara ngo yiheshe icyubahiro.

Ikinyamakuru inyangenews kikaba gisaba abanyarwanda babishoboye kuzajya bohererezanya amakuru yingira kamaro mukoresheje za e-mail zitari mu mazina yanyu kugirango nibura turebe yuko harabazarokoka mu gihe ruzaba rwambikanye nibura hazagire ababasha kurokoka nubwo bizaba bitoroshye!

Ariko har’ikintu mwari mukwiye gutekereza,turabizi neza yuko amakuru tubagezaho ar’ingiramumaro,ariko mujya mufata akanya ngo mutekereze uburyo aya makuru abageraho ese hasabwa iki kugirango tuyabagezeho?Uwiteka alinda akoresha za magigiri ari uko mudahari?Ariko nyamara umwakagara namara kuvaho uzasanga mutangira kuvuga ngo mwansengeraga ubwo se wowe uwaguha amasengesho gusa yakumarira iki?Hari nabatagira isoni nka magigiri wadutse muri iyi minsi wiyita willy yanditse za e-mail avuga ko Kaunda ikinyamakuru inyangeNews cyane kandi ko agishyigikiye maze ndamubwira nti niba gishyigikiye ngaho tanga umusanzu wawe

Asubiza avugako umusanzu we arugusengera umulimo w’Imana hamwe nabakozi bayo,ubwo se umulimo wabaho abawukora batariho?Umulimo ninde,uwukora we ninde?Mukwiye kureka kuba abapfapfa igihe tumaze Uhoraho atugirira neza nubundi azakomeza ariko mumenye neza yuko urufatiro twubaka twenyine igihe kizagera mukifuza kubaka kuri urwo rufatiro reka twizere yuko amagambo yo kuvuga ko mwadusengeraga mutazayakoresha ahubwo muzihana urukundo rucye ruvugwa kuminwa ariko byagera kubishyira mubikorwa mwese mugasubira inyuma.

Burya urukundo rugaragara mu gihe cy’akaga mu gihe gikomeye nyamara ubutwari nuguhagararana nabagaragu b’Uhoraho no mu gihe byaba ngombwa ko ucirwa igihanga kubera mwene so!Niyompamvu munzandiko nyinshi z’intumwa Paul muzasangamo aho avuga ko Akwila na Pricila bamubereye abumumaro.Ni uko igihe cyo gucibwa igihanga kwe bemeye gupfana nawe bakamuhisha mu nzu yabo babonye bikomeye bamucisha mu idirishya nk’uko abivuga maze bakiza ubugingo bwe.Ese muzajya mukundana mu mahoro gusa nibigera mukaga muryane?Ko mbona se mutiny ibishashi umuriro utaraza ko hasigaye gato ngo umuriro wake muzabyifatamo gute?Erega gupfa ntawe byishe!

Mureke duhuze umurunga w’urukundo kugirango duhashye umwanzi satani hamwe na FPR n’umwakagara kuko abo nibo banzi bacu baturembeje maze murebe yuko Uhoraho atazadushyigikira kuko abishyize hamwe Uhoraho arabasanga.Ariko nimukomeza kuba banyamwigendaho ntakabuza yuko isega ritazabura kudutanyaguza umwe kuri umwe kubera kwitandukanya kwacu ngo nibwo bwenge bw’ik’igihe

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar