Mbona mfashe impungure bari bateguye ngo bazinzanira muri gereza,ndazifata ndazibagaburira kuko nabo bari bashonje cyane bafite inzara.Maze ndabwirwa ngo”ibyo bakwifurizaga,nibo bisohoyeho niko Uwiteka avuze!”.Mbona urubyiruko rwa Bega rwinjizwa muri gereza aho bajyaga bafungira abandi bamenya yuko Uwiteka ari we mucamanza utabera niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nuko rero wikomereze inzira wigire mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,maze abagushakisha ubihorere kuzageza igihe cyabo cyategetswe n’Uhoraho kibanze gisohore bakurwe ku ngoma maze ubone kwidegembya ntawukiguhiga wikomereze gahunda zawe umutima utuje uko niko Uwiteka akuburiye,kandi nuko avuga.
April 5, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi Umwakagara yarayisenye akubita hasi amazu yasanze murwagasabo yubatswe na za Leta za bahutu.Mbona azamuye amazu maremare ataruko ashaka kuzana amajyambere,ahubwo agambiliye gukenesha abanyarwanda bo mu bwoko bwa bahutu.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo mu Umurwa mukuru w’Iyerusalem yazamutse ku buryo bukomeye cyane!
Kuko Umwakagara na bambari be,bagambiliye gukenesha abantu banjye ngo azabone uko abakubita hasi burundu azabategeke ubuziraherezo.Bwira ubwoko bwanjye yuko ngiye kubaha ubutabera kandi yuko azashaka mu maso h’Uwiteka azabasubiza ibyo bahoranye baruhiye byaturutse mu maboko yabo uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi ibyo zigambiliye biburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nerekwa umufuka wa magyi wa kilo 100,uhetswe ni nkozi z’ibibi zigiye gushaka uko zahumanya abantu,maze umuyaga uraza uhungabanya ingorofani bari bayahetseho,ako kanya amagjyi yose aramenagurika.
Ijambo rirabwira riti,mwana w’umuntu,ibigeragezo byari bije none Uwiteka abiburijemo,abadayimoni bari bagiye kuvuka ngo bakujujubye,bose baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nkomeza guhishukirwa ibikomeye bikorerwa mu isi ya bazima,mbona Idini rya Vivante riyobowe na Gataha Staraton inkozi y’ikibi yo mu bwoko bwa “soothersays” imbaraga bakoresha zo mu maso ukareba umuntu ukamenya ibyo atekereza cyagwa gahuna ashaka gukora,cyangwa ukamenya ikimuzanye agushakaho.Babyita ngo nimbaraga zituruka muri ‘science’ ariko ni mbaraga z’umwijima zikoreshwa cyane muri za kaminuza abazikoresha bahgarariye idini rya Satani bita “ILLUMINATI”.