27th dec,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore peter Nkurunziza atangiye kwifuza kuva kubugetetsi.Amaze gutegura ko agiye kuzafata urugendo hanyuma akazahunga igihugu akarekura ubutegetsi kuko amaze kubona isi yose yamuhagurukiye kandi akaba adashobora kuzatsinda iriya ntabara uko niko Uwiteka avuga.Dore aracyafite amahitamo urupfu cyangwa ubugingo ariko bizamugora cyane kugira amahitamo meza kuko byose bingana nurupfu haba kurekura ubutegetsi cyangwa kwicwa byose birangana kuko atazabura kuruhukira mu nzu y’imbohe y’ubuzima bwe bwose niko Uwiteka avuga.
Umwuka w’Uwiteka akomeza kunganiriza no kumbwira ati,mwana w’umuntu,andika kandi uburire ubwoko bw’Uwiteka dore hoherejwe intasi z’abakobwa bab’Abatutsi-Kazi kujya kwigira impunzi kandi zigiye zipfunyikiwe impamba (2) impamba ya (1) namafaranga yo kuzakoresha muri wa mulimo bahawe na Satani kuroga no kwica abatariho urubanza Imbamba ya (2) bitwaje amarozi yo guhumanya abanyarwanda bize bafite amashuli nabahoze arabasirikare kandi bahawe misiyo yuko bazajya barongorwa nabagabo bashaka kwica bamara kubaha ubutarara bagahita bakuramo akabo karenge niko Uwiteka avuga.
Burira ubwoko bw’Uwiteka uti,uzashaka gushaka ashake uwo azi cyangwa babe bihanganye kuko nubundi hasigaye gato cyane banjira muri gakondo basezeranijwe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka ababuriye!Dore nimubona gakondo mwasezeranijwe muzabura abakobwa bo kurongora kuko abazaba barakoze umurimo w’ubutasi n’nubugambanyi ntabwo bazatinyuka kuzataha murwagasabo cyane ko bazaba bazwi kuko abo bose Uwiteka atazabura kubakoza isoni uko niko Uwiteka avuga.
Mbonako bahawe na za Camera zo kuzajya bafotora umuntu uhigwa bazaba bamaze kugera kugirango bohereze ifoto ye maze bazabone uko bategura umugambi wo kumwivugana.Nuko rero mwana w’umuntu hanurira izo nkozi zikibi uzibwire ngo muravumwa wa muvumo w’Uwiteka Imana uzababaho iteka niteka kuko mwagambaniye bene wanyu mu gihe cya kaga ibyago na makuba uko niko Uwiteka avuga.
Muzarya mwe guhanga,muzambara mwe kuberwa,muzanywa mwe gushira inyota,kandi urwango ruzabahoraho kuzageza igihe uzihanira iyo mirimo mibi,ariko ndabagira inama yuko mwayireka kuko bishobora kuzabahenda kugirango muzihane kandi mwarariye intonrano zabadayimoni ziterekerejwe n’umwakagara dore mwamaze kwiga imico mibi,ngaho nimuyireke mwige imico myiza kugirango muzabone ubugingo byaba atar’ibyo,muakaba mugiye guhura nakaga gakomeye cyane uko niko Uwiteka avuga.
Izi nyanga birama zabwiwe ko zitagomba kubyarana n’umuntu bazaba bashaka kugambanira,babwiwe ko bazajya bakoresha bya binini bituma badasama bityo mur’izo gahunda bakaboneraho uburyo bwiza bwo guhitana uwo bakeneye kurimbura ubugingo bwe,babwowe ko bazajya bavuga ko bafashwa na bene wabo baba Iburayi kugirango ntihazamenyekane isoko yamafaranga azaba akoresha.
Muramenye ntimuzafatanwe inyandiko ahubwo muzajye mukoresha itumanaho(E-mail)skype and facebook kugirango mwirinde uburyo bwatuma mu menyekana muzajye mukabari,mujye munsengero aho bazaba bateraniye mwiyegereze abayobozi binsengero kugirango mujye mubaha ku cya 10% bityo baz
abashe kubakunda no kubashyira mu myanya yo murusengero maze bizaborohera kubona uwo mushaka.Nongera kubona bashaka igice kigizwe nabiiyita abapfumu,maze bherezwa hirya no hino ku isi bahabwa misiyo yokwihindura abahanuzi kugirango bajye kuvangira abanyarwanda b’impunzi no kubahanurira ibyiza kugirango babumvishe yuko badakwiye kwifatanya nabantu bagiye bagiye gutera igihugu bagiye kumena amaraso bityo abantu bazagira ubwoba maze bareke gutanga imisanzu bahora batanga yo kurwanya leta y’umwakagara.
Ntizigere mwamagana ubuhanuzi bw’umuhanuzi Majeshi Leon kuko benshi barabwizera,kandi burafatika ahubwo muzabwongeremo ibindi kugirango murusheho kubavangira,tuzajya tuboherereza amafaranga maze muvuge nk’uko ajya avuga ko Uwiteka yakoresheje abantu be bakaba babahesha umugisha kuko icyo gihe tuzabaha ibinyamakuru bikorera hanze bidukorera ariko byitwa ko birwanya leta yacu nk’ikazaiwacu.fr ibyo izabasha kubidufashamo uko niko umwanzi akoze inama ye yanzura atyo!
Dore mufite misiyo yo kugenda mushakisha abantu bakomeye turabaha na mazina yabo ndetse tubarangire naho batuye muzagenda mubabwira ko Uwiteka ababtumyeho bamwe mubahanurire ko Imana ivuze ko bagiye gusubira murwagasabo kandi ko bagiye gukomera kuko Uwiteka abahaye umugisha uko niko Uwiteka avuga.Muraba bapfumu harimo nabapastor bemeye kuyoboka umwakagara bazajya bajya kubwiriza impunzi aho ziri ku isi hose.
Dore bazajya bakoresha abayobozi bimpunzi babahe amafaranga hanyuma babatumirire abaturage kugirango baze mugikorana uko niko Bishop Rwandamura Charles yakoraga akiri mu gihugu cya Uganda ahari baribwira yuko byazabafasha mugusenya icyo bise IDEOLOGY mbi bakaba bashaka gukangurira abaturage gaunda y’itahuka ry’Umwami w’uRwanda nk’uko babikoze Uganda kandi bigatungana maze abazayiyoboka bizabafasha kubona uburyo bwiza bwashaka politike abo muzahite mubaca ibihanga muzaba mubabonye kuburyo bworoshyen uko niko Uwiteka avuga.
Murabona yuko Esther Marie Murebwayire akomeje gukora umurimo mwiza yatangiye wo kubwiriza impunzi kandi uwo murimo awukora neza,dore amaze kuzenguruka Uburayi ndetse ajya anabwiriza no kuri raioitahuka ndetse vubaha aherutse mur’Africa yepfo yahakoze umurimo mwiza cyane mwibwira se ko Atari twebwe tumuha support?Namwe rero mwikuremo ubwoba kandi mukomere murwanire igihugu cyanyu kukonimutakirwanira muzasubira mubuhunzi aho mutazaba mufite ibyiringiro byo kuzagaruka murwagasabo kandi nihima undi muntu azabarwanya abice amareho.
Nuko rero kubwo kulinda ubuzima bw’abanyarwanda musabwe kwitangira igihugu cyanyu kandi muzahabwa igikenewe cyose nta cyo muzabura mupfa gusa gukora umurimo mwiza,kandi mukamenya yuko uzamena ibanga azabihanirwa turabizi murabakobwa ushobora gukundana n’umuntu ukibagirwa umurimo wagiye gukora ugasanga agukuyemo amakuru yose murabizi ko bahita bayashyira ahagaragara ubwo urumva ko kuzamenyekana kwawe bitari kure ahubwo uzahita ukorerwa ibyo wari wagiye gukorera abandi uko niko tubahaye briefing utazayikurikiza abivuge hakiri kare ye kwirirwa yangiza umwanya we ndetse ngo yangize namafaranga y’igihugu bityo hagende ababishoboye uko niko Uwiteka ababuriye
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu bwira abanyamurenge uti,muravumwa wa muvumo Uwiteka yabavuzeho,kuko mwananiwe kugendera mu bwiza bw’Uwiteka ahubwo mukagendera mubushake bw’umwana w’umuntu.Dore mwanze kwihana kandi mwaraburiwe igihe kibaye kirekire ariko mwaranze niyompamvu aho muzajya hose mutazahirwa kuko ukuboko k’Uwiteka kubaramburiweho kandi ku kazabaremerera kuko mwanze kumva iyo ivuga yo mujuru uko niko Uwiteka ategetse!
Abakobwa banyu bazakura babure urushako,abazashaka bazabura urubyaro,abazabona urubyaro bazabura amahoro mu mago yabo(mbese ntamahwemo)uko niko Uwiteka avuga.Kuko mwamanitse amajosi mwanga kumvira ibyo Uwiteka yabasabye gukora kandi suko mutabizi ahubwo mwarabyirengagije ahubwo muhora muririmba amasezerano nahaye basokuruza igihe cyabo cyaraarngiye kandi nababwiye ko urubyaro rwabo nurunyubaha nk’uko bo banyubashye ko nabo nzabaha umugisha mu isi yabazima.
Ariko mwaranze mugendera mu nzira za Ballam mwene bewori wemeye kurya intonorano ngo avumwe ubwoko bwanjye nyamara se ni njoro sinari namubujije ko atagenda kuvuma ubwoko bwanjye?Uko niko Uwiteka abaza!None namwe niko mwabaye mwananiwe gushaka mu maso h’Uwiteka ahubwo musigaye mwirirwa muyoborwa nabanyenzozi zibadayimoni bavuga ngo anavuze kandi ntavuze niyompamvu mugiye guhura nakaga mu bihugu byose ku isi mwahungiyemo nzabateza inyatsi nta kintu muzatunga mu bubiko bwanyu nzababuza amahoro kuzageza igihe muzabona yuko mwacumuye k’Uwiteka mukihana mutakwihana nkabarimbura kuko kubaho kwanyu nta cyo kuzaba kumaze uko nuko Uwiteka avuga.





